Tags : Angola

Angola: Abanyamategeko bareze Perezida Dos Santos kubera umukobwa we

Abanyamategeko 12 b’imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu muri bagejeje ikirego mu rukiko rurinda Itegeko Nshinga barega Perezida Edouardo Dos Santos gushyira umukobwa we Isabel ku buyobozi bwa kompanyi ya Leta ishinzwe ibya Gas n’ibikomoka kuri Petroli. Ngo yamushyizeho binyuranyije n’amategeko. Taliki 27 Ukuboza 2016 Urukiko rw’Ikirenga rwanze kwakira iki kirego ubu bakijyanye mu rukiko rurengera […]Irambuye

2016: Havumbuwe amoko 133 mashya y’inyamaswa n’ibimera

*Ngo aya yavumbuwe ni macye cyane ugereranyije n’akekwa…Ngo ni 10% gusa… Abahanga bo mu kigo cy’ubushakashatsi cyo muri California, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika barimo Dr  Shannon Bennett baratangaza ko havumbuwe amoko mashya 133 y’inyamaswa n’ibimera byavumbuwe mu mazi, mu mashyamba no mu butayu mu bice bitandukanye ku Isi.  Muri aya moko mashya y’inyamaswa n’ibimera […]Irambuye

Angola ubu niyo ‘Champions’ wa Africa muri Basketball U18

Kigali – Ikipe y’igihugu ya Angola itwaye igikombe cya Afurika muri Basketball mu batarengeje imyaka 18, itsinze Misiri amanota 86 kuri 82. U Rwanda rwarangirije ku mwanya wa gatanu muri iri rushanwa rwakiriye. Kuva mu 1998 nibwo Angola yegukanye iri kamba. Kuri iki cyumweru tariki 31 Nyakanga 2016, kuri petit stade i Remera nibwo uyu […]Irambuye

Angola: dos Santos umaze imyaka 35 ku butegetsi ngo azarekura

Perezida wa Angola Jose Eduardo dos Santos wa kabiri umaze igihe kirekire ku butegetsi muri Afrika, yatangaje ko mu 2018 azatanga ubuyobozi. Icyo gihe azaba yujuje imyaka 39 ayobora igihugu kuko yagiye ku butegetsi mu 1979. Ibi yabitangarije muri kongere y’ishyaka riri kubutegetsi rya MPLA. Yagize ati: “Nafashe umwanzuro wo kuzarekura ubutegetsi, nkarangiza ibikorwa byanjye […]Irambuye

Ikipe ya Cameroon yageze mu Rwanda mu mukino wa gicuti

Ikipe y’igihugu ya Cameroon, Lions Indomptables yageze i Kigali kuri uyu wa mbere aho yiteguye gukina umukino wa gicuti n’Amavubi ku wa gatatu tariki 6 Mutarama, zombie ziritegura irushanwa rya CHAN 2016 rizatangira mu Rwanda tariki 16 Muatara kugeza ku ya 7 Gashyantare 2016. Intumwa za Cameroon zigizwe n’abantu 35 bagizwe n’abakinnyi 26 zageze mu […]Irambuye

U Rwanda na Afurika y’epfo mu biganiro bigamije ubwumvikane

Mu nama yiga ku mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari iri kubera mu murwa mukuru wa Angola, Luanda, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame na mugenzi we w’Afurika y’epfo Jacob Zuma bemeje ko bagiye kuganira ku cyakorwa ngo bagarure umubano mwiza umaze iminsi ujemo igitotsi kubera ibitero byagambye mu rugo rwa Kayumba Nyamwasa, Afurika y’epfo igashinja […]Irambuye

en_USEnglish