Tags : Amagaju FC

Rayon Sports yihanije Amagaju FC iyatsinda 6-0

Nyamirambo – Kuri uyu wa gatatu mu mukino wo ku munsi wa 29 wa Shampiyona, Rayon Sports yakiriye Amagaju Fc iyazimanira ibitego 6-0, byashimangiye ubushobozi bwa Rayon Sports mu gusatira izamu. Uyu mukino wabaye nijoro kugira ngo ubone abafana, wabaye nyuma y’ibibazo by’imishahara no kwivumbura kw’abakinnyi ba Rayon Sports byavuzwe mu ntangiro z’iki cyumweru ndetse […]Irambuye

Muhanga itsinze Amagaju 4-1, Ombolenga afasha Kiyovu gutsinda Espoir

Kuri uyu wa kabiri, hakinwe imikino y’umunsi wa 17 wa Shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda, Muhanga inyagira Amagaju FC 4-1, mu gihe Kiyovu Sports yatsinze Espoir igitego 1- 0. Muri uyu mukino, umuzamu w’amagaju Rukundo Protegene bita Tiger, yahawe ikarita itukura, ku ikosa yakoreyakoreyye Bokota Labama. Mu minota 25 ya mbere, Nizigiyimana na Nzigamasabo […]Irambuye

Irushanwa ry’Agaciro muri 1/4: Rayon Sports vs Mukura. APR vs

Mu mukino wayo wa mbere mu rishanwa ry’Agaciro Developent Fund ry’uyu mwaka kuri uyu wa mbere ikipe ya Rayon Sports yihagazeho itsinda Amagaju iyasanze i Nyagisenyi 2 – 0. APR nayo yitwaye neza bitayoroheye imbere ya Bugesera. Muri 1/4 Rayon izacakirana na Mukura naho APR FC ihure na Police FC. Rayon Sports ibitego byayo byatsinzwe […]Irambuye

Mukamba wakiniraga Amagaju yitabye Imana

Jean Baptiste Mukamba wavuye mu ikipe y’Amagaju FC muri ‘saison’ ishize ya shampionat yitabye Imana i Bujumbura mu Burundi mu ijoro ryo kuri uyu wa 06 Mata 2015 azize indwara. Umwe mu bayobozi b’ikipe y’Amagaju yabwiye Umuseke ko uyu mukinnyi yitabye Imana mu ijoro ryo kuwa mbere mu bitaro i Bujumbura azize indwara babwiwe ko […]Irambuye

Umutoza Bekeni arasaba Amagaju miliyoni 350 ngo atware igikombe

NYamagabe – Umutoza mukuru w’ikipe yo mu cyiciro cya mbere muri shampiyona y’u Rwanda Amagaju FC, Abdul Bizimana uzwi ku izina rya Bakeni yabwiye Umuseke ku cyumweru ko niba ikipe atoza ishaka gutwara igikombe cya shampiyona igomba kumaha miliyoni 350 z’amafaranga y’u Rwanda, kugira ngo abe yacyegukana. Nyuma y’umukino wa gicuti wari wahuje ikipe ye n’ikipe […]Irambuye

Ingengo y’imari ya FERWAFA umwaka utaha ni miliyari 3 na

Remera, 11 Nzeri – Inteko rusange y’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda iterana rimwe mu mwaka yaraye iteranye ihuje abanyamuryango ba FERWAFA ifata imyanzuro itandukanye. Umwe mu ikomeye harimo guhagarika ikipe y’igihugu y’abagore n’iy’abatarengeje imyaka 17 mu mwaka utaha. Muri iyi nteko rusange bemeje ko ikipe y’igihugu nkuru y’abagore n’iyabatarengeje imyaka 17 bazisheshe mu gihe cy’umwaka […]Irambuye

en_USEnglish