Tags : Ali Bongo

Gabon: Hakoreshejwe indege mu kurasa ku biro by’utavuga rumwe na

Mu gihugu cya Gabon nyuma y’uko uwari Perezida Ali Bongo yongeye gutorwa, akanatangazwa ko ari we watsinze amatora, ibintu bikomeje kuba bibi kurushaho, nyuma y’uko ingoro y’inteko Ishinga Amategeko itwikiwe, kajugujugu yifashishijwe mu kurasa ku biro by’abatavuga rumwe na Leta. Umuyobozi w’abatavugarumwe n’ubutegetsi Jean Ping yatangarije BBC ko abarinzi ba Perezida kuri uyu wa kane […]Irambuye

Gabon: Perezida Bongo niwe watowe, hakurikiye imyigaragambyo

Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu muri Gabon Pacôme Moubelet-Boubeya amaze guhabwa amajwi na Komisiyo y’amatora maze atangaza ko Perezida Ali Bongo Ondimba yatsinze amatora n’amajwi  49.85% naho Jean Ping agira 48.16%. Ibi byakurikiwe n’imyigaragambyo, mu gitondo cyo kuwa kane byavuzwe ko abantu babiri bamaze gusiga ubuzima mu myigaragambyo ibahanganishije n’abashinzwe umutekano. Ali Bongo ngo yatowe n’abaturage 177 722 naho Jean Ping […]Irambuye

Gabon: Ping aravuga ko yatsinze, ngo ategereje Perezida umwifuriza Ishya n’ihirwe

*Ati “Natowe, ntegereje umukuru w’igihugu umpamagara akanyifuriza ishya n’ihirwe” I Libreville muri Gabon, Jean Ping uhanganye na perezida Ali Bongo mu matora y’umukuru w’igihugu yatangiye  mu mpera z’iki cyumweru dusoje (imyanzuro ya nyuma ntirasohoka), aratangaza ko ari we watsinze, ndetse ko ategereje bagenzi be bayobora ibihugu ko baza kumuhamgara bakamwifuriza umurimo mwiza wo kuyobora Gabon. […]Irambuye

U Rwanda na Gabon byakuyeho amafaranga acibwa uhamagaye hanze

Kuri uyu wa mbere, mu biganiro ku mugambi wo kugira umugabane wa Africa isoko rimwe mu ikoranabuhanga “Smart Africa”, u Rwanda na Gabon byakuyeho amananiza mu bijyanye no guhamagarana hagati y’ibihugu ibyitwa “Roaming Charges”. Imibare igaragaza ko nyuma yo koroshya uburyo bwo guhamagarana mu bihugu bigize umuhoora wa ruguru, guhamagara na telephone hagati y’ibihugu bigize […]Irambuye

Smart Africa biyemeje kugabanyamo kane ibiciro by’itumanaho

Mu Rwanda kuri uyu wa mbere habereye inama yahuje abahagarariye imirongo y’itumanaho mu bihugu bihuriye mu muryango wa Smart Africa baganira ku buryo bushya bwakorohereza abaturange mu itumanaho, aho igiciro cyo guhamara cyari Frw 500, guhera tariki ya 9 Gicurasi kizaba gishyizwe ku Frw 120 mu igerageza. Byagiye bigaragara cyane ko itumanaho hagati y’abantu muri […]Irambuye

Kuki umutungo kamere wa Africa utadukiza ubukene?

Afurika niwo mugabane w’Isi ukungahaye ku mutungo kamere kurusha indi, amabuye menshi y’agaciro, amashyamba y’ibiti by’agaciro, ubutaka buhingwa bukera neza, peteroli, gaze n’ibindi, ibi ntibibujije ariko kuba ariwo mugabane urangwamo ubukene, inzara n’intambara ndetse ibi by’agaciro Africa ifite usanga bijyanwa mu nganda ku yindi migabane bikaba aribo bikiza Afurika yo igakomeza gukena cyane. Hakenewe impinduka? […]Irambuye

Perezida Kagame yagiranye ikiganiro na Laurent Fabius w’Ubufaransa

Ntibiratangazwa icyo ibiganiro hagati ya Perezida Kagame na Ministre w’Ububanyi n’amahanga w’Ubufaransa Laurent Fabius byibanzeho ubwo baganiraga ukwabo nyuma y’inama ya New York Forum Africa iri kubera i Libreville muri Gabon, aba bagabo bicaranye ahagana saa saba z’amanywa kuri uyu wa gatanu tariki 23 Gicurasi. Inama ya New York Forum Africa ni inama iri kubera […]Irambuye

en_USEnglish