Tags : Abaturage

I Rukumberi bibye ‘Bandelore’ yo kwibuka n’ibendera ry’u Rwanda

Ngoma – Mu ijoro ryakeye abantu bataramenyekana bateye ku kagari ka Rubona mu murenge wa Rukumberi bavanaho igitambaro(banderole) cyanditseho insanganyamatsiko yo kwibuka ndetse aha ku biro by’Akagari bahatwara ibendera ry’igihugu. Aha i Rukumberi mu kagari ka Rubona umudugudu wa Maswa II niho hari urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi muri aka gace, bakaba bitegura kwibuka ubwicanyi […]Irambuye

Sindandika mbisaba ariko ndi kumwe n’abasaba ko itegeko nshinga rihinduka

26 Werurwe 2015 – Minisitiri w’Ubutabera Johnston Busingye kuri uyu wa kane yabwiye abanyamakuru ko ashyigikiye abasaba ko itegeko nshinga rihinduka nubwo atarandika abisaba, yabivuze nyuma y’umuhango wo kurahiza abahesha b’inkiko batari ab’umwuga. Mu kiganiro n’abanyamakuru cyakurikiye uyu muhango wo kurahiza abahesha b’inkiko 31 batari ab’umwuga, imihango yabereye kuri Minisiteri y’Ubutabera ku Kimihurura. Umwe mu banyamakuru yabajije […]Irambuye

Imyumvire yo ‘kuniganwa ijambo’ igenda icika – Min Kaboneka

Kigali, 20 Ukwakira 2014 – Mu nama nyunguranabitekerezo ku byavuye mu kwezi kw’imiyoborere kwatangiye kuwa 22/09/2014 kukaba kugiye gusozwa, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu Francis Kaboneka yavuze ko iby’imyumvire y’abayobozi badaha umwanya abaturage ngo bavuge ibitekerezo n’ibibazo byabo biri kugenda bihinduka. Yibukije abaturage ko nabo bagomba kumenya ko bafite uruhare runini mu kwikemurira ibibazo byabo. Muri rusange […]Irambuye

Perezida Kagame yanenze abayobozi badakemura ibibazo by’abaturage

Mu ruzinduko  Perezida   Paul Kagame  yakoreye  mu murenge wa Kiyumba  i Muhanga  kuri uyu kane   yanenze bamwe mu bayobozi  badakemurira abaturage ibibazo ahubwo bagategereza  ko  ari we  ugomba kuza kubibazwa. Nyuma y’ijambo rye  perezida Paul Kagame  yatanze umwanya ku baturage,  uyu mwanya  w’ibibazo utabaye muremure  nkuko  bikunze kuba hirya no hino  mu ngendo ze,   mu […]Irambuye

Ruhango: Rwiyemezamirimo yahaye Abaturage sheki itazigamiye

Mbonimpa  Slyvestre wahawe  isoko   ryo kubaka   ikimoteri cy’Akarere ka Ruhango,  yabeshye abaturage  ko Akarere ka Ruhango  kanze kumwishyura  bituma  atanga Sheki itazigamiye  iriho miliyoni  ebyiri zirenga z’amafaranga y’u Rwanda.  Bamwe muri aba baturage  bahawe sheki itazigamiye bavuganye n’Umuseke,  batangaje ko rwiyemezamirimo  Mbonimpa Slyvetre  yatsindiye  isoko  ryo kubaka ikimoteri (ahashyirwa imyanda) cy’Akarere ka Ruhango,  ariko aza  […]Irambuye

Ingamba nshya ku kibazo cy’idindira ry’imishinga ya Leta

Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu gatanu tariki ya 13 Kamena Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Amb Gatete Claver yavuze ko nta kibazo kizongera kubaho cy’imishinga ya Leta itinda kurangira ngo kuko hashyizweho uburyo bwo kuyikurikirana. Ni nyuma y’uko ku mugoroba wo kuri uyu wa kane Ministre Gatete atangarije Inteko ishinga amategeko ingengo y’imari y’umwaka wa 2014-2015 izatangira […]Irambuye

en_USEnglish