Nkuko twabasezeranije ko tutazabicisha irungu, uyu munsi turabagezaho ubukwe bw’ibitwenge gusa gusa aho imigani y’Ikinyarwanda umukwe mukuru yayivuye imizi ariko akajya agivuga mu gihe kitari icyayo. Natwe rero dushishikarire kumenya no gukoresha neza imigani y’ururimi rwacu hato tutazata umuco. Isomere wisekere. Umugabo yagiye gusaba umugeni atazi Ikinyarwanda, gusa akaba azi ko agomba gukoresha imigani ya […]Irambuye
Twiga benshi bazi ku zina rya Giraffe mu ndimi z’amahanga, ni inyamaswa usanga abantu hano mu Rwanda bemeza ifite uburebure buruta ubw’izindi nyamaswa ku isi. Ibi kandi byemezwa n’abayiboneye n’amaso yabo cyangwa abyibwirwa batarayibonye. Nawe ushobora kuba ufite byinshi wibaza kuri iyi nyamaswa: imiterere yayo, uko ibaho cyangwa n’ibndi bibazo bitandukanye. Uru rubuga rurabigufashamo. Girrafe […]Irambuye
Google yaba igiye gukora urubuga rukora nka Facebook cyangwa Twitter, Ibyo bita “Social Network” mururimi rw’icyongereza. Nkuko bitangazwa n’urubuga rwitwa Readwriteweb, urubuga rwa google ruzwiho nkurwa mbere kw’isi kubintu bijyanye nishakiro (Moteur de recherche) rwaba rugiye gushyira ahagaragara urubuga ruhuza abantu rukora nka Facebook cyangwa Twitter, urwo rubuga rukazitwa GOOGLE CIRCLES. Google circles ikozwe […]Irambuye
Ese waba warashinze urugo? Waba se witegura kurushinga? Waba wibaza impamvu umugabo wawe atanyurwa nuko mubanye ? Cyangwa wibaza cyane uko abashakanye babana ? Dore ukuri kuri ibyo. IGICE CYA MBERE: GARURIRA UMUKUNZI WAWE URUKUNDO AKWIFUZAMO Uko iminsi ishira n’indi igataha niko abashakanye barushaho gutekerezako ko gukundana kwabo ari ibisanzwe, bakirengagiza ko hashobora kubaho udutotsi […]Irambuye
Ubutayu ni ahantu ku isi hamara igihe kitari gito hatagwa imvura, ibi bikaba bidasobanura ko hava izuba ryinshi gusa, kuko ubutayu budaterwa n’izuba ryinshi. Usanga nk’ubutayu bwa Antarctika burangwamo ubukonje buruta ahandi hose ku isi. Ubutayu (Ubugaragwa mu Kirundi) ni ahantu haba hamaze imyaka ahenshi ibarirwa mu magana hatagwa imvura, ku buryo usanga, ibimera ari […]Irambuye
Bankunzi b’urubuga umuseke.com, tunejejwe cyane nuko dutangiye kwakira ibitekerezo byanyu, ibi biraduha icyizere cy’uko muri abakunzi bacu. Turahababereye rero uyu ni umwanya wawe wo gutanga ibitekerezo cyawe kikagera kuri benshi mu kanya gato cyane, nawe twandikiye kuri [email protected]. Uyu munsi rero turabagezaho igitekerezo cy’umukunzi wacu uba muri Africa y’epfo. Subject: Gutanga ibitekerezo. From: “Muhigana […]Irambuye
Abagabo ngo ntakindi batekereza uretse igitsina. Ibi biri mu gitabo gitangaje kigizwe n’impapuro z’umweru gusa (zitanditseho) uretse ku gifuniko, ngo cyaba cyarabaye icya mbere mu kugurwa kubera izina ryacyo dore ko cyitwa “What Every Man Thinks About Apart From Sex” tugenekereje mu Kinyarwanda bikaba bivuga ngo: “icyo umugabo atekereza iyo atari gutekereza ku gitsina.” Sheridan […]Irambuye
Bamwe mu bagore ntibasobanukiwe akamaro k’inama y’igihugu y’abagore. Gisagara – Abategarugori bo mu murenge wa Ndora, mu ka rere ka Gisagara ntibarasobanukirwa icyo bagenzi babo batowe kubahagararira mu nama y’igihugu y’abagore babamariye, kuko ngo usibye no kuba batabagana ngo baheruka batora, batazi n’aho abo batoye bakorera, atari uko batabakeneye ahubwo batasobanuriwe icyo babamariye. Mu gasantere […]Irambuye
Kuri Station ya Police iremera hafungiye abantu batatu bakekwaho icyaha cy’ubwambuzi bushukana (mu mvugo imenyerewe akaba ari ubwesikoro). Aba besikoro bakaba bamaze iminsi biba abantu babashuka ko babashakira akazi. Uko Isi iterimbere ni nako abatekamutwe bakomeje kwiyungura ubumenyi mukuriganya abantu. Munyemana Eric ni umwe mubateka mutwe watawe muri yombi, avuga ko ubu bwambuzi mu cyumweru […]Irambuye
Ibintu 14 by’ingenzi mu buzima bikoreshwa cyane mu bumenyi bwa muntu n’uburyo bwo kumwitaho kwa muganga. Virginia Henderson mu mwaka w’1947 yashyize ahagaragara Ibintu 14 by’ingenzi mu buzima. Ihame ry’Ibintu 14 by’ingenzi mu buzima rishingiye ku isesengura ryimbitse ry’ umuntu ku giti cye. Ibyo bintu 14 by’ingenzi mu buzima ni ibi bikurikira: Guhumeka:Ni uburyo bufasha […]Irambuye