Abahanzi tugomba kubanza tukiyubaha hanyuma tukubahana- Dj Pius

Rukabuza Pius Rickie wamenyekanye cyane ku izina Dj Pius mu itsinda rya Two 4real rimwe mu matsinda yari akomeye mu Rwanda, avuga ko abahanzi bakwiye kubanza bakiyubaha noneho bakanubahana ko ariyo ntwaro yo kugera ku byiza. Dj Pius yamenyekanye cyane mu itsinda rya Two 4Real yari ahuriyemo na Aidan TK nyuma riza gusenyuka, uyu muhanzi […]Irambuye

Umuziki w’u Rwanda ukenewemo umuntu nka Alpha Rwirangira- Jules Sentore

Rwamwiza Jules Bonheur cyangwa se Jules Sentore mu muziki, ni umwe mu bahanzi bazwiho kugira ubuhanga mu miririmbire y’umwimerere ‘Live’. Kuri we asanga Alpha Rwirangira afite byinshi yafasha umuziki w’u Rwanda kuba warushaho gutera imbere. Uyu muhanzi avuga ko umuziki w’u Rwanda ukenewemo abantu bazi ibijyanye n’ubuhanzi kandi banabifiteho ubumenyi. Bityo ko ariwo muti ushobora […]Irambuye

Umuziki nywufata nk’ibuye ry’agaciro ntarekura mu buryo bworoshye- Paccy

Uzamberumwana Oda Paccy bakunze kwita Paccy mu muziki, avuga ko kuba hari bamwe mu bahanzi bafata umuziki nk’ikibuga cyo kwidagaduriramo atari ko awufata. Ahubwo n’ibuye ry’agaciro ngo adashobora kurekura mu buryo bworoshye. Ibi abitangaje nyuma y’aho hari benshi mu bakobwa bagiye batangira gukora umuziki nyuma y’igihe gito bagahagarika ibikorwa byabo mu buryo budakunze kumenyekana ikibitera. […]Irambuye

Intore Tuyisenge yakoresheje umugore we mu mashusho y’indirimbo

Tuyisenge Jean de Dieu uzwi nka “Intore Tuyisenge” muri muzika, Ni umuhanzi umenyerewe cyane mu ndirimbo zigendanye na gahunda za Leta. Mu mashusho y’indirimbo ye yise ‘Akimuhana’ yakoreshejemo umugore we Uwihirwe Joyeuse . Muri Kamena 2015 nibwo Intore Tuyisenge na Uwihirwe Joyeuse bashyingiranywe ku mugaragaro. Nyuma y’amazi ane gusa mu Ukwakira 2015 baza kwibaruka umwana […]Irambuye

Senderi yasigishijwe irangi ku modoka ye n’umukobwa bakundana

Senderi International Hit usigaye wiyita Intare y’Umujyi, yafashe umwanzuro wo guhindura ibara ry’imodoka agendamo ayisiga ibara ry’iroza ‘Pink’ bakunze kwita iry’abakobwa ku busabe bw’umukobwa w’inshuti ye. Imodoka ya Senderi yari imaze imyaka igera kuri itandatu ifite ibara benshi bamusererezaga bavuga ko ari iryagenewe gusigwa ‘Inzu cyangwa iryo muri pisine(piscine). Mu 2015 ubwo yamamazaga sosiye y’itumanaho […]Irambuye

en_USEnglish