Uyu mukobwa ukina film muri Tanzania ahagana saa yine zo kuri uyu wa 23 Mata, yagejejwe imbere y’urukiko i Dar es Salaam ku nshuro ya kabiri. Imbere y’urukiko, uyu mukobwa uvuga ko afite imyaka 17 bityo adakwiye kujyanwa imbere y’urukiko, yasomewe nanone ibyo ashinjwa byo kwica Steven Kanumba. Lulu ntiyigeze asabwa kugira icyo avuga kubyo […]Irambuye
Ku myaka 30 Claire Squires yitabye Imana nyuma yo kwitura hasi ubwo yari bugufi gusoza aho yirukaga mu irushanwa rya London Marathon ryaraye rishojwe ku cyumweru tariki 22 Mata i Londres. Claire yituye hasi ahitwa Birdcage Walk hafi ya St James Park ku birometero 26 byaho marathon yatangiriye. Nubwo yatabawe vuba, ariko ntibyamubujije kwitaba Imana […]Irambuye
Manchester – Impungenge niba ibibazo, ubuhamya n’inzandiko byarahinduwe neza mu ndimi biri gutuma urubanza rwa Beatrice Munyenyezi ukekwaho uruhare muri Genocide rujya mu ruhande rwe nkuko byemejwe n’umwe mu bacamanza 12 baruburanisha. Beatrice akurikiranyweho uruhare muri Genocide yakorewe abatutsi mu Rwanda, ndetse arakekwaho kwinjira muri USA mu 1998 mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Ibi byombi akaba […]Irambuye
Mu kiciro cya mbere cy’amatora y’umukuru w’igihugu cy’Ubufaransa yabaye kuri uyu wa 22 Mata, umukandida Fracois Hollande yaje imbere y’abandi, akurikirwa na President Sarkozy. Bombi nibo bemerewe kuzahatana mu kiciro cya kabiri tariki 06 Gicurasi. Francois Hollande wo mw’ishyaka ry’abasosiyaliste yegukanye amajwi 28% y’abatoye naho Nicholas Sarkozy abona 26%. Ni ubwa mbere President uriho atsinzwe […]Irambuye
Ishyirahamwe ry’abarimu n’abashakashatsi ba Kaminuza Nkuru y’u Rwanda ryasabye ku mugaragaro imbabazi abanyarwanda kubera uruhare bagenzi babo bagize mu itegurwa no gushyira mu bikorwa Genoside yakorewe abatutsi mu 1994. Ibi byabaye kuri uyu wa 21 Mata 2012 ubwo muri Kaminuza Nkuru y’u Rwanda hashyingurwaga imibiri 15 y’abatutsi bazize Genoside. Iyo mibiri ikaba ireheruka kuboneka mu […]Irambuye
Nyuma y’uko umuhanzikazi Knowless asinye amasezerano muri Kina Music, indirimbo ya mbere yahakorewe yashyizwe hanze mu mpera z’iki cyumweru. Iyi ndirimbo yiswe “Sinzakwibagirwa” yakozwe na Producer Clement yumvikanamo ubuhanga, ndetse n’ivugurura mu miririmbire ya Butera Jeanne d’Arc uzwi nka Knowless. Knowless avuga ko Producer Clement yamufashije mu guha icyerekezo cyiza ijwi rye no kurinogereza biryohye […]Irambuye
FC Barcelona na Lionel Messi na Real Madrid na Christiano Ronaldo bongeye guhura, umukino uba umaze igihe kinini utegerejwe, cyane ko benshi bemezaga ko nurangira ibintu bizaba bisobanutse muri shampionat ya Espagne. Ku munota wa 73 igitego cya kabiri cyatsinzwe na Christiano Ronaldo cyashimangiye intsinzi kuri Real Madrid n’itandukaniro ry’amanota arindwi imbere ya Barcelona, ndetse […]Irambuye
Mu mukino wabereye kuri stade Sam Nujoma i Windhoek muri Namibia, ikipe y’u Rwanda y’abatarengeje imyaka 20 yatsinze Namibia U 20 ibitego bibiri ku busa mu mukino ubanziriza uzabera i Kigali mu byumeru bibiri. Nyuma y’uko igice cya mbere kirangira ari ubusa ku busa, Amavubi yaje gutsinda ibitego bibiri, byatsinzwe na Emery Bayisenge kuri coup […]Irambuye
Mu mukino w’umunsi wa 22 wa shampionat, ikipe ya Rayon Sport yari yakiriye Kiyovu Sport kuri stade Amahoro i Remera, umukino Rayon yari yaciye amafaranga 2 000 kwinjira ukicara ahasanzwe, waje kurangira itsinzwe igitego kimwe ku busa. Abafana b’umupira basanzwe bamenyereye kwinjira bishyuye amafaranga 1 000, gusa kwishyuza 2 000Frw ntibyabujije abafana bagera nko ku […]Irambuye
Nyamirambo – 21 Mata – Inama yahuje abamotari bakorera mu mujyi wa Kigali n’umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Fideli Ndayisaba n’abayobozi bashinzwe umunetano mu muhanda, abamotari basabwe kwitwararika mu kazi no kwita ku isuku yabo n’iyabagenzi mu gukoresha akanozasuku. Muri iyi nama yabereye muri Stade ya Kigali i Nyamirambo, Umuyobozi wa Polisi yo mu muhanda Chief […]Irambuye