Digiqole ad

Elizabeth “Lulu” ukekwaho kwica Kanumba yajyanywe imbere y’urukiko

Uyu mukobwa ukina film muri Tanzania ahagana saa yine zo kuri uyu wa 23 Mata, yagejejwe imbere y’urukiko i Dar es Salaam ku nshuro ya kabiri.

Elizabeth Lulu yinjizwa mu rukiko kuri uyu wa mbere/ Photo Globalpublishers
Elizabeth Lulu yinjizwa mu rukiko kuri uyu wa mbere/ Photo Globalpublishers

Imbere y’urukiko, uyu mukobwa uvuga ko afite imyaka 17 bityo adakwiye kujyanwa imbere y’urukiko, yasomewe nanone ibyo ashinjwa byo kwica Steven Kanumba.

Lulu ntiyigeze asabwa kugira icyo avuga kubyo yasomewe byose.

Uwari uyoboye uru rubanza Elizabeth Kaganda yavuze ko iperereza rikinononsorwa, bityo ko Elizabeth Lulu urubanza rwe rwimuriwe tariki 7 Gicurasi.

Lulu yabaye ashubijwe mu maboko ya Police.

Lulu hagati y'abashinzwe umutekano
Lulu hagati y'abashinzwe umutekano
Yagejejwe mu rukiko asa nuwihebye
Yagejejwe mu rukiko asa nuwihebye
Se wa Lulu aje gukurikirana urubanza rw'umukobwa we i Dar es Salaam
Se wa Lulu aje gukurikirana urubanza rw'umukobwa we i Dar es Salaam
Lulu atarahura n'ibizazane bituma yambara akikwiza hose
Lulu atarahura n'ibizazane bituma yambara akikwiza hose

Plaisir MUZOGEYE
UM– USEKE.COM

0 Comment

  • ba mubabarire nawe siwe ni ibyago byamubayeho

    • Itegeko ni itegeko sha! None se uragira ngo ubucamanza bwo gukora akazi kabwo? Hariya aharimo isomo wowe uri umwana nturarimenya! Ese wagize ngo abantu bambara igice kimwe cy’umubiri kitanageze kuri 1/3 baba ari tayari? Baba bafite ikibazo gikomeye, Daimoni kubarikamo ninkaho mvugiye aha!

      • Arikose yamwishe ate ni mutubwire muri macye.

  • yoo ese karacyari akana gutya,mana we bazakababarire ,nibyago kagize.

  • Oya ibyago bibaho ibyamubayeho nawe byakugwira gusa araduhekuye dutakaje umukinnyi mwiza gusa imana imushire mubayo

  • impanuka ibaho asabe imbabazi abatuye isi

    • URAVUGA UKURI MA MAN ! EREGA BURIYA NAWE KUNANUKA KURIYA WASANGA NAWE YARABABAYE KUBWO KUBURA UMUKUNZI WE BASANGIYE IBYIZA !

  • Kanumba yari yarahararutswe ibikecuru aharaye imicuko yakuze imburagihe.

  • yooo,bamubabarire nawe ntiyari amwanze shenge,… kumufunga n’ukumwica kabiri gusa nikababarirwa kazakizwe naho ubundi amaherezo abagabo bazamukoraho kuko aracyari muto mwiza, mbabajwe n’ababyeyi be gusa!!!

  • Bamubabarire kuko ni ibyago yagize.

  • Iby isi ni gatebe gatoki koko uyu mwana ashobora no kuba arengana ari ibyari byaramutse kuba.ariko na none urubyiruko rukwiye gukuramo isomo hari igihe ureba imyitwarire yarwo ukagirango n,inkuba ntiyamushobora. ubuto burashukana cyane niyo mpamvu dukwiye gusaba imbaraga Uwiteka zikadufasha gutsinda ibishuko by,iyi si.

  • ahaaa nahanyagasani.ariko ubu nahabacamanza ubundi bagakora akazi kabo.ariko numwana ntanubwo arageza igihe cyo kuburana, rero ubwo hari ikindi gihano bazamuha.

  • gusa steven nawe yari yarengereye umwana ungana kuriya ariko bibaho bazakabarire ntawinyarira abishaka

  • yooooo,sha nukuri bazakababarire nako siko,byonyine kumva ko ariwe wihekuye nawe ntibimworoheye,les amoures murebereho bibabere isomo,twatunu mwikubitishanya rimwe narimwe tuvamo bibi,yihangane cyane

  • reka bimubere isomo kuko amarere yarafite ntiyarikubona icyayancubya kdi yarajenabi icyonavuga nuko yakizwa niyo mahirwe yanyuma asingaranye naho andi yarangiye kdi umureba asanundahanwa ubwo reka muri iyinzu yimbohe nuru rupfu rwumukunzi wancu biramwigiza ubuzima icyaricy igitekerezo nuko bagenzibe nabo babonereho

  • Results izatangwa na Laboratoire de référence niyo izakemura impaka, ariko hagati aho bamubabarire kuko ni mineur

  • birababaje! gusa mbabajwe n’ababyeyi be

  • Ni akumiro jye mbuze icyo mvuga!

  • Ubu mwese mushatse kuvuga ko uriya mukobwa atakunze kanumba? gusa biriya ni ibyago yagize kandi ntawe bitabaho ari kumwe n’uwo akunda uretse Imana iturinda gusa. So mu muhe amahoro kuko nawe arababaye.

    • uko nukuri nawe byaramushikiye kuko umuntu wese urimwisi ahura nibibazo bitunguranye nibamureke yibereho kanumba numunsi we wariwashitse gusa Imana imwakire mubayo na lulu nawe bamuhe amahoro

  • Bakarekure maze gacyine iriya filme!nayo ni filme muzindi!!!ngo n’umwana?wambara ubusa?ukunda?abakobwa turebereho.

  • Erega biriya bibaho gusa abasore mwirinde kuko abakobwa bzabakozayo.

  • ok pole sana walafiki na wapenzi.

  • Mana we mbona LULU ari ibyago yagize ntabwo yabikoze abishaka.Gusa nange mbabajwe n’ababyeyi be?

  • wihangane mama niba ibyo uburana ari ukuri imana izagustindishiriza

  • yoo!birababaje kandi biteye agahinda.muvyukuri uyo aracari umwana muto cane.ahubwo nibamubarire kuko ni accident muzindi nawe ntiyabishaka.

  • Icyaha nikitamuhama azarenganurwe naho ibijyanye no kuba akiri umwana ni iturufu idafatika kuko bizi abakunzi ba Steven n’ababyeyi ahekuye kimuhamye azakatirwe azarekurwa yakuze niba ikibazo ari uko akiri umwana.

  • simbizi ariko nimba yarabikoze azabirwozwe!THX

  • ok bavuze ko yamusukumye yikubita hasi ashobora kuba yaragize hemorgie akavira imbere aliko tabwo yamwishe abigambiriye umuhungu yaramufuhiye agiye kureba muli fone ye so reka turebe finale aliko umuntu yarapfuye muli droit nta sentiment zibamo niba ariwe byaturutseho azahanwa chance afite nuko ari muto bazagabanya icyaha barebe nuburyo yapfuyemo aliko ni accident ninkuko chauffeur yagonga umuntu agapfa.bibaho pore sana.

  • mubyukuri njyewe nkurikyije,ukombona,uriya mwana w umukobwa mbonako ,ataragamije kwica,incuti kuberako nakyo bapfaga numvuga kubwanjye nkumuryango wakanumba stiven watumiza,umuryango LULU bakabiganiraho nkababyeyi ,arega gufunga siwomuti wikyibazo kuriyisi,njyewe mbona,umuti wikyibazo,arubwiyunge nimbabazi nokubana neza n umuntu wese,ubundi nitwebwe,abantu twishyimo,imvugo,imbi ngo nimba,udafunjyishije,umungenzi wawe ngokyo waba,ukoze,ugasanga biramushimishije kyane ngo nawe yakoze,igikorwa cq yabaye,intwari murakoze mbaye mbashimiye,uwiteka,abarinde

  • MWESE MURAVUGANGO BIKABERE ISOMO , MWE MUKIYIBAGIRWA, AHUBWO TWESE BITUBERE ISOMO, ABANTU MUBURA GUSHAKANA NABANTU BAKUZE MUKAJA GUSHAKANA NABANA NGO MURASHAKA UTUNYOGWE NABABWIRA IKI? ABANA NKA BARIYA NTABWENGE BABA BAFITE NGO BAMENYE INSHUTI ICYARICYO NO KUBAKA ICYARICYO, NSHUTI RERO BAVANDIMWE MUKOBWA NAWE MUHUNGU NIBA UGIYE GUSHAKA SHAKA UMUNTU UKUZE UFITE IBITEKEREZO BYABAKURU NAHO UBUNDI MWESE BAZABAKORERA KANUMBISATION, GUSA LULU WE YABA YARAMWISHE YABA ATARAMWISHE ABIGAMBIRIYE CYANGWA TABIGAMBIRIYE UMWAKU WO WARAMUFASHE BYARARANGIYE BIRIYE BYO KWIRWA YIRATANA ITOTO NTANIMBWA IZONGERA KUMUSOMA RWOSE. GUSA KUBWNYE NUMVA ATARAMWISHE ABISHAK AARIKO YAKOZE ICYO BITA SECOND DEGREE MURDER NABYO AZABIHANIRWA RERO. GUSA NAVUNGURWA CASH AFITE AZAHITE AZIKORESHA YIGIRE KWIBERA MUMAHANGA AHO BATAMUZI HARI UZAMUGWAHO AMWIRONGORERE.

  • Mana we , ndumiwe koko!! ni umwana ni ukuri!! bazamubabarire n’ubwo yadukozeho, uriya mukinnyi yaryoshyaga amafilms kabisa!!

  • Lulu turamukunda ibyamubaye ni accident nawe ubwe atazi

  • Mwabantumwe ngewe birababaje koko baba bato mwige kubaha Imana murabona koko ukuntu uriya mubyeyi yihuta ajya kureba umwana we koko bana mwubahe ababyeyi aha jye niho nkuye isomo umubyeyi numubyeyi koko ubu wasanga lulu yari yaramunaniye yarahannya byaranze none dore ari kumwiruka inyuma nawe yibuste kwikwize ubu wasanga asigaye anasanga da ariko mwibuke ko Imana yavuze ngo ndabahamagara mukanyi ninira nan ge ibyago nibize nzabakina kumubyimba

Comments are closed.

en_USEnglish