Tags : Dr Donald Kaberuka

Dr Kaberuka yagizwe umuyobozi w’ikigega cy’Amahoro cya African Union

Dr Nkosazana Dlamini-Zuma umuyobozi wa Komisiyo y’Umuryango wa Africa yunze ubumwe yagize Dr. Donald Kaberuka nk’uhagarariye ikigega cy’amahoro cy’Umuryango wa Africa yunze ubumwe. Ni umwanzuro wafashwe mu mpera z’icyumweru gishize ariko ushimangirwa muri iki cyumweru. Uyu mwanya ngo yawuhawe nk’umwe mu bantu b’abahanga mu bukungu ku isi. Mu nama yabaye muri Nzeri 2015 i New […]Irambuye

AMAFOTO: Umunsi wa nyuma wa Transform Africa

Ikiciro cya nyuma cy’inama y’iminsi itatu ya Transform Africa kitabiriwe na Perezida Kagame hamwe n’intumwa z’ibihugu bitandukanye mu karere. Aya ni amwe mu mafoto y’uyu munsi wa nyuma w’iyi nama ya Transform Africa yari ibereye mu Rwanda ku nshuro ya kabiri.   Photos/V.Kamanzi/UM– USEKE UM– USEKE.RWIrambuye

Abayobozi b’u Burundi bari kwangiza inkunga y’iterambere bahawe – Kaberuka

Dr Donald Kaberuka umwe mu ba mbere mu nzobere mu by’ubukungu muri Africa ntiyihanganiye gucyaha abayoboye u Burundi mu bimaze iminsi biri kuba, ko bisubiza inyuma ubukungu bw’igihugu, ubw’akarere n’ubwa Africa. Avuga ko bari kwangiza kandi imishinga y’iterambere ry’iki gihugu. Dr Kaberuka wari mu nama y’Umuryango wa Africa yunze ubumwe i Johannesburg muri iyi week […]Irambuye

en_USEnglish