Tags : James Kabarebe

Amavubi yadwinze Leopards za Congo Kinshasa kuri 1 – 0

Mu mukino wa gicuti hagati ya Les Leopards n’Amavubi ku mugoroba wo kuri iki cyumweru i Rubavu, igice cya mbere hagati y’ikipe ya Leopards ya Congo Kinshasa n’Amavubi cyaranzwe no gusatirana n’amahirwe yo gutsinda hagati y’impande zombi ariko cyarangiye nta kipe irebye mu izamu ry’indi. Uyu mukino ariko waje kurangira Amavubi atsinze igitego kimwe ku […]Irambuye

Rayon Sports iguye miswi na APR FC 0 – 0

Mu mikino ya Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda kuri uyu wa gatandatu amakipe yose yanganyije, umukino wari utegerejwe cyane ni uwa Rayon Sports nazo zanganyije n0-0 kimwe na Police FC inganya na Sunrise 1-1. Rayon Sports yakinaga idafite umutoza David Donadei wahagaritswe icyumweru ashinjwa kugumura abakinnyi, ariko uyu mugabo yagaragaye yicaye mu bafana, ikipe itozwa […]Irambuye

AMAFOTO: Umunsi wa nyuma wa Transform Africa

Ikiciro cya nyuma cy’inama y’iminsi itatu ya Transform Africa kitabiriwe na Perezida Kagame hamwe n’intumwa z’ibihugu bitandukanye mu karere. Aya ni amwe mu mafoto y’uyu munsi wa nyuma w’iyi nama ya Transform Africa yari ibereye mu Rwanda ku nshuro ya kabiri.   Photos/V.Kamanzi/UM– USEKE UM– USEKE.RWIrambuye

Kuganira nibyo bitanga umuti urambye w’ibibazo – Kagame

Mu ijambo ryo gufungura inama y’iminsi ibiri ku kurinda abasivili iteranyije ibihugu 30 bigira uruhare mu gutanga ingabo n’abapolisi mu butumwa bwo kubungabunga amahoro, Perezida Paul Kagame yavuze ko kuganira ku bibazo aribyo bitanga ibisubizo birambye mu kuzana amahoro. Iyi nama ivuga ku kubungabunga umutekano w’abaturage b’abasivile (International Conference on the Protection of Civilians), ihuje […]Irambuye

Perezida Kagame yasuye Gare nshya ya Huye

Nyuma yo kuganira n’abanyeshuri bo muri kaminuza y’u Rwanda n’izindi Kaminuza ziri muri uyu mujyi kuri iki cyumweru Perezida Kagame yasuye Gare nshya ya Huye, ku maso yagaragaje ko yishimiye iki gikorwa remezo gishya cyuzuye mu mujyi wa Huye munsi y’umuhanda mugari werekeza i Nyamagabe na Rusizi. Iyi gare nshya ya Huye yuzuye itwaye miliyari […]Irambuye

Perezida mushya wa Sena ni Bernard MAKUZA

Kuri uyu wa 14 Ukwakira uwari Visi Perezida wa Sena ushinzwe amategeko, Senateri Bernard Makuza ni we bagenzi be batoreye kuyobora Inteko Ishinga amategeko y’u Rwanda  umutwe wa Sena. Asimbuye kuri uyu mwanya Dr Jean Damascene Ntawukuriryayo wari umaze iminsi 27yeguye. Nk’uko bigenwa n’itegeko, amatora yo gutora Perezida wa Sena abera imbere ya Perezida wa […]Irambuye

Iturufu isigaye yo gusenya ibyo u Rwanda rwagezeho ni FDLR

Muri iyi week end ishize abanrwanyi 84 bo mu nyeshyamba za FDLR n’ababana nabo 225 bageze ahitwa Kitogo muri Congo baje kurambika intwaro zabo hasi bagasubira mu buzima busanzwe. Ibi bikorwa bya FDLR Ministre w’Ingabo w’u Rwanda avuga ko abona ari umukino wa Politiki uri gukinwa na FDLR n’ibihugu biyoshya. Itsinda rya MONUSCO rishinzwe ibyo […]Irambuye

“RDF ntikeneye ingwizamurongo kugira ngo yubahurize ihame ry’uburinganire,” Gen Kabarebe

Kuwa kabiri tariki ya 3 Kamena 2014, ubwo Minisiteri y’Ingabo z’igihugu yatangarizaga komisiyo y’Ubukungu n’Ingengo y’Imari ibijyanye n’uko yakoresheje amafaranga yahawe mu mwaka ushize, ikanatanga ingengo y’imari izakenera, Minisitiri w’Ingabo Gen Kabarebe yahakaniye abadepite ko RDF itashyira mu gisirikare abakobwa badashoboye ngo kugira ngo gusa yubahirize ihame ry’uburinganire. Nk’uko bisanzwe, buri rwego rwerekana uko rwakoresheje […]Irambuye

en_USEnglish