Umwamikazi w’Ubwongereza Elizabeth yasuye umwuzukuza we Charlotte wavutse kuwa Gatandatu ushize.Ubwo uyu mwana w’umukobwa uri ku mwanya wa kane mu bashobora kuragwa ingoma y’Ubwongereza yavukaga, aho yari ari hari abanyamakuru n’abaturage benshi bari bategereje kumva ko Kate, umugore w’Igikomangoma William, yibaruka umwana. Umwamikazi Elizabeth yageze mu rugo rw’umwuzukuru we rwitwa Kensington Palace ahagana saa 2.30PM […]Irambuye
Kuri uyu wa kabiri tariki 5 Gicurasi 2015, Minisitiri w’Ubuzima Dr. Agnes Binagwaho, yasobanuye byinshi ku bibazo by’abadepite bagize Komisiyo y’Ubukungu n’Ubucuruzi, ni nyuma y’aho abari abaforomo bo ku rwego rwa A2 biyambaje Inteko bavuga ko hari ibidasobanutse muri politiki nshya yo kwegurira abikorera ‘Postes de Sante’. Abaforomo bari bafite impamyabumenyi y’amashuri yisumbuye (A2) bakoraga […]Irambuye
Umutingito w’Isi uheretutse kwibasira igihugu cya Nepal wari ufite ubukana buri ku gipimo cya 7.8. wahitanye abantu ubu bamaze kurenga 7 000 mu gihe gito cyane wamaze. Ubusanzwe kugira ngo isi itigite kuriya ahantu runaka biterwa n’iki? Uriya mutingito wabaye muri Nepal umeze nk’iyindi mitingito ikomeye ikunda kuba muri kariya gace gafite mu nda y’Isi […]Irambuye
Umuhanzi M.Izzo wabaye inshuti y’igihe kinini na Riderman aherutse gutanga amagambo mabi akomeye kuri Riderman harimo ko ngo yaba anashaka kumuroga ngo apfe(M.Izzo). Riderman kuri Facebook page ye yavuze ko ibyo uyu mugenzi we avuga atari ukuri kandi amwifuriza gutera imbere adaciye mu gusebanya. Riderman akimara gutwara PGGSS III yashwanye na M.Izzo wamufashaga (backing) ku […]Irambuye
05 Gicurasi 2015 – Kuri uyu wa kabiri mu nama yahuje abahagarariye ibihugu bigize umuryango wa Commonwealth ku kibazo cyo gushyingira abana bakiri bato, komisiyo y’igihugu ishinzwe uburenganzira bwa muntu mu Rwanda yavuze ko hari intwambwe u Rwanda rumaze gutera mu kurwanya iki kibazo nubwo ngo kitaracika burundu. Gushyingira abana bakiri bato biracyavugwa cyane mu […]Irambuye
Nyuma y’igihe kinini cyane P-Fla akora muzika, agiye kugira lebel izajya imufasha gukora muzika ye ndetse n’ibikorwa byose bijyanye na muzika yitwa Real Music Group yari isanzwe ikoreramo abandi bahanzi nka Sandra Miraj na Shanty. Real music group na T Music isanzwe ikoreramo itsinda rya TNP ni labels zikorera mu nzu itunganya music yitwa f2k […]Irambuye
Kuri uyu wa kabiri mu gitondo Urukiko rurengera Itegeko Nshinga ry’u Burundi rwahaye agaciro ‘candidature’ ya Pierre Nkurunziza wifuza kongera kuyobora iki gihugu kuri manda ya gatatu. Ni nyuma y’amasaha 24 umuyobozi wungirije w’uru rukiko Sylvère Nimpagaritse ahungiye mu Rwanda. Ukongera kwiyamamaza kuri mandat ya gatatu kwa Pierre NKurunziza kwakuruye imyigaragambyo ubu imaze guhitana abantu […]Irambuye
Hashize iminsi mu bitangazamakuru binyuranye havugwa ko Abayizera Grace umuraperikazi wamenyekanye cyane muri muzika ku izina rya Young Grace yaba yaratorotse kubera umwenda wa miliyoni 2.000.000 frw ya cheque itazigamiye yaba yaratanze. Ayo makuru nubwo yaje kwemezwa na polisi y’igihugu ko iyo dosiye ya Young Grace bayizi, Nyina wa Young Grace ngo ntabwo ayo makuru […]Irambuye
Abakinnyi batanu b’ikipe ya Etincelles kugeza ubu bari mu maboko ya Police i Rubavu bakurikiranyweho kwakira ruswa kugira ngo bitsinditse mu gushaka guha amahirwe ikipe ya Musanze FC. Izi zombi zirahatanira kuguma mu kiciro cya mbere. Myugariro wanakiniye Amavubi igihe kinini Hategekimana Bonaventure uzwi cyane nka Gangi, Pappy Chimanga, Bebeto Lwamba, Ilunga Freddy Mukadi umuzamu […]Irambuye
Kuri uyu wa Mbere mu Karere ka Bugesera, ahitwa Nyabagendwa habereye igikorwa cyo guhemba abakobwa biga mu mashuri yisumbuye babaye indashyirwa ku kwihingamo umuco wo kwizigama ku bigo bigaho kandi bakabishishikariza bagenzi babo no mu ngo iwabo. Abakobwa bo mu bigo by’amashuri bya G.S Nyabagendwa, G.S Rilima, G.S Murama, G.S Mwenda na Nyamata Catholique barushanyijwe […]Irambuye