Digiqole ad

Ndyamana n’umugabo w’inshuti y’uwanjye

Muraho?

Nabonye hano haba inama nyinshi zafasha umuntu. Biragoye gufata icyemezo cyo kwandikira Umuseke ariko banyijeje ko bidashoboka ko batangaza amazina yanjye. Ikibazo kinkomereye ni iminsi myinshi maze ndyamana n’umugabo utari uwanjye kandi w’inshuti y’uwanjye kuko bakorana.

Iki kintu kimaze umwaka urenga nkibamo, iyi nshuti y’umugabo wanjye twamenyanye yaje kudusura. Agenda anyereka ubucuti busanzwe buhoro buhoro kugeza andushije imbaraga turaryamana mu ibanga.

Nagize intege nke kenshi yampamagara ngo musange ahantu nkananirwa kwihangana nkagenda tukaryamana ngataha mvuga ko ntazongera ariko umwaka urashize tubikora nka kabiri mu kwezi. Umugabo wanjye nta kintu aramenya habe na madam w’uriya mugabo ntanumwe uducyeka.

Ndi mukuru ariko iki kintu gituma numva meze nk’umwana, nkumva nsuzuguritse ariko kukireka byarananiye. Nubwo yaba abikora neza kurusha umugabo wanjye ariko mbikunda ubwo gusa nyuma nkumva ndigaye cyane isoni zikankora, ariko iminsi yashira nabona appel ye nkananirwa kwihangana neza neza.

Ngerageza gusenga cyane ngo nsabe Imana kubireka bikanga, ntamuntu wundi nabigishamo inama kuko ntamuntu nakwizera pe kuko birakomeye byanansenyera kandi twitegura kubyarana bwa kabiri n’umugabo wanjye nkunda.

Ndabasabye rero, simbazi nanjye ntimunzi, mungire inama wenda muri zo ndabonamo igisubizo kuko nabonye hano haba abantu bafite ibitekerezo byafasha umuntu. Mumbwire icyo nakora ngo mpagarika kuryamana n’uyu mugabo.

Murakoze.

233 Comments

  • Nshuti y’Imana nge icyo nakugiramo inama nuko wasiba numero ze muri telefone yawe ubundi ukigira nkumuntu uhuze ntumutereze cyane,ubundi ukiyegerera umugabo wawe cyane.

    • Sha, reka nkugire inama yoroshye kandi yihuta;

      Niyongera kuguhamagara, uzamwitabe umubwire ngo Wamusambanyi we utanyurwa nuwo washatse ntukongere kumpamagara ukundi wandaya we, uti imiti wampaye ntgikora. Uti uhereye none ntunzi sinkuzi. Maze ukupe. Ndakurahiye niyikakaza azongera rimwe numusubiza ibyambere azahita agutinya burundu

      • Iyo nama irahagije

      • Muvandimwe, watugishije inama utwizeye, ariko banza wumve icyo umutima-nama wawe ukubwira, urakubuza gukomeza gukora icyo cyaha. Mbibwiwe n’uko watabaje udusaba inama. Ese witeguye kutwumva? Inama nakugira ni iyo kubireka burundu, kandi ukamusezerera utamututse kuko muri kimwe. Dore inzira: fata akanya utekereze ko Imana idukunda cyane kandi ko ikubona iteka ryose, maze utekereze k’umugabo wawe n’urugo rwanyu, ukurikizeho ku bana banyu, wongere utekereze k’umugore w’uriya musambana n’umuryango we. Byose ubihuze n’ibyo mukora muziko mwihishe, urasanga uri inyundo nini yaje kumara abo bose. Maze nyuma yo kumva ububisha bw’urwo rukoza soni mukiniramo, usenge cyane, usaba imbabazi, wumve ko ubyanze urunuka. Nyuma ujye aho usengera niba uri umucatholic usabe isakaramentu ry’imbabazi ubikuye kumutima, uhite ufata umugambi wuko ugiye kubana n’Imana muri ubu buzima igiye gutangira. Erega ubu nturiho! Niba utariwe uyobowe na Roho Mutagatifu /Mwuka wera akwereke inzira idasenya wihane, kujya kuri stade ukavuga ngo nasambanye na….. ushobora gusenya izo ngo zombi, izo mudasenye ubu, ntizasenyuka mutangiye kubakira kuMana. Ahubwo wegere abakozi b’Imana bacye babizerwa (Imana izabakwereka) muitorero iwanyu, ubibabwire mufatanye musabe imbabazi. Ariko wibukeko Imana idakinishwa, ubireke burundu. Uwo ni umuti unyweye, dore gukira rero: uwo munsi ukivayo sinzi icyo Roho Mutagatifu azagukoresha, ariko hazazamo guhamagara icyo gikoresho cya shitani kigamije gusenya ingo ebyiri, uti NTUZONGERE KUMPAMAGARIRA KUKO SINKIRI WAWUNDI USANZWE UZI! Komera uko umeze kose Imana iracyagukunda, ariko ubikore vuba , kuko umwaka wose muyisenyera urusengero nimunini. Irihangana arikoooo

        • sha Owald urakoze cyane kunama yawe nange niyo numva namuha kabisa uri umuntu wumugabo kurikigihe rero nshuti yange abantu babizerwa barabuze ntanubwo wampa kumubona ari umwizerwa gusa Imana irahari kandi iracyababarirape nukuri naze numutima we wowe kumana urebe gusa Imana imuhe umugisha kubwicyemezo yafashe kandi ibimifashemo ntazasubire ukundi.

          • Yewe mudamu we. Inama ya Oswald ndayiguhaye nanjye.

        • sinzi niba muri ba oswald benshiarko uko mungana kose murabantu babagabo kabisa njyankunda gusoma ibitekerezo byabantu batandukanye kurururubuga arko ibyabagabo bitwa ba oswald nibyo nabonye bifatika gusa nimbyara umwana nzarimwita kuko izina niryo muntu…

      • niyongera ujye ufata tel maze uyishie kurahande avuge nubikora nkakabiri uzamubwire ko utakimuneneye

      • Ariko Madam reka nkwibarize.Wizeye neza ko utari indaya?Niba utari yo se kuki wumva bisuzuguritse kandi ugakomeza?Ubu tuvugana hamagara uriya mugabo umubwire ko ugiye kubibwira Bwana kandi ukamusaba imbabazi.Ntazatekereza ko utavugisha ukuri.

        • Uzafate Fone naguhamagara ubundi umubwireko niyongera uzayiha umugabo wawe akaba ariwe bavugana kandi umubwireko wahemukiye umugabo wawe ko niyongera kuguhamagara uzabimubwira ukamusaba imbazi ko incutiye yagushutse gusaba kuryamana nawe.

    • umva nkugire inama isumba ibyo wibwira! Fata nomero ye uyishyire kuri black list ya telefoni yawe hanyuma naramuka akoresheje indi uzayitabe nakubwira ko ariwe ntuyikupe kandi ntuyumve uyishyire kuruhande niyongera nabwo uyihorere nakwandikira msg uyisibe ntuyisubize kandi urusheho kumarana n’umugabo wawe igihe kuburyo muri wamwanya wajyaga uryamana niyondaya ujye wihamagarira cherie wawe maze agukemurire akabazo !!! nakomeza uzatinyuke ubwire umugabo wawe ko inshutiye itaguha amahoro nikimubwira ibigambo azumva ko kigamije kubasenyera birangiriraho!!!! naho naramuka abimenye utarabimubwiye azakwanga kandi niki kibwa ntikizagutunga ube uhindutse inzoga irura!!!!
      Kandi burya ntakibaho kitamenyekana ntiwitwaze ko warengeje iminsi mirongo ine y’igisambo !!!! umunsi uzaba umwe byose bishyirwe ahagaragara!!!!

    • Yewe ahubwo nanjye uzanyihere kuko ndumva umwuga warawiyemeje .

  • ntimukajye mugisha inama ibintu byaragije kuba kuko inama yambere numutima wawe izindi nama zikaza nyuma wowe uravuga ko ukuze ibyo birahagije kumenya ko ugomba kwiyubaha no kwihesha agaciro kandi ibyo byose ntabwo bigurwa, sha ntukabeshye go urasenga ubwose usenga Imana yo mwijura

    • Bill, kuba uyu mu mama agisha imana, bivuze ko intambwe yayitangiye, ntabwo kd usenga iyo mwijuru ariwe itagwa mucyaha, ikindi kd ni uko imyaka yumuntu ntaho ihurira na hato kubijyanye ningingo yigitsina ubwo utabikora yamutera ibuye

      • Kugwa mu cyaha bishobora kubaho rimwe, kabiri cyangwa gatatu ye, ariko se icyaha ahora acyigwabo kabiri mu kwezi ndetse umwaka ugashira kandi ari icyaha kimwe. Mujye mugabanya wana ibyo babyita gushurashura n’uburaya ndetse no kutiyubaha. Harya wavuze ngo uri umu maman, yewe ndakugaye pe!!!! ubwose abana bawe ubaha ubuhe burere da? nawe ubwawe warananiwe kwifatira icyemezo

      • Ibuye narimutera rwose, abantu bose se barasambana?
        Ariko mwabaye gute.

  • umva nkugire inama. Hagarika kongera kuryamana nuriya mugabo w’abandi. Ntuzamubwire mbere ko utekereza kureka kuryamana nawe kuko abagabo bagira intege nke zo kubyihanganira, uzahimbe inkuru uti hari umuntu w’inshuti yanjye wambwiye ko abantu batangiye kuvuga ko turyamana kandi umugabo wanjye ashobora kuba arimo kubigenzura none rero ndabihagaritse kuko byaba njyewe byaba wowe twahura n’ingorane zo gusenya. Reka tubihagarike bagenzure babure icyo bafata. No kumpamagara uzabihagarike yewe ahubwo komeza ubucuti bukomere n’umugabo wanjye nanjye nkomeze ubucuti numugore wawe , niko tuzabivamo neza. Ubwo rero ndizera ko inama nkugiriye izafasha.UBIHAGARIKE KUVA UBU KUKO NI AMAHANO MABI, ubundi usenge cyane usabe Imana imbabazi iguhe nurukundo rwo gukunda umugabo wawe kurushaho.

    • Ko wumva umugabo we atabikora neza nk’uwo musambane se ubwo arabigenza ate? Erega aho yaciye ntihaca…..

    • iyi nama uyu muntu wiyise umukinnyi akugiriye niyo rwose ni uyikurikiza uzava muri iki kintu.

    • umva gukomeza ubucuti hamwe niyo famille bifite ingaruka zo kongera kubyibonamo,kuko kubonana cyane nuwo mugabo musambana bituma ikibahuza kibakururira kongera.kuraho communication yawe niyuwo mugabo,ugabanye communication yawe numugore we.mbese gabanya uburyo ubana niyo famille.ubundi usenge cyane,utegure umugabo wawe kuburyo uzabimubwira,umusabe imbabazi,uzisabe n’Imana,kuko imbabazi zihera kuwo wahemukiye ariwe mugabo wawe.ubundi utuze.komera komera rero.

      • Ubwo ntumushutse koko.Ari wewe bibayeho woca ubiyagira umutambukanyi w’iwawe. Warusambura mugabo, hari amabanga yo kuyaga n’andi yo kubika mu mpisho n’inshuti yawe somambike ntizogere ibimenya. Peser le pour et le contre et voir la balance. Kubiyaga est plus destructif que kubiheza mu mpisho.

  • Uratangaje rwose,ngo uragisha Inama?jya mu cyumba wiherere umunsi wose,usenge usabe imbabazi Imana,wihanire kureka,ibyo uba ushaka numugabo wawe arabifite,ubonye iyo uvuga ngo uri ingaragu!?senga uzanesha,naho ubundi si umugabo wawe uhemukira,N’Imana uyicumuraho,yewe n’umwana ufite amenye ibyo urimo yakugaya.gusa nubwo nkubwiye gutya,si ukugucira urubanza kuko si wowe wenyine,ubwo n’abandi babikora mugerageze mwihane,NTA MAHORO Y’UMUNYABYAHA,Niko UWITEKA Avuga,kandi Impanda y’Imana Iri hafi kuvuga.Twitegure rero

  • Oooh! icyo kintu nikibi cyane mwne data kuko umugabo wae abafashe byateza urwango rukabije hagati yabo.Inama yambere nakugira mwene rero njyewe nuko waca akntu kose gatuma umwibuka; 1. usibe numero yatelephone ye niba koko wumva utamukunda kurusha uwawe, mukure kuri fcb niba uyifite. niba hari I photo iri muri phone yawe cg muri album yawe uyice. hanyuma ujye wegera Imana kenshi mumateraniro y imibyizi nu kucyumweru. uzambwira.

  • inama nakugira, ni uko wafata ingamba zimwe nazimwe za gufasha kureka iy iyo ngeso mbi, zirimo kwiyima uw mugabo mukamara ighe mutabonana cyandwa ngo muvugane, ariko ibyo ntibihagije, kindi ugomba gukora gusenga cyane, byagushobokera ukiyiriza ugufata mwanya uhagije usengera icyo kibi, kuko kukigobotoramo bisaba imbaraga z’Imana cyane ko ubusambanyi biri mubyo Imana yanga urunuka

  • ariko se koko izingo ko ziteye ubwo ubwose koko urahangara ukavuga ko umugabo wawe umukunda? njye numva bizashira akabimenya ahubwo icyo wakora gabanya contact zawe nuwo mugabo kandi werure umubwirko urambiwe

  • Hamagara 072229217 ngufashe.

    • toka toka mupfubuzi….ntiyibeshye.

  • ruhuka mama si wowe wenyine ri mu ntambara y’umubiri na kamere. Nakumenye, kuko nanjye ndyamana n’umugabo wawe. Igitangaje nuko nanjye numva abikora neza kurusha abo twabonanye bose!!!
    Arampamagara nashya, ngashyuha, ngapfa, ngapfuka, nkaribwa hose, kigahindamo umuriro, kikandya nk’AMAHUMANE! Tuza byose ni mu mutwe bituruka kdi Imana niyo nkuru.

    • Rero iyo nikamere gusa abakubwira gusiba telefone byo sibyo kuko mumutwe urazifite kandi nawe uramufite gusa wumve ko ari icyaha kandi harimo ingaruka ngo uwiba yububa abonwa n’uhagaze mumutima wawe ntamahoro arimo kuko wumvako ashoboro kubimenye ikindi kandi wakundura indwara akagemurira urugo rwawe.
      Sigaho wikangiza umuryango niba warasezeranye imbere y’Imana wibike isezerano wavuze uko ubitekereje.

    • ahaaa Ngo kikurya nk’AMAHUMANE ahahahaa ahwiiiiiiiiii, I’m alone in my Room ariko nasetse namfuye.

      Sha wowe rwose umenya utari muzima pe.
      Thx UM– USEKE for your good platform we love u

    • wowe wiyise nzayino reka gusenya uru rugo n’ubundi njye mbona rusa n’ururi hafi guhirima. umugabo we ntumuzi, ni victime y’ibyo ataramenya. ahubwo wowe wa mu maman we, hagarika ibyo urimo hakiri kare. Aho igitekerezo cyo kugisha iyi nama cyavuye ndizera neza ko hatabura kuva n’icyo guhagarika ibyo urimo. Ibaze nawe, abagabo hanze aha ni benshi wenda bafite uburanga kurusha uwawe, yewe banazi kuryoshya imibonano kurusha uwawe, nonese bose uzabagaramira ubivemo koko???? ese kuki utajya wibaza impamvu uvuga ko umugabo wawe atakuryohereza nk’uwo wundi aho si wose (mu bwonko bwawe) byose bituruka??? Inama nakugira ni iyi ikurikira: shakisha uburyo bwose udashyikirana n’uyu musambane nk’umwaka wose ubundi ugerageze gushimisha umugabo wawe, ndizera ko urukundo ruzagaruka mukamera nk’igihe mwari muri buki neza neza. Nuzajya kandi ubona ya shusho y’umusambane irimo igaruka ujye uhita usenga.Ese nkwibarize, wowe ubu wumvise ko hari umugore uryamana n’umugabo wawe ubu wakumva umeze ute ku mutima? niba wumva utafuhira umugabo wawe byararangiye ahubwo uzasabe divorce ibintu bitaraba bibi cyane. Ndakwinginze hanagura iyi nkozi y’ibibi mu mutwe wawe.

  • wavuze ko uri mukuru, mubwize ukuri ko ibyo murimwo atari byiza ko umusi mwafashwe mwese muzasenya numva nta kindi nakubwira ni wowe ugomba gufata icyemezo aha nta bantu babigufashamwo, ibaze umugabo wawe abimenye, muzatandukana, umugore we nabimenya mube abanzi, nuwo wita ihabara azaguta ntakibuza ngaha aho nibereye kandi ngo imisi y’umujura ni 40 niyo byagena gute nubikomeza uzafatwa ndakubwira ibyo nzi

  • Icyo ugomba kumenya nuko Hebrew ‎13؛‎ 4 havuga ngo kulyamana kwabarongoranye hekugira ikikwanduza none wowe watangiye kuzana umuvumo murushako rwanyu kuko imana izahana abasambanyi ihane icyo kiyobya bwenge nubwo umugabo atabizi aliko Imana irabizi .yisabe imbabazi kandi iyemeze kumuhakanira mwizina lya Yesu

  • Inama nakugira, njye ndi umugabo wubatse nfite abana babiri, ibyo kugirango bishire fata igihe wegere umugabo wawe, umwiteho muri byose, Mu buriri, mu gikoni(Kumutekera neza)n’ibindi ku buryo umugabo wawe umutera kugukunda bidasanzwe, bizatuma nawe agukorera ibintu bitandukanye byiza utari witeze noneho bizagutera kwerekaza umutima cyane ku mugabo wawe, noneho uwo wundi naguhamagara uzajya usanga utamukeneye.

  • Reka bakwicu****re,umugabo aba yaguhahiye wahaze!twe twarahororombye,ubukene,kuba twenyine….icecekere shenge reka bajye bagihata imirishyo sha!

  • Get a life and come back home, if you ever happen to have a functioning brain.

  • Ka nkugire inama mbese umenye ko umugabo wawe nawe aryamana nu mugore w’incuti yawe byagenda bite wabyifatamo ute?mbese uranyemerera ko ufite umugabo wi ntwari utaguca inyuma ugukunda wowe ukaba usambana nu muntu wataye urugo rwe akajya gusenya ahandi,ibaze mbese uwo mugabo musamba iyo aza kuba ariwe mugabo wawe?akaba ajya gusambana nu mugore w’incuti yee..ubwo nibyo wakwiyifuriza cg ukabyifuriza mugenzi wawe? Uzi neza abagore babayeho nabi batukwa basambanirwa hejuru bakabazanira ama sida,bahohoterwa wowe Imana ya gutuye imfura ngo utete ubyibuhe none uri gushaka guhobagira hejuru y’umuntu winaniwe akajya kusenya ibyi ncuti ye.ikindi nakubaza mbese iyo uwo mugabo ataza kuba incuti y’umugabo wawe ni wari kwadukira nu muzamu??wasanga utifitemo akarwara gasaba amasengesho menshii???hahah na gusetsaga
    So sindi kumwe nawe si nkuzi ariko burya niba umugabo wawe ari imfura ataguca inyuma nukuri buriya agukunda hari ikintu yari yakubonyemo kinatuma nanubu atagukeka ngo abe yatekereza ko umuca inyuma ngaho rero ongera ube wowe birashoboka,ongera upfukame usabe imana igukize ibiguruka iguhe kwicisha bugufi nkuko wahoze umeze..uri imfura,uri mwiza wuzuye umutima mwiza,uri nu mudamu mwiza abandi nukuri ntacyo bakurusha gusa wahuye ni byago satani aragushuka ariko guhera ubu vuga ngo ndanze nshiye bugufi mana ma kwicisha bugufi,mpa gukunda ibyo wampayee wowe mwami umpe imbaraga zo kurwanya no kwanga burundu ibyo shitani iri kunzanira inbeshya ko ari umugati kandi ari amabuye….narangiza nkubwira ni na narimwe dushobora gusubira inyuma ngo duhinduree ibyo twakoze ariko kuko Imana ari nziza yaduhaye imbere…umuntu akosora inyuma yeee atunganya imbere hee nu hinduka ugaca bugufi ukiga gushima no kwishimira ibyo ufite ukabiha agaciro yewe uka na bibundikira nukuri imana kuko ishobora byose izajyana ukuboko kwayo inyuma igendeee ihasibe nuko uryame u
    Usinzire mbese bibe amata nubuki…..Imbaraga nyinshi rero nukuri Imana igufashe..ikuzuze umugisha wayoo….Mugenzi wawe. Yessss you cannnn

    • yoo uyu muntu akugiriye inama nziza, burya ntitukihutire gucira abandi urubanza kuko ntawe utambaye umubiri. Ariko Shitani yaratsinzwe kandi umubiri nitwe tuwutegeka siwo udutegeka. Nanjye nakubwirako ukwiye gusenga Imana ikaguha gushimishwa no kunyurwa nuko umugabo wawe ari kuko abazi gukora sex neza barahari ariko bose ntiwabagira abagabo bawe, ntuzigere narimwe ugereranya umugabo wawe n’abandi, aho niho utsindirwa! umugabo wawe ni unique! ntawe usa nawe, ntanubwo yagombye kumera nk’abo bose ubona mu nzira, niwe Nyagasani yakuremeye kandi niwe ugukunda byukuri. Kandi ukore kuburyo umugabo wawe arushaho kugukunda no kugushaka (envie) nawe azakuryohereza, nawe uzamufashe kukuryohereza. Courage

  • ko wumva se ngo urasenga , kuki ayo masengesho ataragufasha kwihana ni masengesho ki. Wowe kora ibyo bitA DELETE mu bwonko bwawe ubundi ubane neza n uwagushatse kandi muganire ibyo adakora neza uzabimwigishe ndumva umurusha experience.

  • Nshuti ibintu bigeze heza fata icyemezo,inama reba kukuntu wafunga nimero ye ,nahindura umubwire ko utabikeneye kuvugana nawe niyanga ujye umubwira nabi murimacye umuhakanire ukomeje kuko sibyiza nagato wibukeko ubwo ariko ajya nahandi kuko ni umunyangeso uwomugabo nibibangombwa uzarebe uburyo yacika m’urugo nabyo byagufasha gerageza uri munzira kuba ubitekerezaho irinde SIDA uyirinde numugabo wawe

  • Madam,urakoze kubivuga kandi izo nama zose abantu batanze,uzikurikize hanyuma ufate umwanzuro.

    Wowe wenyine niwe ufite igisubizo cya nyuma kuri icyo kibazo . Siba numero za telephone zuwo mugabo,nawe uhindure indi numero atazongera kukubona kandi ubimubyire ko abantu batangiye kubivuga kandi umugabo wawe yarabikubajije kandi arimo kubagenzura.

    Azahita akuvaho kandi wirinde contact ari yo yose nawe.

    Nanjye umugore wabandi yarankunze tukajya turyamana kenshi tukaryoshya bya hatari.
    Kumuvaho byari byarananiye,nari meze nkawe neza neza.
    Ariko umunsi umwe narafashe decision ndamubyira ko arimo kunkoresha amakosa nawe agahemukira umugabo we,ko birangiye kuva uwo munsi. Nsiba numero ze muri phone,mpindura nanjye numero ya sim arambura gutyo. Birarangira nki nzozi.

    Courage kandi Imana y`imbabazi ibigufashemo.

  • Uraho, Umva MuvandiFata umwanya wibuke Icyatumye uhitamo umugabo wawe mbere kugirango akubere umugabo.Reba umwana mwabyaranye niba ushobora kumujyana kuwundi mugabo akemera kumubera se igihe azaba agufashe wasambanye.Ese wumva uwo mugabo wumurozi yakwemera kugutunga igihe uwo wari warakunze, amaze kukwirurukana kubera ko nawe wiyurukanye mu mutima wawe,utiyubaha,wisuzugura,wisuzuguza,witesha agaciro muri bose no muri byose. Garuka kuko niba ubitekerejeho n’Imana ikugaruye kugirango wubahe umugabo wawe nawe wiyubahe. Nshuti have wivuga ngo hari ibyo arusha umugabo wawe ntanakimwe. Ibyo byiza wabonye nawe uzabyigishe umugabo wawe.

  • Mbega ngo urahemukira umutware wawe ukamwambika ubusa! Tekereza uburemere bw’ikintu wakoze koko! Ubwo uratekereza kuba abantu birirwana mu kazi umwe areba undi ku mutima ati ntacyo undusha n’uburyamo bwawe ndabuzi? Nitwe cyubahiro cy’abagabo bacu so,please iyubahe va muri ayo. Ubwo se ubundi ugirango n’ubundi umuntu ntashaka yiyemeje kugira sacrifice akora? Nawe emera nyine kureka uwo mugabo bibe igitambo utambiye urugo rwawe rukunde rubeho. Fata umwanzuro kandi wiyemeze wiyegurire Imana

    • Umuryango nyarwanda ugeze habi ! Ikigaragara ni uko iyo atari abagabo bateza ibibazo nk’ibi (ari na bo benshi), aba ari abagore ! Ni agatereranzamba…..

  • Nshuti, biragaragara ko ugishije inama ushaka kureka icyo kibi kandi Imana ibigushoboze. Watubwiye ko uri umuntu mukuru, ugomba rero gukora nk’umuntu mukuru, ukiyubaha. Ntiwari ukwiye kugira isoni umaze gukora amahano, ahubwo wari ukwiye kumva ko icyo gikorwa kigayitse mbere bikagutera imbaraga zo kucyirinda. Wikwigira agatebo ubwo uwo mugabo yamaze kukurunguruka buriya amazina akwita ntiwamenya umubare wayo, kandi ntugirengo ntutambuka akabwira bagenzi be ati dore buriya uriya nta mugore umubamo akababwira ibyanyu. Iyubahe wubahishe n’uwo mwashakanye niba koko umukunda. Wibuke ko uko umuhemukira Imana yo mu ijuru ibibona kandi amaherezo izabikubaza. Nyabuneka iheshe agaciro, ugaheshe n’urugo rwawe. Imana ibigufashemo kuko iyo nzira urimo iragana mu irimbukiro.

  • Sha rero nkubwire uwomugabo muryamana uzamukuraho Uruguma uzahura na bombe byanze bikunze uyitege igisubizo cyubusambanyi nurupfu cyangwa azagutera sida menya Yezu niwe uzagutabara wenyine ubanze umusabe mibabazi kuko ibyaha byarakurenze , naho kuvuga NGO umugabo wawe ntabyo azi nuko utamwigisha uwanjye twahuye nawe ntabyo azi ariko nagiye mwereka ibishimisha aho akora ubunumuhanga Ankorera nkuko byifuza arashimisha , nawe igishe uwawe UGe umusobanurira naho nuguma mubusambanyi kandi ufite umugabo uhemukira numugore wabandi tegereza bombe uzayibona byanze bikunze izaguturikana ubunuko itariki yayo itaragera vamubusambanyi ibyowakoze birahagije Saba Imana imbabazi nyishi nahubundi ngonyamwanga kumva ntiyanze kubona .!!!

    • Umva nkubwire rero nshuti,ntugakunde ibintu kuruta umuntu.birumvikana ko uwo mugabo abigukorera neza kuruta uwawe,ariko ugomb kumesa kamwe,niba ari ibintu ushaka cg niba ushaka kubaka neza.kuko niba numugabo wawe umukunda birumvikana ko waje kumurutisha ibyo mugenzi we agukorera.rero hitamo kimwe,ushatse kubireka rwose wabishobora urukundo rwinshi urushyize kumugabo,uwo ukamwicaho,kdi ugakunda kujya ubisengera nicyo gikuru.

  • njye ndunva niba atakunezeza nabwo aruko atazi kubikora ahubwo uzafate umwa mubiga nirewo kuko byabafa wamubira ibitakunyira mukagirana inama kandi usabe imana iguhe urukundo go kumukunda kuko umukunda byo se wakunva bikunyuze.

  • muraho?
    icyo nakubwira nuko uzabireka kubikora nufatwa,naho ubundi ntibakubeshye ntabwo wabireka utarafatwa.

    natwe twarafashwe turabireka

    urakoze

  • Umugabo wawe Niba aguhahira Kuki umusebya ? Ugomba gutinya Imana ese ubwo uziko iyo usambana nawe Imana IBA ikureba ! Kandi uwo Mugabo aho akujyana kugusambanyiriza afite Nabandi ahajyana siwowe wenyine asambanya kuko ubwo arahakodesha UFite ingeso mbi pe gehora uhemukira abatagize icyo bagutwara uzabyishyura iminsi Yawe ninkiyumujura Saba Imana imbabazi naho ubundi wibera kwashitani .

    • Imana se iba imubonera he ko baba batajyanye? ubwo urumva Imana yajya aho abakatana nabatari ababo? ibabona babivuyemo. ntimukane imana muri ayo mateshwa, yivugiye ko asenga ariko byaranze, mwaretse ko bizashira ngo byose ni ubusa.

  • Madam, wihangane ucike kuri iyo ngeso mbi rwose.Reka mbanze nkubaze ariko wihe igisubizo:Ese ugize utya ukamenya ko yabimenye akakwihorera nawe akaguca inyuma wabigenza ute?niba byakubabaza urahita ubireka,niba kandi wumva bitakubabaza ubwo nabakugiriye inama ntacyo zakumarira rwose,gusa na kamere muntu ntibifata nkibintu byiza bikwiriye, kuko k’Uwiteka byo ari umunuko, umugabo wawe ni umwe ibyo rero ni ubusambanyi kandi buragusenyera vuba aha nudafata umwanzuro.UMUJYANAMA WAMBERE W’UMUNTU NIWE UBWE abandi ni inyunganizi no gushunga!!! IMANA igufashe!

  • ndashaka kukugira inama kandi ntuzongere nundi mu nsi.
    ijambo ryimana riragira uti bagore mu gandukire abagabo banyu kandi nawe bagabo mukunde abagore banyu. kuganduka hari mo byinshi cyane none warabitaye ubwo rero ndashaka kuguha inzaratsi zizatuma utazongera guca inyuma umugabo wawe kandi ntuzongera narimwe.
    mugikundana mukibana niki yakoraga ukanezerwa? icyo niba ikibuka kandi ukibuka uko wamufataga ukimukunda mukibana uryamunsi mukara pipipi abantu babagaragiye niwibuka icyo kintu ntuopngera kubikora.
    dore nkumenere ibanga mbonye umugabo wawe abizi ariko yanze kubyemera kuko akwizera. mu minsi ishize bamuzaniye umuti muri tanzaniya yarawuguhaye nuzongera kubikora muzafatana nuwo mugabo haba gusomana umunnywa uzaffatana nimuba mukoze imibonano mpuzabitsina muzafatana muzatandukannywa nuko aza akavuga amagambo, ibyo nkubwiye si amakuru ntazi ndayazi neza ksndi nawe ndakuzi cyane kuko mubantu babimenye bwa mbere ndimo ko umugabo wawe yabimenye ahubwo nari narabuze uburyo mbikubwira ihane burundu utaba akabarore mubantu bose. uwo mugabo number ye yishyire muri black list naguhamagaza indi umubaze ari inde kandi naba arikumwe nu mugabo wawe ntuzamusuzugure kugira ngo umugabo wawe atemera ibyo bavuga iride weee kandi nkubwije ukuri niwongera rimwe gusa bizahwana uzahita ufatwa. imana igufashe kumva ubu butumwa bwawe sawa.

  • sha ndabarahiye ubu byararangiye kerka umwe agiye aho adashobora guhura n’undi nko mumahanga yakure, none se niba umwaka ushize mwisambanira urambwirango muzarekana ! nti byoroshye ,ahubwo ikigiye gukurikiraho ni ugufatwa ubundi urugo rukaba rurasenyutse

  • umva nkugire inama icyambere menya ko IMANA igena byose kdi ifite ububasha nubushobozi gusa harigihe dusenga ntidufate ikemezo bikatugarukira gusa fata icyemezo cya kigabo naho ubundi bizagusenyera umva inama yambere mufate nkaho arwaye mbese umubonemo ikibazo udashobora kwihanganira ikindi mufate nk’umuntu utagukunda ahubwo ushaka kukwica kuko namara kuguhaga azabibwira umugabo bose bagute kukarubanda

  • unteye iseseme ngo umugabo wange nkunda ngo kdi twenda kubyarana ubwa 2 ubwo seeeeeeeeeeeee wenda bose sinabbbbbbbbbbbbbbbbbbbbbbbbbbe arko abagabo twaruha diiiiiiiiiiiiiiiiiisiiiiiiiiiiiiiiii

  • Inama wagiriwe zirahagije,imana ikweze kandi usezerere uwo mugabo burundu,

  • Nta hantu nahamwe umunyabyaha yagera mu gukora ibyaha imbabazi z’Imana zitagera. Humura Imana irakuzi. Dore inama nkugira:
    1.Menya ko mu ijuru hari Imana ishobora byose,izagukiza ubusambanyi kandi uwo mudayimoni ubigutera azatsindwa bose babireba.
    2.Shaka umukozi w’Imana agusengere uri kumwe n’umugabo wawe kandi umubwire uko ikibazo kimeze(witonde kandi ushishoze mu gutoranya uwo mukozi w’Imana kuko ishyamba si ryeru).
    3.Buri munsi ujye usoma amagambo aboneka mu gitabo cy’imigani igice cya 5 na 7 maze nurangiza uvuge uti”Mana yaremye ijuru n’isi ndatsinzwe,nshenye amaserano yose mfitanye na Satani,narateshutse mva mu gakiza,nsigara niyoberanya kugeza nubwo mpemukira inchuti yanjye nziza wampaye maze ndasambana. Mana mbabarira.Niwowe nahemukiye sinzogera gusambana uhereye none ukageza aho nzakubonera uje mu bwiza bwawe maze tugasangira umunezero udashira.Urakoze Mana kuko unyumvise.Mbisabye mu izina rya Yesu Kirisitu”.
    4. Ba uretse gusiba nimero y’uwo muhehesi ushaka kugusenyera urugo akakubuza ijuru ahubwo mwoherereze message imwereka iteka abasambanyi bazacirwaho,ubikore buri munsi bizatuma agucikaho.
    5.Irinde kwitaba terefoni ye kandi niba afite umugore uzamwegere mubiganireho mwitonze burya nta kidashoboka.
    Gusambana ni icyaha Imana yanga urunuka kuko gikorerwa mu mubiri kandi gifite ingaruka nyinshi ku muntu ku giti cye,muryango no ku gihugu muri rusange.Imana ifashe abasambanyi bose kuva muri iyo ngeso kandi utarabikora agendere kure iyo nzira kuko ni inzira igana ikuzimu mu buturo bw’urupfu.Imigani7.

  • Gerageaza kubyikuramo kandi niwishyira mu mutwe ko byakunaniye bizwkunanira nyine! jye ndabona ikibazo ari mmu mutwe, baza wishyiremo ko kubireka bishoboka hanyuma ni ari experience warayibonye umugabo wawe uzajya ugenda umwigisha gahoro gahoro azashiduka yabimenye! ariko ikibazo, ubwo ntuzamwanduza sida!

  • UZABIBWIRE UMUGABO WAWE WERURE KANDI UMUSABE IMBABAZI NI BWO UZIHANA NAHO UBUNDI NAGUFATA KANDI SI KERA MUZAGWA MISWI

    UGE UREBA UKUNTU UMUREBA IYO YAJE MU RUGO USANGA UTIRABURIRA BYABABYIZA WERUYE UKIHANA

    • ndagirango nkumenyesheko iyo ntanama umugiriye!!! kubwiza umuntu ukuri kose sibyiza!! niyihane abicikeho naho ibyo kubibwira umugabo we ni ikindi kibazo atapfa kwikuramo!!! ntabwo byoroshye kubyakira kdi bishobora no kumusenyera rwose!

  • Inama nakugira nimwe gusa nuko ibyo ukorana nuwo mugabo w’umusambane wazabyigisha umugabo wawe neza akabimenya akazajya abigukorera nawe neza. Naho izindi nzira zose ntizashoboka mu gihe udashobora guhaza irari ry’igitsina cyawe.Aramutse yabikora neza nkuwo mugabo nibwo buryo bwonyinye wazamureka. Naho ubundi bitinde bitebuke wazongera kumukumbura kubera ukuntu akuryohereza.

  • Komera wa mugore we. Ihangane iyi si irarwaye. Maze gusoma inama bamwe bakugiriye, ndumirwa. Byihanganire kuko burya mu bo tugisha inama (nshimye ko nawe wanze guca ku muntu imbona nkubone) haba harimo:
    -1/4: batwumvira ubusa ntihagire icyo bakora ku bufasha twari tubatezeho, bakigendera. Ntacyo baba bishe ariko nta n’icyo baba bakijije.
    -1/4: batwishimira hejuru bakadutaramana, bakadukoronga mbese bakaba babonye inkuru yo gutaramana aho bateraniye n’abandi.
    -1/4: tuba duhuje ibibazo, bagashimishwa n’uko batabayeho bonyine cyane iyo bo bataratera intambwe nk’iyawe yo guhangana n’ibyo bibazo mu buryo bukwiye no gushaka kubivamo.
    -1/4: batugira inama zikwiye kandi bakatugirira n’ibanga kuko bishyira mu mwanya wacu.

    Ngira ngo mu nama wahawe ibi byiciro by’abantu byose wabibonye.

    Humura uri mu nzira zo gukira. Ubundi rero abahanga muri psychanalyse detse n’abitangira ubuhamya basambanye cyane, bavuga ko kuzibukira icyo gikorwa mbere y’uko kiba biba bitoroshye na gato. ariko kandi bakemeza ko nyuma y’uko kirangiye habaho regret. umuntu yibaza icyo abikoreye, icyo yungutse, mugenzi we aciye inyuma….ndetse akumva azinutswe kuzongera kuryamana n’uwo muntu.

    Reka nguhe ikigereranyo gito: urabona iyo umuntu ukuntu dukoresha toilette, tujyayo twumva tubishaka cyane, iyo uri kwituma wumva ari byiza uri kuruhuka, ndetse hari abahita muri lieu d’aisance, ariko iyo urangije wumva uhanze ndetse ugaciramo, ugasohoka wihuta, ukifuza kuba utahura n’umuntu mu nzira uvayo. Ngibyo ibikubaho rero.

    Reka noneho nkugire inama:
    Banza ukemure ikibazo cy’uburyo mukora imibonano wowe n’umugabo wawe kuko numvise uvuga ko uwo musambana abikor aneza kurusha uwo mwashakanye. Ubundi umunsi ku wundi abashakanye bagenda biga uburyo bwiza bwabafasha bombi bakaryoherwa n’icyo gikorwa. Niba mutabiganiraho ugomba gutinyuka mukabiganiraho ariko na none ukabikora mu buryo atagukeka ko wabikuye ku wo mwaba mwararyamanye.

    Ikindi rero fata principe yo gusohoka ari uko uri kumwe n’umugabo wawe. Uwo musambane wawe naguhamagara umubwire ko urazana n’umugabo wawe.

    Noneho umugabo wawe niba umukunda koko, ishyire mu mwanya we wumve ukuntu ari wowe yaciye inyuma byakurya ahantu, wumve ukuntu bibabaje binasuzuguje cyane kumva ko uwo mwashakanye hari bandi bamuzi. “Jya uzirikana igihe cyose ko ijisho rye riba riri kukureba ariko ukagirirwa ibanga kubera uburyo agukunda kandi yanga kuguha rurbanda ariko ko niwanga kwisubiraho igihe kizagera akagutamaza” Niba wemera ko Imana ishobora byose, wagombye gutinya kuko bitabaye ibyo ejo wakwibona wagaragaye kandi wibwiraga ko uba wihishe ku buryo bushoboka bwose. Nta kinanira Imana rero.

    Icya nyuma rero, tera intambwe ubwire uwo musambabe wawe ko utakiri wa wundi yari asanzwe azi, ko wiyemeje kuzibukira iyo myitwarire mwagenderagamo kandi ko bikwiye kubona mumaze igihe kingana kuriya cyose nta kiramenyeka. Byose ni uko Imana yihanganira abanyabyaha kandi ko ihora idutegeye ibiganza ngo tuyigarukire. Aya ni amahirwe ya nyuma rero Imana ibahaye. Wibuke amagambo Yezu yabwiye umugore bari bamuzaniye bamufashe asambana:”genda ariko uherukire aho gucumura ukundi”.
    Uwo mugabo kandi nawe umuhamagarire gusura uru rubuga kugirango nawe yiyumvire intambwe wateye ndetse n’inama mwagiriwe mwembi.

    Yewe mfashe akanya kanini wihanganire kubisoma kuko nicyo wasabye.

    Urugo ruhire nshuti, byose bihira abakunda kandi bubaha Imana.

  • Inama nakugira gerageza kumvako umugaboko wawe ari we wenyine ukunyura kandi ushake abakozi b’Imana bagusengere kuko kwikuramo uwo mugabo ntibyagukundi keretse Imana yonyine niba ukurikije izi nama uzabashaka kugira amahoro

  • Nyakubahwa mama wumwana umwe kugeza ubu ndakwinginze ihangane ukunde umugabo wawe ,gusa icyo ntekereza bishobokako murugo imibereho yindi ntakibazo gikomeye gihari nk’ubukene rero fata umwanzuro niyongera kuguhamagara uzamubwize ukuri ko wateshutse ugakora ibyanga n’Imana ati kandi mbivuyemo rwose ko kandi rwose atakongera guta igihe cye aguhamagara.Uti ndabona bigiye kunsenyera kandi nawe bitakuretse.uti kandi nawe ubyakire ukobimeze ntabinde bijyanye nokunkoresha ibyaha nkibyo.Murakoze

  • Umva Mada,niba ari nanjye,warantanze,ariko nkubwije ukuri nanjye nabuze uko nakureka ,nibaza uko nzabigenza bikanyobera,ubu se kubivuga hano nibyo sawa?uzansange hamwe duheruka guhirira aricyo cyikuzanye dufate umwanzuro,Niba ari irari,niba ari iki?byaranyobeye.
    Ngaho abasomyi nibagerageze.

    • Hahahaha!@Murenzi,uranshekeje pe!nigaraguye!yewe mugore we?baca umugani ngo “aho imbwa yonnye ihoramo”ndakumenyesha ko iyo uvuye gusambana biba bikunukaho,ntugirengo buriya umugabo wawe ntabyumva,wasanga akwihorera.Ikindi kandi buriya iyo umugabo wawe agiye kugutera akabariro uvuye kuri uriya musambane wawe wiriwe uhena uhenura,unyonga,umu sussa,aguturuka inyuma….maze umugabo wawe ukamuha nabi ugaramye gusa nk’intumbi,kuko uba wananiwe,warangiza ngo nta kuryohereza!waryoherwa ute uba wiriwe wiyesura?nzaba mbarirwa!

      • Rata igitsina cyo mugasizi kiraryoha utaha wumva wabiretse ariko iyo wongeye kubushaka ihita wirukirayo nawe rere wamugore we uzajye nyine ubikorana ubwenge maze umugabo wawe ntazagufate.humura buriya nawe harahandi ajya kwifata neza. Jya uca ibumoso nawe acr iburyo muzajya muhurira murugo. Uzafatwa mbere niwe uzaba umunyacyaha. Ubundise harukurama kudapfa.

    • Hahahahahah,uri kumushuka ngo bimere nkaya film ya O’PRAH……..

  • Kuba unabashije kugish’inama ninambwe yambere uteye yokubivamo , inama abantu bakugiriye ninyinshi igisigaye nahawe gusa nubusanzwe ukiri inkumi utararongorwa nuwo mugabo wawe biragaragarako wari umusambanyi hanyuma naho umariye gushaka akageso karanze uragakomezanya dore ko akabaye icwende katoga n’utisubiraho ngo ufate icyemezo cyokubireka burundu usibye nuwo musambane wawe murikumwe ubu, nabandi bazagusambanya ube wisenyeye urugo doreko usenya urwe bamutiza umuhoro natwe tutarashaka uzatubwire tugutize imihoro dufite myinshi gusa sibyotukwifuriza, ariko nawe isubireho umenyeko bitakubahisha nti binaheshe urugorwawe agakiro kubakuzi cyanecyane uwomusambane wawe doreko ariwe ubizi kugeza ubu, icyowabuze rero ntakindi ni self control hanyuma uhitamu kwibera umucyakara wumubiri wawe, ntariranga byose nimumutwe isubize icyubahiro wowe nurugo rwawe bitaribyo bitinde bishyire cyera ntibizabura kumenyekana ube ura rurunduye doreko nahorugeze ubu ruri mumarembera.I
    mana ikugirireneza.

  • Niba koko usenga Immana reka nkubwire. UMENYE KO IBIHEMBO BYIBYAHA ARI URUPFU KANDI NGO IBINDI BYAHA BIKORERWA INYUMA YUMUBIRI ARIKO ICYO GUSAMBANA GIKORERWA IMBERE MU MUBIRI. UBWO RERO NAKUGIRA INAMA YO GUKORA AMASENGESHO YA KWIYIRIZA UBUSA UKAGERAGEZA UBURYO WATANDUKANA NIYO SATANI NAHO UBUNDI SHAHU URIMO KUGANA MURI GIHONOME UMURIRO WITEKA RYOSE KANDI NTUBYITE IBIKINO ABASAMBANYI BAZACIRWAHO ITEKA NKANSWE WOWE USIGA IBYO IMMANA YAGUHAYE UKAJYA KWIYANDARIKA.WAMBARIRA UBUSA UNDI MUGABO KOKO UKUMVA NTA SONI UFITE PEE? UMENYE KO NTA MUGABO USAMBANA BURYA HASAMBANA UMUGORE KANDI UZABIGENZURE UZASANGA ARI WOWE NYIRABAYAZANA. IYO UTABYEMERA SE YARI KUGUFATA KU NGUFU? VA MU MACENGA SHA IHANURE KANDI NTA RWITWAZO IMBERE Y’IMMANA NDETSE N’UMUGABO NTACYO WAMUSOBANURIRA NGO ACYUMVE ARAMUTSE AGUFASHE, AHUBWO YAKWICANA N’IRYA HABARA RYAWE UGASIGA AKANA KAWE MU BIBAZO NIBA HARI AKO UFITE NAHO UBUNDI NUTABIREKA AHUBWO UGIYE NO KUJYA UBYARA ABANA B’INGERI ZOSE BADASANGIYE SE. SHYIRA HASI UWO MUCAFU UKUNDE URUGO RWAWE. NDI UMUGORE NKAWE ARIKO NTA MUGABO NUMVA NASUZUGUZA URUGO RWANJYE UKO RUMEZE KOSE KUKO NTINYA IMMANA YARUMPAYE KUKO IZARUMBAZA.

    • That very pity MUJABO, niko? ko wamurangije?…Uwanyereka uko witwara wowe mu buzima bwawe bwa buri munsi (niba nta cyaha ufite, bravo!!!), uramucirira urubanza nka nde? Utarabikora amuter’ibuye….

  • Mada wabonye izihagije, gusa reka nongereho kamwe: uziko uramutse ufashe umugabo wawe asambana wowe utapfa gusenya? Nyamara we agufashe usambana ntiwarara muri urwo rugo.
    nyamara uwo mugabo azaguma mu rwe wowe baruguturumbuyemo.Igitsina gore bagombye gutekereza kuko ingaruka zose nibo bazigira, nibo babyara ibinyendaro umugabo yigaramiye… Ikindi kandi ibyo uwo wundi agukorera byigishe uwo mugabo wawe.
    Kura mu mutwe ko abikora neza. Ayo ma lodge mujyamo umunsi bagufashe, isoni uzagira imbere y’ababyeyi inshuti, abana .. zizakurisha uburozi. tekereza. ikindi niba gusenga wenyine byanze, uzajye gusaba inkunga y’abandi.

  • umvarero ubwo byararangiye kuko nibawararungurutse usigaje kwerura ukajya kumuhanda nkabandibose nah warenze ihaniro ahubwo igisigaye nukwica umugabo wawe wandayawe.

    • Shema,
      Gerageza kwiyubaha no kubaha abandi. Uru rubuga umuseke wadushyiriyeho ni urwo gutanga inama ntabwo ari urwo gutukaniraho. Ubwo se wowe uri miseke igoroye ra?

      Menya ko nk’uko gucumura bitagira igihe, ni nako guhinduka bitagira igihe. Wibuke igisambo (cyari kibamabanywe na Yezu) cyicurije ku musaraba. Ikitugaragarira ni uko abavuye kure ari boe bamenya kwihuta bagasiga abandi, abibeshya ko bakiranutse bagasigaa bakwenakwena.

      Uyu urimo utuka ashobora kuzagutanga mu bwami bw’Imana.

  • Iyo umuntu akugishije inama ukamubwira ngo nabireke gusa ntacyo uba umubwiye kuko iryo jambo nawe aba arizi. Icyo nakubwira nuko bitazakoreha kugira ngo ureke uwo mugabo mwageranye aho hose kuko burya iyo umugabo n’umugabo baryamanye bara barateye indi ntera yo gutinyukana. Urabona iyo umugabo ahuye n’umugabo utari uwe biragoye ngo amukorakore ahantu aho ariho hose; no mu biganiro bagirana haba harimo kwigengesera mu magambo. Wowe rero mu maranye umwaka mwikorera ibyo mwishakiye, ni ukuvuga ngo iyo muhuye nta yindi mitereto ubwo uba izi ko ugiwe kumwiyamburira kuko yaragutinyutse kandi nawe nuko. Nonese ubundi byagenze gute ngo muryamane bwa mbere ? Ngo yakurushije imbaraga se yagufashe ku ngufu ? Niba ushaka kubireka rero dore inama isumba izindi; niba aho mutuye mukodesha nakugira inama yo kwimuka mugashaka indi nzu kure yabo. Naho niba ari mu nzu yanyu byo biragoye kwimuka; aha ho nagurira inama yo kwiyegereza umugabo wawe cyane, ukanjya ushakisha gahunda zituma muba muri kumwe bityo uwo wundi azakubura, agucikeho akomezanye n’abandi kuko buriya ntabwo ari wowe mugore w’abandi arongora wenyine kuko uwabikoze ntagarukira ku mugore 1 gusa.

  • madam call this number 0788300386

    • Uyu muntu uguhaye numero ntuzandike nawe arashaka kwiyumvira uko bimeze!!!! ariko abapfubuzi mwabaye mute?? toka toka

    • Nawe se urashaka ko akwihera ko wumvise agira Ubuntu?

  • mwenedata inama nakugira ni ugufata icyemezo gihamye ugashyira number ye muri blacklist yajya aguhamagara akakubura.

  • Shaka abakozi b’ Imana bagusengere uwomudayimoni ufite wubusambanyi cyangwa ugiye kubura byose nutava mubusambanyi umugabo wawe waramusuzugushe Kenshi nawe ugiye kubyishyura kandi uzabibona bibicyane !!!!!!!!!!!!!!!!

  • Umva madam, ikigaragara nuko wakoze imibonano ukiri muto kandi n’bantu benshi bityo bituma utabasha kunezezwa nuwo mwashakakanye kubera benshi mwabonanye. niyo mpamvu uwo mugabo yakuryoheye kuko wasanze akumereye nkabamwe mubo mwabikoranye kera bakakuryohereza. inama nakugira rero uyifitemo: nawe ubwawe wemera ko umugabo wawe umukunda kandi ko uwonguwo igituma akurarura aruko akora ibintu neza! ibi uvuze nibyo rwose ndakumva ko wakunda umuntu cyane ariko ugakora ibintu nundi kuko love na sexe kimwe ni feeling ikindi ni action! so, inama yanjye nuko nshingiye kumagambo yawe ikigukurura ni sex kuko umugabo wawe atabigukorera neza?, rero nkuko nabikubwiye sex i action, gerageza utoze uwo mugabo wawe ajye abigukorera neza nkuko ibishaka? wowe ufite inararibonye, yikoreshe rero mukubaka urugo rwanyu aho kurusenya no gusenyera abandi? wowe ugera umugabo wawe ubimuganirizeho niba bitakorohera uzane udutabo twabyo na moves ubishyiremo noneho nimujya kubikora umubwire uti ariko reka tugerageze biriya twabonye muri iriya move cyangwa agatabo twumve uko bimeze! ubonereho unamwereke ibi kunyura ntazamenya uko bigenje kandi ntazagukeka! naho ubundi bizarangira usenye unasenyeye abandi kuko ngo nuwendeye nyina mu nyenga yurutare yaramenyekanye! nkanswe wowe ubikorera muri kigali hari za camera na Iphone!!!

    Good luk

    • Joseph, this is an awesome advice, niba koko ari umuntu uzi gusesengura inama bamugiriye ninyinshi indi nama namugira muri izi nama zose bamugiriye namara kuzisoma agende afatamo utuntu y’umva twamugirira akamaro kurusha utundi atwegeranye hanyuma namara kuvanamu ibimufasha azabikurikize. Madam rekanange ngire icyonkwisabira aba bantu bafashe umwanya wabo basoma banakugira inama si uko baba babuze ibyobakora niba hari ikintu umuntu yafashisha mugenziwe cyamugirira akamaro mubuzima,si amafaranga cyangwa se ubutunzi,ahubwo nukumuha ibitecyerezo bizima cyangwa byiza(Inama) byamufasha kwiyubakira ubuzima bwejo hazaza,rero uzibuke kugaruka gushimira aba bantu mugihe iz’inama zabo zizaba zaragize icyo zakumariye. Ariko ntikitabaho, uzigendere buheriheri nka wamuti wamerezayo.

  • Njye ndumva n’ubundi wari usanzwe uriindaya rwose.Komereza aho . Mbabajwe n’uwo wit umugabo wawe. Sha Bagabobarabona koko!

  • Njye ndumva n’ubundi wari usanzwe uri indaya mbere yo kurushinga! Komerezaaho rero wiryamanire n’iryo habara ryawe ntushobora kuzamureka. Gusa mbabajwe n’uwo wita umugabo wawe! Bagabobarabona koko! Kandi ubwo ujya useka abandi!

    • Kuvuga ngo urasenga ariko bikanga nuko wabishyize mu mutwe ,ijambo ry’Imana ritubwira ko tugomba gusenga mu kuri no mu mwuka ,rwose ntabwo usenga ahubwo wamenyereye Imana cyane ,harageze ngo wihane usabe Imana imbabazi ufate amasengesho y’umwihariko yo kw’iyiririza sinon urimo urikururira imivumo kuri wowe ku rugo rwawe no ku bana bawe .
      niba utumvise izi nama ntabwo Imana izakwihanganira izagushyira ku mugaragaro isi ikwote

      • pas du tout réconfortant. Imana si umuntu ncuti, irenze uko tuyitekereza, kandi ituzi kurusha uko twiyizi, izi intege nkeya za buri muntu kurusha uko uwo ari we ewse yazimenyerera. So Imana ihora yiteguye kdufata mu mugongo kuko si kubwo imbaraga zacu canke inama izarizo zose umuntu ava mu cyaha ahubwo ni ku bwa NYAGASA. So Madam komeza usenge ushikamye, Imana izabigukiza.

        • prayer
          31/05/2013

          Nukuri wakoze kugisha inama,abo Mwuka wera atarasobanurira satani uko akora birangoye rwose,rero satani we akoza isoni gusa!!!!niba usenga bwira Yesu wature icyo icyaho ko utakwishoboza uretse Yesu, ubikuye ku mutima wiyirize usengeee.kdi Imana nikiniswa!!!!mwuka wera atabare.

          • rwose inama bamwe bakugiriye nziza zo kumureka umubwirako umugabo wawe yatangiye kubikeka nibyo. tekereza kandi ko atari wowe gusa yaba asambanya akaba yanakwanduza sida maze nawe ukayanduza umugabo wawe hanyuma abana banyu bakazasigara arimpfubyi.bihagarike wihuse ahubwo uzajye no kwipimisha

    • ariko iyo umuntu asabye inama ntago uba ugomba kumutuka wowe wiyise maheru koko izina niryo mumtu. arakurusha ubutwari koko nibuze nubwo yananiwe kureka ikibi arabiziko arikibi kandi araharanira kucyireka ntuzongere guca itnege umuntu uri mumurongo mwiza nkuriya.

  • Muvandimwe reka nkugire inama hari zaburi ivuga ngo hahirwa abakurikiza amategeko yuhoraho none gusambana nitegeko rya gatandatu mumategeko y’Imana kandi gusambana Uhoraho arabyanga cyane kuko ari icyaha gikorerwa mumubiri inama nyinshi wazumvise ariko rwose gerageza wihe agaciro kuko nuwo mugabo agenda aguseka numwangira uzaba urokoye ubugingo bwe nubwawe ihane kuko iminsi nimikeya Umwami Yezu akaza guca imanza rwose ntazagusange mubusambanyi nizina ribi cyane

  • Umva nkubwire.uwububa abonwa nuhagaze buriya wagiraa ngo ntibizwi yewe n umugabo wawe wabona abikeka.ikindi kandi nuko ushobora kuba uri n umudamu nzi kuko hari umudamu duturanye umeze gutyo kandi we baherutse kubibwira umugabo we ariko arabihakana ngo aramwizera.abagabo uko bateye rero wa mudamu we iyo aguketse cyangwa bakabimubwira aguhisha ko hari icyo abiziho ubundi akagushakisha dore ko wowe binoroshye ubwo ari inshuti yuwo mugabo kandi bakorana uraraye ntiwiriwe .urarusenye pe kandi urabiziwari umeze neza niba uri wa wundi duturanye koko doreko nibyu uvuga byose binyereka ko bishoboka ko ari wowe nuko nanze kuvuga izina ryawe.
    Inama rero nta yindi rwose ihe agaciro ibyo si ibintu byu rwanda niba numugabo wawe atabikora neza wanamufasha erega ni ugufashanya muri ibyo bintu ariko ukabikora mu bwenge.
    Sawarero nkugiriye inama nk umuntu wumugabo nizere ko utazongera uhereye none kuko waba ushaka kutubabaza.Uwiteka abigufashemo.

  • umva ncuti ibagirwa uwo munyuracyanzu mbivuge kandi Imana usenga ikwereke ukuri.
    uzafate umunsi naguterefona aguha gahunda umutuke ibitutsi bibi yenda uzicuze nyuma.
    wanabwira umugabo wawe ko mugenzi we agutereta yenda kwanga gusenya ntumwerurire ariko byashoboka bagaca ubucuti kuko amuryarya.

    uri mukuru bihagije kuyoborwa n’irari ntibigukwiye. naho yaba akora neza ibyo wasezeranye urabizi kandi unyurwe deja ngo ufite abana!!!

  • Abantu batukana, muramuziza iki? N’ubuzima bwe bwite, n’ibyiyumvo bye bwite… kandi ashobora gukunda bombi kubera impamvu zitandukanye, icyo abura kuri umwe, akibona ku wundi…Ahubwo yirinde atazafatwa kuko niho ibibazo bizavuka, kandi nafatwa, cyangwa bakamwanga…ubuzima burakomeza azabyirengere skyi
    .

  • Nta kundi wabireka cyangwa ngo ubivemo uretse kubyerurira umugabo wawe ko wahemutse, akaguha imbabazi amaze kurakaraho gato.

  • Ukwiye kumenya ikintu kimwe gusa: INGARUKA y’ICYAHA NI URUPFU. Isubireho rero cyangwa impanda izakuvugireho.
    Kwisubiraho kandi, ni ukubireka, ugasaba imbabazi umugabo wawe ndetse n’umugore w’abandi.
    Umuseke namwe, izi nkuru mujye muzitondera, uwatanga ikirego against X, uru rubanza mwarujyamo pe.
    Ntimunyongere comment barabazi.

  • Rwose Abagabo nibamwe egere umugabo wawe mugihe muri kubonana umubwire ahagushimisha uwo abasha kugukorera ubundi mubyumvikaneho abigukorere neza niwo muti wo gucika kuwo mugabo kko urumvako haricyo arusha umugabo wawe.but nufasha umugabo wawe muzajyera kure.ubwo uhite uzinukwa uriya.kko ntacyo uzaba umukurikiyeho niyo Nama nakugira.

  • Ubu bigaragara ko wamazxe kwicuza, kandi ni wabisubira nyuma y’izi nama, yaba Imana cyangwa umugao wawe uzaba ubahemukira, kandi ushobora kuba wa munsi wa 40. kandi muvandimwe umubiri urashukana, umva nawe ko wigaya, bimara igihe kingana iki bikuryoheye? senga Imana izagufasha pe. kandi ntacyo bitwaye wihannye ku mugabo wawe. jye umugore wanjye yanyihannyeho ibyo yakoze byose ari umukobwa, ubu tubanye neza kandi amahoro n’umugisha iwacu siankubwira. kuko uwo ni UMUVUMO uri murugo rwanyu. ikindi ni uko wazabwira abasomyi icyo izi nama zakumariye.
    Be blessed

  • Ubu bigaragara ko wamaze kwicuza, kandi ni wabisubira nyuma y’izi nama, yaba Imana cyangwa umugao wawe uzaba ubahemukira, kandi ushobora kuba wa munsi wa 40. kandi muvandimwe umubiri urashukana, umva nawe ko wigaya, bimara igihe kingana iki bikuryoheye? senga Imana izagufasha pe. kandi ntacyo bitwaye wihannye ku mugabo wawe. jye umugore wanjye yanyihannyeho ibyo yakoze byose ari umukobwa, ubu tubanye neza kandi amahoro n’umugisha iwacu siankubwira. kuko uwo ni UMUVUMO uri murugo rwanyu. ikindi ni uko wazabwira abasomyi icyo izi nama zakumariye.
    Be blessed

  • Muraho?
    Nifuzaga kubasaba ko mwampera email yanjye uyu mudamu wanditse usaba inama kugira ngo azanyandikire duhure mugire inama kuko nizeye ko namufasha.
    Murakoze!

  • Sha jya wiryamira wenda wasanga nu wawe aryamana n’umukozi wo murugo cg umuturanyi.

  • Wamugore we wabajije ubusa ubusambanyi ntawutazi ko Ari icyaha senga usabe Imana imbabazi kuko izi ibyo wakoze byose yarakurebaga Niba kandi utabikoze iyodayimoni yubusambanyi izaguhoramo kandi ugiye kuzishyura ibyo wariye warahemutse cyane urihafi Gufatwa Niba utagiye kumana ngwikubabarire ibyawe biteye isoni nagahinda kuko UFite dayimoni yubusambanyi shaka Yezu niwe uzagukurayo wenyine nahubundi uragowe !!!!!!!!’

  • Ujya wibaza uko uwo muryamana atekereza umugabo wawe?Nubundi ni inshuti mbi ariko ibaze uko noneho wabisubije irudubi umunsi umuha ubwambure bwawe kandi aricyo kintu atagombaga kurwanira nabandi.warangiza ngo uramukunda?iyo uba umukunda wari kubona ko uwo mugabo atamukunda kandi atamwubaha hanyuma ukamurwanira ishyaka.
    naho rero banza ucyemure ikibazo kiri mu rugo cyatumye ujya guta ibara imbere y’umuhehesi.Si wowe habara rya mbere agize kandi si wowe wanyuma uri umwe mu bandi.
    ganira nuwo wagukoye cyane cyane ko imibonano ari ibiganiro.kuba atakunyura nawe ubifitemo uruhari harya ugarama gusa se uziko yamenya ibikunyura utabimubwiye.iyo uba warabanje kubikemura ntuba warirukiye mu ngeso mbi.muganire umwigishe ibyo ukunda kandi nawe umubaze niba anyurwa.ko muzi kwishyira hejuru se ubwirwa niki ko wowe umunyura ahubwo we akaba akurusha ubupfura akihangana akumva atasenya kubera ibyo.sinzi uko mubanye mutavugana ariko niba muzagumana bigomba guhinduka.naho ibyo kubyara umwana wa kabiri uzabe ubiretse:anytime ibyo ukora byagusenyera sinzi rero impamvu ushaka kongera umubare wabana uzajyana kwangara.ubwo se uba ubabyaye kuko ubakunze cg kuko utekereza ko bikenewe?niba utishimye mu rugo urimo ukaba utazi neza ko uzarugumamo winatekereza kubyariramo abandi bana.kwikunda bibagira inyamaswa ntimunatekereze ingaruka bigira ku bandi.

  • Sha, reka nkugire inama yoroshye kandi yihuta;

    Niyongera kuguhamagara, uzamwitabe umubwire ngo Wamusambanyi we utanyurwa nuwo washatse ntukongere kumpamagara ukundi wandaya we, uti imiti wampaye ntgikora. Uti uhereye none ntunzi sinkuzi. Maze ukupe. Ndakurahiye niyikakaza azongera rimwe numusubiza ibyambere azahita agutinya burundu

  • ese koko kuba warakoze ibyo none ukaba ushaka imbabazi z’Imana wabanje ugasaba imbabazi umugabo wawe imbabazi ukuri hafi kuko ndahamya ko y’akuvuyeho mugihe utari wemera gutera iyo ntabwe ngo ubyaturire umugabo wawe araho abishe nabo bakoze icyaha nkicyawe ariko ukwiye kubanza gusaba umuntu wahemukiye ubundi ugasaba Imana kuko wayihemukiye ubwo yaguhaga umugabo ugukwiye! naho ubundi urimo urushya abantu ngo bakugire inama ?ko utabagishije inama unjya kubikora?gusa ngushimiyeko wabonyeko wibeshye ugakora amahano nka yo Eve yakoreye Adam .gusa umugabo nyuma yibyo afite uburenganzi bwo kukubabarira cyagwa aka gusenda agashaka undi kuko uri uwo guhumanya abana mwabyaranye! cyakoze Imana ni inyembabazi yakubabarira mugihe umugabo yanze kukubabarira ariko ni ngobwa ngo ubanze ubyaturire umugabo wawe ndetse nabasaza bitorero usengeramo nibakoko nyuma yo kubabazwa ni bicumuro byawe ushaka gukorera ijuru! kandi bible ikavuga ngo ugume kuba igishubaziko niba umugabo wawe atakubabariye !kuko ntamugore uhamburwa kumasezerano y’umugabo we mugihe akiri muzima keretse apfuye nibwo ushobora gushakwa nundi mugabo ataribyo uri umusambanyi! ndore nkugiriye iyi nama ntakuzi gusa abavuze hejuru bagiye babica iruhande ntibakubwirako ugomba kubanza gusaba imbabazi umugabo wawe bakekako baba bagusenyeye ariko suko bible ivuga kuko inzira injya mwijuru irafunganye rero niba ibyijuru bigushishikaje hitamo umugabo akwirukane kurutako wakubakira kukinyoma!kandi niba ijuru ari ntacyo rikubwiye ubyihorere nubundi uraba warangije guhitamo guhishira icyaha aricyo SATANI SOBUJA!

  • Baca umugani ngo “Iyonnye ihoramo!” Rero madam ikuremo uwo mutima wo kumva ko wakoze amahano, twese tugira ahatunanira kandi Imana igakomeza kudukunda! Niyo yakuremye, izi intege nke zawe, jya uyisaba igufashe! Peace&Love

  • Umva rero wa mugore we, reka jye nkubwize ukuri ntakubeshye.

    Ubwo wahuye na dayimoni yitwa rubotu, iyo uhuye nayo urasambana kugeza ubyaye umwana utari uwu umugabo cg umugore. Umuti wonyine ni ugupfa ukabyarwa ubwa kabiri ukizwa cg ugapfa ugahambwa burundu ahubwo ikibabaje nuko ubwo numugabo wamaze kumwanduza kuko rubotu yandura Nka SIDA.

  • Genda wa mugore we ukunda ibintu, uzashobore utandukane n’umugabo wawe umuhe amahoro ujye kwicuruza cg ubireke wiyubahe.

  • Umva muvandi shaka uko wasiba number yawe muri 4ne ye maze urebe aho azagukura .

  • Ibyo mwavuze mwese bifite ishingiro, ariko kandi uwasabye inama niba akomeje koko nawe yateye intambwe yo kwishimira. Inama namugira n’uko 1.yabwira uwobaryamanye ko babireka yakwanga agasanga Umugabowe akamubwira ko aryamana n’inshuti ye bityo akaba asaba imbabazi 2. ibi mubwiye nanjye kubikora byangora ariko birashoboka kandi ndatekereza ko aribwo buryo rukumbi bwo kubicikaho.

  • Mushiki wacu komera ufate icyemezo kuko nibikomeza bizamenyekana. Kandi ari wowe uzasenya ari nuwo mugabo nawe azasenya. Iyo ni imigambi ya satani ituma utanyurwa n’umugabo wawe.Uwo mugabo n’uwawe ni kimwe ahubwo ni imikorere ya satani yo gutuma utanyurwa n’umugabo wawe ikakwereka ko ntacyo ashoboye.Gerageza usenge amasengesho yo kwiyiririza, ariko icyambere ugomba gukora ni ugusaba Imana imbabazi, ukarira ukaborogera Imana, kuko yo yiteguye kukubabarira nkuko twese yatubabariye kuko natwe twari abasambanyi abajura ,abasinzi…Imana yonyine niyo ibasha kugutabara ikakongerera imbaraga zo kunesha.Satani we arashaka kugukoza isoni, ni Imana ikibakingiye, itegereje ko mwihana, nimwanga kandi izabishira ku mugaragaro kandi uzamererwa nabi n’uwo mugabo ntacyo azakumarira ahubwo azahita aguhunga.Yesu akurinde arakomanga ngo ukingure umutima wawe yinjire musangire

  • Fata number ye uyishyire muri liste noir muri telephone yawe ntabwo azongera kuguhamagara ngo bicemo.uzaba umukize.Ikindi ni ukugerageza kugabanya kugenda ahantu mushobora guhurira cyangwa ngo naza murugo umuhe umwanya munini wo kuganira nawe.Ikindi kandi gerageza kumubwira ko utari akarima ke yihinamo uko ashaka.

  • komereza aho byararangiye ntigishira irongorwa kugeza igihe muzafatirwa nibwo bishoboka kubireka naho ubundi kimuhate mutarafatwa

  • ariko mwe kujya muca ibintu ku ruhande
    vuga ngo ndongorwa n’umugabo w’undi aho kuvuga ngo ndyamana n,umugabo w’undi.

  • Umugabo wawe Niba atabisomye Hano uwomusambane wawe yabisomye ihane vuba shaka Yezu agukize ubwobusambanyi humura arakubabarira ariko ntuzongere no Kurota GUSAMBANA .

  • JYA UMWIHERA SHA AKURYOHEREZE IBYO NTAHO BITABA, UMUGABO WAWE NABIMENYA UZAMUBWIRE NAWE ASANGE UMUGORE WE, UMUGABO CYANGWA UMUGORE NTABWOARI GEREZA.

  • Muvandimwe nshuti y’Imana, tekereza mugenzi wawe aliwe mugore w’uliya mugabo uhemukira utekereze n’umugabo wawe uca inyuma, kandi nawe ubwawe wavuzeko wumva uhemuka, maze urekere aho ibyo washatse warabibonye, ejo hazaza n’undi mugabo agusabe ko muryamana wemere ube ureruye ubaye kabwera kandi uli nyina w’abana, icyo gihe nta rutangira uzaba ugiye rwose

    . Fata icyemezo uhagalike ibyo bintu bishobora kugusenyera bitaretse mugenzi wawe aliwe mugore w’uliya mugabo. Ubu se umuntu yakwita mukande? Uli umugore w’abagabo babili!! Ihangane ureke kwikunda utekereze abo bose uhemukira maze usezere kuli iyo ngeso ejo utazayikuramo imbwa yiruka. Senga utisengesheje usabe Imana imbabazi n’imbaraga izagufasha kubireka no kugarukira umugabo wawe n’urugo rwawe. Nanjye ngiye kugusengera singuteye ibuye uli umuntu kandi igihe n’iki ngo ugarukire Imana n’umugabo wawe inzira zikigendwa.

  • Inama nakugira ni uko wabanza ukabireka mbere yuko wongera gusenga. kandi ugasaba umugabo wawe imbabazi. kuko iyo muri kumwe umuhishe ibyo bintu byose ukamubwira ko umukunda niko gupfuka igisebe kitogeje imbere. wamukoreye icyaha gikomeye.

  • muvandimwe icyaha cyubusambanyi nicyo cya1 kigora kureka ariko umuti wacyo nkukucyatura ukakivuga niyo utakibwira umugabo wawe ariko ukakibwira abandi uba ukojeje isoni Satani. wiyumviye ko wavuze amafuti wakoze abantu benshi bakugaye, abandi baraguseka ariko hari nabakugiriye inama.burya mu rwiherero haba amabi menshi ariko mumucyo haba byiza shyira kumugaragaro icyo wakoreye mumwijima uzakira.bye

  • ubusambanyi kubureka burarushya kuko bitera isoni cyane umuti ushaka gukira indwara arayirata buriya upfukamye ugasaba umugabo wawe imbabazi byahita bishira nubwo byakwangiza byinshi benshi banzeko bisenyuka ariko niba utabishobora shaka abandi ubaturire icyo wakoze uzaba wihannye witesheje agaciro ariko niho uzaba ukihaye. uzirinde kubwira abagore bo muri quartier urimo bazajya bagusebye. icyaha cy’ubusambanyi kiba mumwijima ntamucyo gikunda rero shyira ibintu mumucyo.bye

  • Ico nogohanura nikumwikura ntusubire kumvunviriza ivyo arikubarire,kuko niwaramukaumututse azohava abarira umugabo wawe kwariwewe wamurondera kandi wamugobereye,usange bikujaniye ingorane murugo.

  • Senga Imana, wature neza ibyo byose imbere y’Imana.Imana n’iyo mujyanama Mukuru.Icuze kandi uririre Imana kandi usenge kubera ko udatabawe n’imana abantu usaba inama ntacyo bakumarira na gato.

  • ni ubwo inama nyinshi wazigiriwe , ariko twagombye kwita ikibazo gituma uca inyuma uwo mwashakanye , nkeka ko niyo uwo mugabo wamureka washaka undi undi bitewe ni uko umugabo wawe atakuzeza mu mibonano mpuzabitsina , dore inama nakugira
    1. banza wature icyo kibazo ufite ku mugabo wawe ikimubwire kugirango agire icyo yikosora ho muri iyo domaine
    2. iyo couple yanyu muzegere muganga (geniclaugue) abagire inama

    3. nubona ntagihindutse uzake ubutane ushake ubishoboye naho ubundi ibyo uri gukora ni uguhemuka

    3. ibyo byose nibyanga uzareke uwo muco mubi maze ubiture imana

  • MURAHO, MUVADIMWE RERO WADUSABYE INAMA NONE KANKUGIRE INAMA KANDI NZIMA;
    1) NUG– USENGA IMANA ISHOBORA BYOSE IKAKWAMBIKA IMBARAGA NZOKUBIREKA.
    2) NUKWERURA UKABWIRA UMUGABO WAWE UKURI HANYUMA AKAGUHA IMBABAZI UKAMUSABA KUGUFASHA KUBIVAMO KUKO ABAGABO IYO AMENYE KO UMUGORE WE ASHOBORA KUMUBWINZA UKURI AGERAGEZA KUKUVUGANIRA AKIHANIZA WA MUGABO KANDI BAKAGUMA BAKABA ISHUTI.

  • ibiganza byera byabakozi b’Imana nibyo byagukiza imbaraga z’ubusambanyi kuko bwihambira k’umuntu dayimoni ibutera itwikwa n’imbaraga z’amasengesho atari ayawe kuko ayawe uri mu cyaha nta mbaraga afite ngaho ba mu nzu y’Imana ijambo ry’Imana rizagusanga rikubohore izo mbaraga ikindi nubaturwa uzamuhamirize ko wakijijwe uhindure telefone ye gukomeza kugutesha umutwe ushake icyatuma wegera umugabo wawe cyane n’abana bawe ikindi mbere y’uko icyaha cyinjira habanza amarenga umugabo ukwereka ko agukunda atari uwawe aba ashaka iki ntukabe umupfu ukwiriye kuzitira utaronerwa ndavuga nyuma yo kuva muri urwo rwobo

  • Yooooo!!!! Pole sana muvandimwe. Humura nta kidashoboka, gusa mbere yuko ngira icyo mvuga ndashaka kugira icyo nkwibariza. Kandi ndagerageza kugufasha uko nshoboye
    Muri bariya bagabo bombi ukunda uwuhe? Urukundo nta mupaka rugira ihangane umbwize ukuri kuko niyo nzira yo gukira
    Ese muraturanye?
    Mugihe utarabona uko ubigenza gerageza ube ugabanyije kubonana nawe cyane nubwo byakugora ariko bigerageze hanyuma icyo numva kindi nakumarira uzanyandikire kuri iyi adress. [email protected] hanyuma unansubize biriya bibazo nzagerageza kukugira inama. Ihangane kandi Imana igufashe

  • Imana iravuga ngo murabikora nkabihorera mukagira ngo mpwanye namwe,…nta mutima nama waremanywe se cg ntacyo ukubwira UKAKIRENGAGIZA? Nushaka ucukire aha kuko umunsi umujinya w’Imana wakumanukiye uzibaza icyo wavukiye ukibure,urasenyera mugenzi wawe Imana yaraguhaye umugabo atari uko ursha abandi ubwiza cg gusenga none uravuga , garukira aho kdi niba utabiretse rindira gato hari icyo uza kubonesha amaso yawe

  • ariko narumiwe niko wamugorewe winkozi yibibi uwomwana ufite mundase uziko yaba aruwumugabo wawe ? cyagwa nuwuwo musambanyi Mana we abagabo murarengana ubwose ngaye uwomugabo nkugaye nuko warakoze gusuzuguza Umugabo wawe numwana wawe wabyaye umvako yari nshuti yumugabo wawe sha twajya tureka guhemuka … ndumukobwa ariko numvako nicaka umugabo ntazakora icyaha cyumwanda muca inyuma nzagerageza kumwubahisha nancinyuma nzamusiga nibane ariko ntagiye kuyora ivu … Inama nakugira nugusenga Imana cyane kuko nisataniye yaguteye … uziyibaye warininkumi utarumubyeyi ufite umugabo ubikora uko ushatse doreko twebwe abakobwa tuba dufite namatsiko yokumva ukobimeze ariko tukihagararaho … Imana ikubabarire kuko watuye icyaha cyawe kandi ukiyeho burundu uhumugabo wawe urukundo nyarwo ndoreko buriya bariwaranamurambiye kuko wifatiraga ibintu handi sha

  • Iyemeze umubwire ko ibyo mwakoze bihagije ko udakemeye kubisubira kandi umubwire ko unamurambiwe guhora akugwisha mu cyah, ubumdi uti guhera ubu unyibagirwe nanjye sinzongera kugutekerez! niyongera kuguhamagara ntukitabe

  • Kubw’iyi nkuru,mfashe icyemezo gikomeye kuko nanjye mfite umugore n’abana kandi hari abandi Bagore n’Abakobwa twari dufatikanije izi ngeso mbi.Kuva iyi saha Imana inshoboze

  • Burya ugukunda kurusha abandi ni uwagushatse,kuko aba yaraguhisemo muri benshi.Uwo musambane lero ntagukunda kandi ntanakunda n’umugabo wawe kuko aramusuzugura,iyo umuntu agusambanyiriza umugore aba yaraguciye amazi;icyo agamije ni ukubasenyera.Fata icyemezo ku giti cyawe ureke icyo kiyobyabwenge,kandi umenye ko ngo n’uwendeye nyina munsi y’urutara yamenyekanye,umugabo wawe cg umugore we azatinda abafate. Niba wiyemeje kwirengera ingaruka ukomeze.Gusambana n’umuntu wubatse ni icyaha ndengakamere,ese ubwo ejo umugabo wawe agiye gukorera mu mahanga ntimwakwerura ku mugaragaro? Ngo agapfa kaburiwe ni …..

  • Uyu mugore aratubeshya, ntabwo akunda umugabo we. Azabanze abaze urukundo icyo ari cyo. Niba ajunda umugabo we kuki adahimbazwa no kumushimisha?

  • please call this number for more informations:
    252570726

  • BIRYOHA BISANGIWE MADAM NTUGIRE SHIDA KOMEZA. BURIYA UKURYOHEREZA WARAMUBONYE

  • byonyine kuba yumva ko uwo mussambane we( SHITANI) abikora neza kurusha umugabo we nikibazo, bigaragara ko umugabo we yari yaramupfubije, none ntacyintu nakimwe wamugiraho inama, kuko niruharwa uwo mugore, ahubwo we niyumvire UMUTIMA NAMA WE, nahotwe nibundi ujya kujyayo ntiwatugishije inama, uko wagiyeyo ninako uzavayo, jyu ugabanya imitwe bana, nimpuhwe se ? wakagobye gutekereza mbere yo guhubuka, uwo muco ntukubereye kd ntagatukije izina ry Imana niryo kubahwa ntabwo ariryo gukiniraho

  • umva muvandi icyo umutima wawe ukubwira kora icyo kuko nicyo cy’ukuri kdi utekere ingaruka numara kwisenyera urumva umwana wawe nawe ntacyere cyezo uzaba umuhaye nsigaho utazatera abawe agahinda nawe utiretse.

  • AKARIMA KATAGARAGAZA UBWONE NTIGATERANYA ABAVANDIMWE! NIBA AKUNEZEZA KURUSHA UWAWE UZAKOMEZE UMWIHERE ARIKO MUZABIKORANE IBANGA

  • ubwo ni uburaya,byakunanije iki se?uzabanze umunyeko umugabo wawe akwiriye kugira agaciro,kandi nawe ukwiriye kugira agacyiro ataribyo rero ntarukundo cyangwa impuhwe ufitiye ton epoux(umugabo wawe)wigisha imana banza unayigire mbere icyibigutera!!/

  • yoo ihangane pe,kuko wasanga abagutera amabuye ari bake!!sha reka nkwihere inkunga wadusabye,kuba watura ukavuga icyo kintu,haracyari ibyiringiro, dore umuti,1 ibuka imiryango yanyu ninshuti zanyu urimo guhemukira,2 ibuka abanabanyu harimo nuwo urimunda urimo kubareba,3 noneho wibuke isezerano wagiranye numugabo wawe mwaba mwarasezeranye mutara sezeranye ariko haribyo mwavuganye, ariko noneho akarusho, cabugufi utekereze kumana yawe,yoooo!!!!!, mana mubabarire kandi umuhe imbaraga! maze ushushanye ukuntu igukunda, wibuke umwakawose ikureba ikavuga iti ahowenda ejo yazangarukira, nshuti reka igihe kibe iki, dore intwaro niyi, fata igihe wiyirize uge imbere yisumba byose maze uyisabe imbabazi uyicire bugufikoko, doreko wayibabaje cyane, kandi ubikore wibukako ihora irikuntebe yimbabazi, nimba utarimukazi kakuzirika utangire wiherere ndetse niyonyagwa ya phon uyikureho, gusa ubikorane ubwenge nimba numugabo wawe atarwanya gusenga ubimubwire, kugirango atakubura, ndizerako ibyo mukeneye gusengera iwanyu aribyinshi cyangwa gushima, kuburyo ataringomwa kumubwira icyo kibazo,izakubabarira, maze uyisabe nimbaraga zokuva muruwo mwanda, niyo yonyine yagushoboza, ijamboryayo ngo ntanakimwe itashobora, kandi ibyo byose ubikorane kwizera, nange nkuhaye impunga yo kugusengera ge numuryango wange, imama igushoboze.

  • Madam,ese niba warumvise umugabo wawe atagushimisha kuki utabimuganirije ngo mubikemure ko gutera akabariro ari ibya babiri kandi iyo biganiriweho rwose bigenda neza, ariko ukihutira kujya kumuca inyuma? Pls, hakanira uwo mugabo hanyuma uganire nuwo mwashakanye.

  • Umva Madamu we, uriya mugabo uzamubwire ko wavuye kwipimisha ugasanga yaraguteye Sida/HIV kandi ko munama muganga yakugiriye yakubujije kuzongera kuryamana nawe kuko byakongerera ubukana, inama iruta iyo ushaka niyihe?

  • Ok, mushatse mwarekeraho.ibyo twashakagatwabyumvise.Gusa, benshi muremeza ko gusenga byafasha, abandi muti nafate ibyemezo byinshi bitandukanye. ariko umuti urahari, nta muntu udashyukwa or udashyukwa ni ikiremba.

  • Ariko narumiwe koko!! ukurikije coment ziciye aha, abantu barashize !! uyu abaye intwari arabivuga ariko aba bose bakugira inama nibisenzegeri.
    Njyewe nakugira inama yo kwisengera kandi ukamubwiza ukuri ko mugomba kubivamo sinon bizasenya ubucuti bwanyumwese. ese ubwo ubwirwa niki ko umugabo wawe adasambana nuwo mugore wundi ?? sha izo ngo zubakiye ku bisasu onytime kizaturika tu!!!

  • Intege nkeya wagize n’abandi bazigira ariko tinyuka mukinyabupfura uwo mugabo umubwire ko igihe cyo gukora amakosa mwakirangije! tekereza nk’ubwo ibyo agukorera niba abikorera n’abandi ejo akakwanduza SIDA .. tinyuka uvuge hoya !
    Niba bikunaniye tangira ubike ayo kugura inobyi gusa intambwe wateye ni nziza.

  • Ndaguhamiriza ukuri ko Imana ishobora byose. ishobora kuguha izo mbaraga kdi ibyo ntibikurwaho ni ikindi kuko uwo ni umudayimoni ukwirukaho uhiga ubugingo bwawe bikurwaho no kwiyiriza ubusa no gusenga.Ubusambanyi ni bubi cyane bukurura umuvumo k’umuryango bukurura karande n’imikoshi kubana ubyaye kuko baravuga ngo iyo usambanye ni umuntu abadayimoni, imyaku,bimurimo bikuzaho byose. Icyaha cy’ubusambanyi gitandukanye n’ibindi byaha kuko ni icyaha gikorerwa imbere mu mubiri mu buzima bw’umuntu. Njye nakugira inama yo kwegera umupasiteri ariko ukijwe wuzuye imbaraga z’Imana akagusengera bakagukorera delivrance kuko hari akazitiro satani akuboheyemo kumwikura rero ni ugutabaza imbaraga z’abantu buzuye imbaraga z’Imana.Imana ikube hafi

  • Yesu(Yezu) yaruha ye. Mwirirwa mutandaraje amaguru. Ngo ndasenga ngo mana ngo yesu. warangiza ngo kabiri mukwezi ngatandaraza cyangwa ngahena. Ikibabababaje ni uko niyo murimo muyirimbira amagambo muba muvuga mubaba muvuga Yesu we( haahah) muzabona ishyano. Hari uwonzi wirwa azenguruka insengero kandi ari indaya. yamenya ko bamenye ko ari indaya akajya murundi rusengero. Yesu tumwihishamo kandi shitani yarabigaruriye

  • icyo nakubwira biragaragarako kumureka byakunaniye no kumwikuramo byanze rero erura uvuge ukuri kuko njye ndi jmugabo wawe nkabimenya twakwicana kuvuga ukuri bikemura byinshi kd burya ntwe twese twese tuziko umubiri ugora bimubwire nawe agufashe kandi nawe ugerageze wishyiremo ko umugabo wawe ariwe wa mbere kuruta abandi ureke kwishyira ibindi mumutwe ntacyo afite kiza cyaruta icy’umugabo wawe !”eeeeeh manaweeeee ukunda ibintupeeeee!!!!!!!!!!!!!

  • Dore inama irimo ikoranabuhanga BLACKLIST HIS NUMBER.ubundi wigire umuntu usa nkaho utamuzi,nawe naguhamara inshuri zirenze imwe phone ivaho azatekereza ko wa mwikuye mo maze nawe bimutere guseba akureke
    mbaye mbashimiye
    uko muzakira iyi nama.
    bye.

  • uzamubwire asibe mumero yawe muri telephone ye kandi ntazongere kuguhamagra nawe kandi uzabigenze gutyo kandi nanjya aza gusura mushuti we aho ujye ureba uturimo uhugiramo kugiramgo mutarebana cyane

  • ndumva inama arinyinshi,gusa kurinjewe numva wabanza ukamenya ikikwatira kuriwe,kuko ikintu ntumva neza nuburyo aguhamagara ati ngwino duhurire aha ukagenda ntakibazo ufite,soit iyo mukora rapport sexuel arakunezeza kurusha uko umugabo wawe akunezeza.gusa nkuko abambanjirije babivuze fata umwanya urebe ikntu kikwatira kuriwe hama ufate igihe usenge ubishizeho umutima nzineza ko Imana izagufasha.cg ufate ugure simcard nshansha nuko ikibazo wasanga number ziwe warazifashe mumutwe kurusha izumugabo wawe.

  • Umukinnyi yakugiriye inama nziza. Naho uretse no kubibwira umugabo wawe n’inyoni iguruka ntizabimenye kandi uwo mubikorana ntazivamo. Niba uri umukrisitu uzasabe imbabazi Imana. Ese waganiriye n’uwawe ukamwereka uko wifuza ko byicwa no kutaganira. Wararebye usanga undi hari ibitangaza akora ? Kandi umubwiye ibigushimisha nawe byamushimisha bikaba mahwi.

  • amasengesho ni meza kandi arafasha rwose ku bantu benshi bemera imana, ariko ugomb ano gushaka umuganga wumu psychologue mu bya sexe, kuko hari ikintu ufite muri wowe utavuga, kibigutera, birashoboka ko bituruka mu mikurire yawe, murugo rwawe se cyangwa kamere yawe, ibyo muganga nabikubaza uzamubwize ukuri nibwo umuti uzawubona naho ubundi uri mukaga kuko icyo cyaha cyidahishwa igihe kirekire…wabona hari n’abazi uko muhura 02 mu kwezi wowe uzi ngo ntawubizi…..gerageza vuba ushake muganga nkubwiye ,gukira kwawe bizauruka kuko wamenye icyabiguteye niba atariko warusanzwe…

  • Ntiwicire cyane urubanza wumva ko ntagaruriro ,Humura igihe ntikirarenga.Wirinde cyane udasenya umuryango ukababaza abana iteka,Hari icyo wakora.MENYA KO KUBA WEMEYE GUTAMBUTSA IGITEKEREZO CYAWE KURI URU RUBUGA IMANA IKIKWEMERA.Send your email to the given email adress.

  • Ahubwo se jye nakubona gute ngo nanjye numve icyanga, erega ibyo wakoze si ingeso ahubwo ni umuco

  • Mme nti uri indaya kuko hafi abagore bose b’ikigali barabikora kandi siko bitwa indaya. Icyo mbona ni uko kubireka, igihe cyse waba ukimwumva cyangwa ukibasha kumubona, ntibyagushobokera. Ahubwo icyakuruha umutima cg kikaguha umuhurwe ni uko famille zombi mwahurira ahantu basambanira mugakora “wife swaping” n’umugabo wawe akarongora k’umugore wuwo mucutiwe wenda hari igihe bahuza bakaryoherana maze byaba ngombwa mukagurana burundu.

  • Ikosa warikoze mbere aho warengaga ku nshingano zawe,numvishe abantu,baguha umuti ,ariko ku cyibazo nkicyo umuti wa mbere uri muri wowe,nuko ugomba kubwira uwo mugabo ko mwembi mwahemutse bihagije ko mukwiye kurekera aho,atabyemera wowe ukamubwira ko utazongera kubikora,icya kabili nobwo wavuze ngo ntiwizera abantu ,byanze ni ngombwa ko haruwo ugomba kubwira ikibazo cyawe ,kugirango umusabe ahinduke nk’umurinzi wawe igihe cyose uwo mugabo aguhamagaye ukumva kwihangana biranze nawe ugahita ubimubwira ,kugirango agufashe kubangamira ,izo gahunda zanyu gutyo gutyo ,bizagenda bicika intege ugeraho,ugire ubushobozi bwo kuba yaguhamagara,ntiwumvire icyo akubwira,kuko icyo nikibazo giterwa nuko ubwonko bwamaze kubimenyera kubera igihe ibimazemo bisaba ko noneho muri wowe haboneka ikindi gitekerezo,gisimbura icyo kuburyo ibyo bicika intege,mu bwonko bwawe ntibibe ,bikikugiraho uruhare,byanze ibyo nkubwiye,birasaba gufata umugabo wawe ukabimubwira ,nubwo ikibazo kizavuka,kizageraho gishire,kuko nawe uzaba wiyemeje kubireka burundu kuko kuva ukimara kubimubwira we azaba umurinzi wawe ukomeye ,kandi nawamugabo namenya ko yabimenye ntazagaruka

  • Umva mama, ihangane kuko urakomerewe, burya niba hari ikintu kibi ni ukubura amahoro yo mu mutima. Gusa icyo navuga hari uburyo bwinshi umuntu ashobora guterwamo, ataba maso agatsindwa igitego. Ushobora kugirana ikibazo numugabo wawe shitani akabiheraho mu ntege nkeya wagize akahagufatira ukisanga wacumuye, hari uburyo bwinshi wakoresha ukava mu kibazo hatabayeho gucumura mama, inama ya mbere ni ugusenga cyane imbaraga zo mu Ijuru zikanesha iz`i kuzimu kuko hari ikintu kigukurura kandi ufite umutima uca bugufi kuko umara kubikora ukakurya. Hari impamvu rero nubwo bigutwaza igitugu, nubwo bikurusha imbaraga ariko Imana iragukunda. Mu ngo haberamo ibintu byinshi ariko ngewe ndi umumama, nahuye nibibazo byinshi bikomeye, mbona umugabo unkunda ariko afite urundi rugo umutima wange urwana intambara nyinshi cyane ariko iyo ngiye kuneshwa nerekeza umutima wange ku bintu byinshi Imana yankoreye ngakomezwa nabyo atari uko ngiriye umugabo kuko we ankorera byinshi byigeze no gutuma ntekereza kwiyahura ahubwo ari ubumwe mfitanye n`Imana ireba mu mutima. Wowe rero ibyawe biroroshye reka nkwereke icyo uzakora kugirango uneshe izo mbaraga zigukurura kandi zikakunesha. Niba umugabo wawe nta kibazo mufitanye, ukomeze umukunde, utekereze abana bawe na avenir yabo, ukore ibintu biteza urugo rwanyu imbere wirinde ikintu gituma wicara mu rugo surtout uri wenyine ugire ibintu byinshi bikocupa buge bwira unaniwe ubyuke wirirwe utyo bwongere bwire unaniwe kandi usenge uhambirize imbaraga z`umwanzi zikorera muri uriya mugabo nawe azagere aho arambirwe kuguhamagara. Ntuzamutuke hari coments nasomye bakubwira ngo uzamwiyame ngo wa musambanyi we oyaaaa, uzamuvugishe neza nikinyabupfura, nyuma nibitindaaaaaa uzamwerurire ko ibyo mwakoze byose wabyihannye kandi Imana yakubabariye kandi uzakire imbabazi nuzisaba ubikuye ku mutima uzabohoka. Hari igihe ureba uburenere by`icyaha wakoze umutima ukakwemeza ko nta mbabazi wabonye ariko Imana n`Imana si umuntu ikibi ni uguhora ubisubiramo gutyo. Iyo nkumenya ngo tuganire turi kumwe sha, gusa sinzi niba muri iyi si ya Rurema hari umuntu wo kwizerwa waganiriza ibintu bikomeye gutyo ngo abike ibanga kuko ngewe ndabazi umuntu abwira kandi yari abizeye agasanga byamutanze iwe. uzashishoze kabisa jyewe naprefera kwidecida numutima wawe ugafata ikemezo kuko isi yararangiye kabisa. Ugubwe neza mama kandi Yesu aragukunda.

  • MUgenzi wanjye, icyo ni ikibazo gikomeye, ariko cyoroshye cyane kugikemura. Ibyo gusambana bibaho,ariko kuko utekereza kandi nibyo ko ari bibi ushaka kubireka uzabireke. Niba uwo mugabo akubwira ko umuryohereza, uramuzi ,uzi n’ibyo atunze. Uzamusabe ibyo adashobora kubona, nabibura wivumbure.Urugero, niba ahembwa 500.000, uzamusabe akugurize miliyoni 10, nabikora uzimwambure, nibimunanira umureke

  • uzakomeze umwihere niba muryoheranye sha, igihe nikigera muzafatana nka babandi ba Gikondo

  • Niba ushaka kubabarirwa kandi ugakizwa wowe egera uwo mwashakanye ubimubwire kandi ubisabire imbabazi arakubabarira, kandi uraba ubonye imbabazi nimbaraga zokumwamagana ku mugaragaro ufatanije n’uwomwashakanye

  • Icyabwira umugabo wawe nkaza kumwitwarira kuko wamufashe nabi, kandi hanzaha turabashonje.

  • Komera ku masezerano wagiranye n’uwo mwakundanye; niba uri umu catholique, iyambaze Umubyeyi udukunda twese Bikira Mariya unyuze inzira ya ROSARI. Azagufasha ni ukuri uzakira.

  • Mugenzi nkunda muri Cristo,nagira nkumenyesheko iyo ngoranr ifise benshi cane mugabo bataronka umutima wo kwigaya,ko rero wewe wamaze kubaza umutima kenshi hama ukabigaya imana igira igukize kandi nta nkeka urakira. Nagira ngusabe uze ufate umwanya ukwiye wibuke fiancaille ya mwe n’umugabo w’indowa ,ice wongera wibuke amasezerano mwagize nawe imbere y’imana n’abantu hama uce wibuka ingene isaka na rebeka basezeranye kubana amahoro kandi imana ikabahezagira. None ga mugenzi twese dufise abagenzi benshi kandi birashika ukipfuza ko mwohura n’umuntu mukayqga mbere ukipfuza nuko mworyamana mugabo ugarutse ukaraba madamu wawe ingene ubu umuhemukiye n’umwana mwavyaranye mwahawe n’imana ugaca ubona ko ari ingorane kuko kurenga ibigo bizana umuvumo n’ingorane mumuryqngo. Rero ncuti yanje nkunda kuko uri munzira yo jewe sinoguhanura kumutuka mugabo urafata umwanya umubwuze ukuri udatinya nimba ariwe akurondera uti j’en est assez sinkwanka mugabo narahemukiye mon epouse w’isezerano asubiye kuguhamagara uze ujane n’umwana wawe uce umubwira uti sinzongera guhemukira uyu mwana kandi uze umwitabe uko wahora en tout cas il va être surpris et te demandera pourquoi avez-vous fait ça? il sera l’occasion de lui dire la vérité en ce qui concerne votre cas.concernant ton vrai Mari,créer des occasions pour être ensemble plusieurs jours afin de créer un amour chérissant et aura une réponse mais n’oublier pas de mettre la prière devant tout ce que tu fera. Si non vous n’êtes pas la celle a connaitre ce problème. Pour vous,je vous dit franchement que votre problème sera résolu très proche prochainement par la grâce de Dieu.

  • yewe uri kurushya abantu kubusa,mbwa mbere wavuze ko uwo mugabo akuryohereza kurusha uwawe banza ushyire kumunza hagati y’uburyohe no kubaka urugo, ikindi umenye ko ukenera uburyo kubera ko uba uri kumugabo wagushatse,ese uwo mwana uvuga mugiye kubyara we ni uwande ubwo si uwiryo habara!nyabuneka dutekereze kabiri mbere yo gufata imyanzuro.

  • MUVANDIMWE GIRA UBUTWARI NK’UKO UMUTIMA WAWE UBIKUBWIRA,HAMAGARA UWO MUGABO UMUMENYESHEKO IBYO MWAKOZE UBIMUSABIYE IMBABAZI KO WEMEYE GUHA iMANA UBUGINGO BWAWE NDETSE KO UTAZONGERA GUCA INYUMA UMUGABO WAWE.NATABYEMERA UZAMUREKE NDETSE NIYONGERA KUGUHAMAGARA UZAMUBWIRWE KO UZABIBWIRA UMUGABO WAWE.IMANA IZAGUSHOBOZE AMEN

  • Ndabwira wowe Mugore uca inyuma y’uwo mwashakanye :Uzahitemo uwo mwari musanganwe mukora amabi cyangwa ukomezanye n’umugabo wawe , ese telefone si wowe uyitaba , ese hari ingufu agushyiraho , ushoborao kuba utanyurwa n’umugabo wawe ahubwo uri umunyerari cg ushukwa wenda n’udufaranga umugabo wawe akaba akennye .nibyo tuziho abagore benshi.uzagerageze kwihesha agaciro, ibyo ntabwo bigombera gusenga.

  • genda wa gishoshwe we ,nuko ntawundiurakujyaho,uzabakunda bose.

  • Hello Basomyi

    Uyu mugore afite ikibazo gikomeye kuko akwiriye kwicara agatekereza ku kintu kimwe buriya siwe wenyine uriya mugabo asambanya afite n’izindi ndaya nkawe , muri zo zifite abandi Bakiriya b’abasinzi b’abasambanyi , noneho ushobora gusanga n’umugore wa musambane we nawe yihengeka agatanga ibintu ! why not wanasanga n’umugabo wawe nawe adahenjura uwo mugore nkuko nawe baguhenjura , hano icyo nshaka kukwereka ni uburyo uri gukurura SIDA mu rugo rwawe ukazapfa abana bawe bakaba Mayibobo kubera uburaya bwaweee.
    None rero fata umwanya wihane usenge ureke ubuhehesi nurangiza utekereze icyo umugabo wawe akumariye hanyuma nicyo ugamije imbere yawe ugamije gusaza neza ukina n’abuzukuru cyangwa gupfa uhitwa ukorora urwaye ZOna igituntu mbese SIDA .
    Kandi humura tuzagusengera wihane .

  • utaranigwa agaramye agirango ijuru riri hafi,kandi inkoni ikubise mukeba uyirenza urugo.Kwishyira mu mwanya w’abandi bishobora gufasha umuntu wese wasomye iyi nkuru.ikindi ni uko umubaji w’imitima atayiringanije.Abafite imiryango namwe muzayigira ntimuzi ejo hanyu.Wowe ufite iki kibazo kandi koko wifuza kukivamo ni ukuri uzabireka ntuzigere na rimwe upfobya imihati ushyiraho kugirango ubihagarike ,Imana ibona iyo mihati yawe.kwinjira mu kamashu kw’imbeba birayorohera ariko gusohokamo birayigora.

  • uwo uryamana nawe niwe wita inshuti y’umugabo wawe?ntasoni?uziko mwasaze?ahubwo ko arumugome wo murwego rw’imena? Umva ahubwo niba ushaka ko umugabo wawe abaho, ubireke kuko ikizakurikira azicwa urwo atazi kugirango bakwegukane!!!

  • watubeshye ngo ukunda umugabo wawe wapi ntumukunda nagato ahubwo ukunda iyo ndaya yawe ikiza kurikiraho nutabireka ikiza kurikiraho uzakirengere.

  • NSHUTI YA KRISTO UFITE IKIGERAGEZO KITOROSHYE KUKO WAMAZE KWINJIZA MU BWONKO BWAWE URIYA MUSAMBANYI ARIKO HUMURA YESU ARAKUZI KANDI ARAGUKUNDA WIBUKE NEZA KO HARI UNDI MUHABARA YABABARIYE BARI BAGIYE KUMUTERA AMABUYE! NAWE RERO INAMA NAKUGIRA MUHUNGIREHO BY’UKURI ARAGUKIZA KANDI NUMARA KWIHANA UZAJYE MURI KORALI BIZATUMA UKUNDA G– USENGA BYUZUYE NO GUHORA UFITE GAHUNDA KU I TORERO RYAWE KUKO BURIYA AKUBONA UKO AKWIFUJE KUKO UFITE UMWANYA UPFA UBUSA .YEZU AGUFASHE KUBYUMVA

  • Ni iki cyemeza ko atari wowe umushuka?

  • Uri indaya rwose nonese kuki uvuga ko abikora kurusha uwawe,komeza gusa umenye ko Imana ikureba nubwo mubikora mwihishe.

  • Umukinnyi arakugira inama iruta izindi. Uwakubwiye ngo uzasabe imbabazi umugabo wawe ntumwumvire.Ndetse n’inyoni iguruka ntizabimenye.Ibanga ni irya babiri kandi uwo musambane wawe ntazivamo.Ubihagarike burundu ntuzongere kubikinisha.Wegereye umugabo wawe ukamubwira ibigushimisha nawe yabikora nk’uwo wundi.Ikibazo kiri mu buryo.Si ubunini,ubugari cyangwa uburebure.

  • Umvu nshuti hari umuntu ukubwiye umuti nyawo uriya mugabo ntuza muhamagare kuko numuhamagara uzahita ubura imbaraga zo kumubwira umugambi wawe wowe andika sms uti nkunda umugabo wanjye naseze ranye nawe ko tuzajya tubwizanya ukuri none nara muhemukiye igihe kirekire ariko kuvubu nfashe ikemezo cyo kumubwiza ukuri kubyo namuhe mukiyemo byose musabe imbabazi,none ntuzongere kuntekereza ukundi niwumva unkeneye ujye ubanza ubaze umugabo wanjye kuko nanjye numpamagara ibyo uza mbwira nza hita mubaza ko wa bimubwiye. NB Ntumuhamara koresha msg ibihe byiza

  • Ko ugitanga nanjye wazanyihereye, urabeshya uri indaya mba ndoga sogokuru. Utuye he se nzaze kukureba unyihere ko numva umushyukwe umereye nabi? See you soon.

  • KANDI UBONYE WANDUYE SIDA WARARA UKANUYE UGIRANGO NI IBIKINO SHA, IMMANA YAGUHAYE UMUGABO KANDI SINSHIDIKANYA KO YITONDA, ARITONDA RWOSE KUKO IYO ABA ARI IBANDI NKAWE MUBA MUGWA MISWI NONE YARAKWIHOREYE YIBWIRAKO NAWE URI NKAWE NONE HAGARARA UZAMUZANIRE SIDA MAZE UCANGANYIKIRWE. KANDI IZI NAMA ZOSE TUKUGIRA SI UKO NTABINDI BYO KWANDIKA TWABUZE AHUBWO SHYIRA UBWENGE KU GIHE WIYUBAHIRIZE WOWE N’URUGO RWAWE IMMANA YAGUHAYE UFATE IMYANZURO IFATIKA NAHO UBUNDI TWARAKUBWIYE BYINSHI HANO KU RUBUGA. HARI ABAGUTUTSE HARI ABABABAYE, HARI N’ABIFUZA KO UKIRA IYO NGESO.

  • Ndagushimiye cyane kuko utihereranye iyo kabutinddi y’icyaha,ahubwo ugasaba inama.

    1.Tekerereza umugabo wawe ibyakubayeho
    2.Saba umugabo wawe imbabazi
    3.Niba asenga nibwo ibyo yose mvuze uzabimubwira.
    4Niba adasenga jyenda wegere umuyobozi w’itoero usengeramo umugishe inama kandi ubimubwire.
    4Fata phone yawe wandikire umusambane wawe ko wabibwiye umugabo wawe kandi ko yakwirukanye wumve ko hari impuhwe nanke agufitiye.
    5.Mubwire ko ugiye no gusaba umugore we imbabazi ko wamuhemukiye mugihe yagusabaga ko muryamana maze ukabyemera wumve ko agira umutima w’abantu.
    6Niba wari usanzwe indaya na mbere fata iminsi 2usenga wiyirize ubusa kuko ibyo nakaga kakugwiriye ntubikinishe kandi usabe inkunga y’amasengesho.

  • agahwa kari kuwundi karahandurika yabasabye inama atayobewe ko aca inyuma uwo bashakanye kandi ashaka kubireka ikindi abamubwira ngo azange gufata tel ye mwibuka ko ariwe ari numugore ari inshuti za famille nonese ntazaza kubasura ikindi umugore wuwo mugabo se we nabona umugore batakivugana ntazabyibazaho?ndetse numugabo wuyu mudamme?mbese gukupa contact byo mubyibagirwe kuko bazahuzwa nabo bashakanye inama ngewe namugira ninto cyane ni ukubiganira nuwo mucuti we bagashaka aho bahurira ntanonganya bombi bakabiganiraho bakigaya umugore akamubwira ko bimubangamiye yumva ntamahoro bimuha akamusaba ko babihagarika burundu ko baca inyuma abo bashakanye buhoro buhoro umugore nabishyiramo intege bizagenda biza gusa simushyigikiye ariko twese ntitumwihe kuko ni umuntu yambaye umubiri ashobora gukunda yarashakanye numugabo cg numugore kubera impamvu zitandukanye ahanini bitewe nuwo mwashakanye wumvise ko nkuyu mugore avuga ati nubwo arusha umugabo wange kubikora erega mungo uyu munsi harimo ibibazo byinshi bitandukanye gusa tugerageze kunyurwa nibyo dufite naho ubundi twahora dushaka itandukaniro nka byabindi ngo umwana utarya ahandi agirango ni nyina uzi guteka gusa;ikindi navuga nuko gushakana numuntu mukundanye bidakuraho urukundo kuriki gihe biragoye keretse habonetse umuganga yhita agukuramo inyama ikunda naho ubundi impamvu zabaye nyinshi zibitera ubikora gusa madamme ndakwinginze bivemo kuko akari kera bazabacakira kandi nusenya uwo mugabo ntazagushaka kuko wabona abanye neza numugore we cg anaryoshye kukurusha uretse ko byo ntabikeka kuko iyo aryoha ntiyakurongora kabiri mukwezi nukuri ayo matours ni menshi ku mugore utakoye kandi twe iyo dufashe abagabo bacu basambana turabababarira niho dutandukaniye nabo so we umugore azamubabarira wowe umugabo akwirukane gerageza buhoro buhoro bizashira merci.

  • Njye nukuri nunva wakomeza ukamuha buriya ubwo urangiza ukigaya harigihe kimwe uzigaya wigaye maze ukamuzinukwa wajya unamubona ukunva isesemi. gusa ubu kuva utaragera kukuzinukwa komeza umuhe tu.

  • mwiriwe neza jye inama nakugira nuko burigihe uhuye numutego nkuwo ugomba kwibuka isezerano wagiranye numugabo wawe mwabanye ntagahato mwabanye mukundanye ugatekereza uti ese ibi ngiye gukora ari umugabo wanjye ubikoze nakumva mezente nu mara kumvako byakubabaza nzi neza ko utabikora ariko ntuzambeshye ko waba ukunda umugabo wawe ngu kore icyo cyaha ni wumva ukoze icyaha nkicyo ujye umenya ko wisenyeye urwo wubatse imana yonyine niyo yaguha umutima wo gutinya icyaha kuko kugezubu ntutinya guhemuka ntutinya icyaha

  • Mada,uwo mugabo musambana umwita inshuti yurugo ahubwo niwe wanzi wambere wurugo rwanyu, ese mwaba mukoresha na ka prudence nibura?ese waba waripimishije hamwe nuwo musambane wawe?uziko buriya arwaye arukugira ngo mumere kimwe? mbabarira wowe ugende wipimishe nusanga utarandura ushime imana kuko niyo ntego yuwo mugome.kandi uhite ubireka pe!

  • Yewe, madamu. Niba umutimanama wawe ukubwira ko gusambana ari bibi kandi ukaba uzi ko n’Imana yanga ingespo mbi nk’izo, uragisha inama y’iki? Umuti wawubonye. Ahasigaye ni ukuwunywa. Urarura birumvikana. Ariko amaherezo uzawumenyera.

    Njye mbona rwose nta nama ukeneye.

  • aha..nzibera umufrere da..ibyo gushaka ndabona ari danger!

  • muraho mwene data,nakugereranya n;umuntu unywa itabi aho avuga ko ejo atazongera.hagera akongera,inama yambere n’ugusiba inomero ye muri tel yawe,icyo nzi cyo uriyizi mu mutwe,reka kuyitaba,ikindi gerageza kwegera umugabo wawe kurusha uko bisanzwe,ikindi mugitanda,mugihe murimo mutera akabariro n’umugabo wawe wisezerano wumve ko ariwe ukunyuze ntugerageza kumugereranya niyo ndayi.gerageza niba ushaka kubaka.imana ikurinde.

  • Muvandimwe, uzashake akanya uganire n’umugabo wawe ku bitakunyura kugirango utazajya kubishakira ahandi, hanyuma ujye kwa Yezu Nyir’Impuhwe bazaguha umuntu uguherekeza kandi anagusabire,uzanafashwa ku wo wabwira kuko wabwira uwawe cg uwo muryamana nta wamenya ko bitagusenyera. Icya ngombwa ni icyemezo Uzafata kandi kukigumaho bitangwa n’Imbaraga z’Imana.

  • Nuko rero nshuti y’Imana rwose komereza aho mubwireko umugabo wawe atangiye kugukeka bizatuma atongera kuguhamagra cyane umwerurire ko izo nzira utazikigenderamo hanyuma usibe no ze muli Phone yawe nibyanga uzamubwireko niyongera uzamubwireko uzabibwira umugorewe gerageza gutso haricyo bizatanga kandi usenge Iman izagufasha

  • Rwose fata ishapure wambaze umubyeyi BIKIRAMARIYA n’UMUHUNGU WE YEZU KUKO ARIBO BAGUTAKAMBIRA KWA JAMBO KANDI NGUTUYE KOMEZA INTANBWE ZANJYE FRM CATHOLIC UNIVERSARY KANDI NTIWINUBE PE IMANA IRAKIZA. IYO N’INDWARA IVURWA NA ROHO MUTAGATIFU

  • muvandimwe ibi nzi uwo byabayeho dore uko yabyitwayemo;mbonye inkuru yawe bitinze gusa nizereko utarongera gukora amahano gusa nakubwira ngo ube uretse gutukana nkuko bamwe babivuga; ubanze utuze ,maze naguhamagara uyihorere:niyongera uyikupe ,nakomeza uyikande kuri yes ariko ntushyire kugutwi twawe ,ubundi nibirangira uyisibe;ariko wirinde kugira uwo ubwira numwe ubundi utuze aho kumutekereza ujye uhita wandika sms uyoherereze umugabo wawe,ubundi ufate igitabo ukunda usome ,ushake udupoeme utwoherereze umugabo wawe ubundi niyongera uzabone kugira ikindi kibi wakora ariko ntawe’ ubibwiye gusa gutuza kwitondera iyi dosiye nicyo cyonyine cyatuma ubyikuramo :tekereza uwo wambariye impeta ,ibuka indahiro imbere yimana nabantu ,reba uwo mumarayika utwite reba uwo ucukije wibaze niba byose utari kubyonona nkana utekeeze imana usenga kandi wibukeko iba ikureba;ibi ibyo nawe ykoresheje.naho niwikomprika ntibizakunda wubahirije iyi nama wakomezanya neza ukagubwa neza

  • Rushaho gushaka akanya ko kwegerana n’umugabo wawe kugira ngo mwemve ibintu kimwe bikurikira:

    1: Urugo ni urw’IMANA: ku mbaraga z’umwana w’umuntu ntibyoroshye gushobora urugo, ariko iyo mubyumva kimwe n’umugabo, mugafatanya igihe cyose gusengera urugop rwanyu no kurutura Imana, mwera imbuto n’abandi bose babona, bityo nta we ubasha kubinjirira bya hato na hato.Erega umuntu afite uruhare rukomeye mu guhindura isura y’uko abandi bamubona cyangwa bamukeka.
    2) Urugo rubeshwaho n’umurimo mwakoze: ni ukuvuga ko igihe cyose muugomba kuba mukorera urugpo rwanyu, igihe n’imburagihe. rero isi ya none irihuta , ntukwiriye kugira umwanya wo kwikatisha. buri gihe baguhamagara kandi ukabona igisubizo cyoroshye cyane nko kuba nta kanya ufite. kuko ntuzasubize nabi umuntu w’iki gihe hari igihe ashobora kukugirira nabi.
    3) urugo rubeshwaho no gusangira amafunguro: mufate igihe wowe n’umugabo wawe mwige gusangira, no kuryoherwa hamwe icyanga cy’amafunguro mutegura ku meza iwanyu. bituma mwongera akanya ko kuba hamwe no gutekereza ku cyatuma muba hamwe.
    4) urugo rubeshwaho no gusangira ibitekerezo: mugire ibihe by’inama mu rugo, kugira mutekereze kuri ejo hazaza hanyu hamwe. mwumvane , murebe buri gihe ibyaranze amateka y’imibereho yanyu, uwakosheje ajye asaba imbabazi mugenzi we, nawe amubabarire. bituma aho uri hose ishusho y’umugabo wawe ikugarukamo. bityo urukundo nturugarukire ku kubyarana abana no kwitana za chérie n’ibindi ahubwo bikajya mu bikorwa bigaragarira buri wese
    5) urugo rubeshwaho no gusangira uburiri: ni ukuvuga ugomba kuganira cyane n’umugabo uburyo mu buriri bwanya hatemba ituze. mukamenya kureba ibibagwa neza mukabyumvikanaho buri gihe kandi mugahora muharanira guhindura kugira ngo bitaba ibisanzwe nka missa ya mbere. aha niho ushobora kumva ko inkongora ya Dede inyweraho Dede wenyine. bityo n’iyo umuntu mu bunyantege nkeya bwe hari ikimushitura, imyumvire afite ituma abasha kurwana n’ibigeragezo.

    ibyo bintu bitanu nubigeraho uzifasha, ufashe n’urugo rwawe, kandi muzabaho munezerewe.
    hari kandi abantu benshi b’abajyanama bashobora kugufasha. twebwe hano ku bitaro by’indwara zo mu mutwe , mu mashyirahamwe nka communauté de l’Emmanuel, n’ahyandi udusanze wabona inama ziruseho.

    Imana ikurinde

  • UMUNTU NI UMUNYANTEGE NKE AHO AVA AKAGERA KUBA WARAZIGIZE SINAGUTERA AMABUYE.Ariko n’ubwo bimeze bityo guhemukira umugabo wawe uvugako ukunda ,ugacumura ku Mana ni icyaha gihanwa n’amategeko yo mu isi kandi icyaha cyose kizanira umuntu kurimbuka iyo ataihanye.Uribuka niba warasezeranye imbere y’ubutegetsi cyangwa y’idini ko kirimo mubyaha bishobora no gutuma utandukanywa n’uwo uvga ko ukunda.reka nkubwire ukwiriye kwihana icyo cyaha n’ibindi ubu uba mukinyoma kuko umgabo wawe usa n’umubeshya ko ntabuhemu bukomeye umukorera utiretse.uwo wita inshuti y’umugabo wawe ni wowe yishakiraga nta bushuti afitanye n’umugabo wawe kandi nawe ni ukugushaka si urukundo(kukurarikira)utarakorwa n’isoni ihane ubwo buhemu imbere y’IMANA UFATE ICYEMEZO IMBEREYAYO KO UTAZASUBIRA IZAKUBABARIRA INAGUSHOBOZE KUTAZASUBIRA INAGUKUNDISHE KURUTAHO UMUGABO WAWE INAGUHE AMAHORO ejo utaranandura na sida kuko umugabo nk’uwo aba ashobora no gutwara n’abandi nk’uko nawe yagutwaye
    KANDI UMWERURIRE UMUBWIRE KO ARIKUG– USENYERA ATIRETSE NIBA YUBATSE.UNAMWERURIRE KO ATARI INSHUTI Y’UMUGABO WAWE.NE JOUE PAS AVEC LE PECHE.

  • wowe umeze nkaho wafata impeta ya zahabu, ukayambika izuru ry’ingurube.
    ibaze neza agaciro impeta ya zahabu ifite noneho ubihuze n’ibyo izuru ry’ingurube rikora, ntiritinya no gukora mu mabyi, none se urumva iyo mpeta yakoreshejwe mu mabyi igifite agaciro?
    nawe rero niko umeze warakitesheje. ibyo wakora byose, agaciro kukisubiza bizakugora n’ubwo wabireka. uwo mugabo azahora akubona nka zero kandi nta na rimwe uzishimana n’umugabo wawe kuko igihe cyose mugiye kuryamana uzajya utekereza uburyo wamuhemukiye. urumva ibyishimo byava he?

  • Ndabona warabaye NYIRANZAKIBAKWIZA Alias Kirikumaso yewe ko murimo kubuza abasore bubu Gusahaka abagoro ariko se ubwo abakobwa bawe ubaha burere ki?

  • sha wa mudamu we yarakuryohereje pe, kubireka ntibyoroshye ariko birashoboka nubwo bigoye wowe usengere iyo ngeso mbi Imana yonyine izagutabara ibigukize maze uruhuke mumutima

  • Pole mada! dore ianama isumba izindi zose: kora ibishoboka byose wigire busy cyane cyane wita ku mugabo wawe cyangwa ushake n’ikindi kiku occupa mu masaha musanzwe muhuriraho. kandi umusuzugure bya nyabyo
    ufate icyemezo kandi umwibagirwe rwose.
    Imana ikugirire neza kandi ni inyembaraga.
    Ntiyanga Umunyacyaha yanga icyaha, nutaba severe ntabwo uzabishobora. courage

  • Umva madam wowe ntukagire ikibazo kuko guho mundoboro imwe biragora, ahubwo nanjye uzaze unyihere dore utumwe mbishaka

  • Wamubyeyi we uri munzira yogukira ariko banza ukore ikintu kimwe gusa nibwo uri bubohoke. “EMERA KO USAMBANA” Reka kubinyura kuruhande uvuga ko muryamana gusa. Numara kubyemera muri wowe ko usambana utangire utekereze ububi bwabyo. Hanyuma usabe Imana imbabazi watuze akanwa kawe ko Yesu ari umwami n’umukiza urahita uva mubusambanyi. Soma Abaroma 10:9-10.

  • Ubundi rero ibyo wakoze ni bibi cyane kuko uhemukira abantu 2 umugabo wawe ndetse numugore wuriya mugabo nali kukugira inama yo kujya ku bantu bihaye Imana bakagusengera none waragerageje biranga none rero dore inama ya kigabo
    Fata assurance yawe malagie ujye kwivuxa i Ndera kuko ntuli muzima kandi bazagufasha muvandimwe

  • muzajya mwishinga ayi indaya mwirirwe mwandika,ubwo se murumva aba atagiye kwipfubuza?niyihane ahubwo atazahura nakaga.

  • Mumbabarire nubwo natinze gutanga igitekerezo ariko dore inama yo kubireka kandi uzambabarire ubimbwire ko bitakoze kuko nanjye ndi umugabo byambaho.
    ” NIYONGERA KU GUHAMAGARA MUZAHANE GAHUNDA HANYUMA UKORE UKO USHOBOYE AHO GUHURA NAWE AHO MWAVUGANYE AZAHURE N’UMUGORE WE” uzigire ushake uburyo umugore wabimwunvisha neza kandi utarusenye, hanyuma naza azinjire mucyumba asangemo umugore we wisezerano hanyuma azumirwa nurangiza muzavugane kuri telephone umubwire uti umugore ugukwiriye nuwo washatse gumana uwo. hanyuma kandi niyongera kuguhamagara uzamushyire kuri gahunda neza kuburyo uzajya ubona ahamagaye telephone ukayihereza umugabo wawe akaba ariwe uyitaba, amasaha ajye aba yayandi uri kumwe numugabo wawe kuburyo wunvise ariwe wakoresheje nindi nimero ujye uhita umuha umugabo wawe bavugane, ni biba kabiri ntabwo bizongera azagucikaho.

  • nibibaho kandi uzambabarire unyandikire kuri iyi mail nzakugira indi nama kandi uwo muzigo uzakuvaho kuko amahoro yo mu mutima ndayakunda. naw eurayakeneye

  • Muvandi! jye ndumva byarakuyobeye kabisa!!burya btabwo umuntu apfa gusambana!! buriya n’ubundi yagushatse warabizambije!!!kuvuga rero ngo babigukorera neza, iyo ni shitani yagufashe rwose nuko sekibi afata!! arabanza akakubuza uburyohe ku mugabo wawe!!! niyo mpamvu wirirwa wiziringa mu byaha kandi witwa ngo warashatse!!!icyo ushigaje ni ukuzamuzanira na sida ndetse no kumutsindira abana atigeze ashyira mwiyo nda yawe!!!erega burya!! nta ibintu byose ni kimwe!none se ukeka ko we yuriye undi mugore yakumva mumeze kimwe!?!?wapi!!nawe yakumva uri inyanya rwose!! ntuzibeshye rero ngo ni ukutamenya gukora ibintu uwo mugabo ararengana!! sekibi yamuguciyeho rwose!! dore inama rero!! emera wivemo, ubeshye icyo kigabo ko wagikumbuye, urarike umugabo wawe, ukibeshye ushake ahantu muhurira, cyangwa muhurire iwawe(nibyo byiza) maze kize kikwega, umugabo wawe abe ari aho hafi maze!! uhite ukimwaza, ubahuze bombi, maze wimareyo ubwire umugabo wawe amabi mwakoranye, kandi umusabe imbabazi ukomeje, uraba nawe uruhutse icyaha cyama kikurya mu mutima, kandi ndabiziko umugabo wawe numwerurira kandi ukihana mu maso y’abo bagabo bombi ko utazongera, azakubabarira maze utangire ubuzima bushya!!! ibyo nibikunanira, uzave mu rugo uboneze ugende kuko uzaba ubaye ishyano!!!! kuko birababaje rwose!! wishyire mu kigwi cy’umugabo wawe nawe wumve abaye ari nkawe uko wakumva umerewe!!!nguhaye iyi nama, kuko nanjye yangiriye akamaro ubwo umugore yari anyivuganye kandi nifitiye sheri wanjye!!

  • Pole sana maman, kandi inama nakugira ni uguhindura ingamba.Ubu satani afite amayeri menshi, hari abantu bakorana n’imyuka mibi bakitera imiti, ukagira faiblesse imbere yabo.Sinzi niba usenga cg utanasenga.Ariko menya guhakana, icyo cyonyine kizahita kimutera ubwoba, yumve ko amazi atari ya yandi

  • Nawe siwowe kuko ukunda umugabo wawe ntiwamuca inyuma bigaragarako umukunda 1/100 undi mwikuremo amazi atararenga inkombe naho ubundi ararushenye tu .usabe imana imbabazi kubyo wakoreye uwo mwabyaranye.cyangwa tel yuwo mucanyuma yuwo mwashakanye nomeroye uyishyireho code ntizojyere kuguhamagara sawa imana izabigufashemo? Uzaduhe igisubizo uzafata umaze kumva inama twakujyiriye zose tuzumveko inama zacu haricyo zakujyiriye.

  • Ikibazo nuko umugabo natakuryohereza uzasubira yo gusa nanjye uzaze twisungane nzajya nkumvisha icyanga cyayo ubundi uwo mutware uzamuzane mu ishuri ryacu tumwigishe technics kimwe n’abandi bagabo mufite abadamu babitangiye kera mutabasha kunezeza muhumure school fees ntihenze ni uduturu dutatu gusa yee!

  • inama Oswald yakugiriye ninama nziza cyane nubikora nkuko yabikubwiye imana izabigufashamo ariko ntuza mutuke kuko ashobora kukugirira nabi cyangwa akaguteranya n’umugabo wawe ikindi utaretse iyo ngeso harimo ingaruka nyishi niyo kuzageraho kwanga umugabo wawe cyangwa akabafata ugasanga urisenyeye.

  • imana ikurema yaguhaye ubushobozi bwo gutandukanya ikibi nicyiza.ikindi kd niba wumva umugabo wawe aramutse aryamanye nawe ninshuti zawe ntacyo bya gutwara komereza aho.abantu mufite ingo plz nimwiyubahe,mwereke abana banyu ingeso nziza erega abana banyu bazaba abo muri bo.kd plz sida yugarije isi

  • Mubyukuri uriya mudamu afite ikibazo gikomeye gusa ndumva hari ababigize urwenya da!!so namuha igitekerezo;banza uvaneho utuntu twose twabahuzaga,umwiceho bihagije nimunahura umwereke k mutaziranye,bikore vuba kd neza kubwinyungu zawe.murakoze

  • rwose inama bamwe bakugiriye nziza zo kumureka umubwirako umugabo wawe yatangiye kubikeka nibyo. tekereza kandi ko atari wowe gusa yaba asambanya akaba yanakwanduza sida maze nawe ukayanduza umugabo wawe hanyuma abana banyu bakazasigara arimpfubyi.bihagarike wihuse ahubwo uzajye no kwipimisha

  • ???????????????????????,

  • arikose muvandi nako rekamvugeko urimama ntawamenya wasanga uriwe NB wumva muriwowe umutima wawe ufite guhitamo wagiriwe inama nyinshi dore igihekirageze ngo umenyeko umugabo wawe ugomba kumwubahisha kndi nawe ukiyubaha wubaha urugo rwawe mama ndakwinginze recyeraho guca imyuma papa!!ubuse ejo nasangira nuriya mugabo mukabari wenda bakagirana ikibazo ntabwo uziko ashobora gucyurira umupapa amubwirako agusambanya ahahh!!!!! guhitamo kube ukwawe

  • manawe muvandi have ntabwo aribyiza ndakwinginze uyoboke iyitorero

  • burya connection nicyo cyintu gikunda guhuza abantu naguhamagara uka mwihorera uzaba utamgiye inzira ibagirwa ndetse communication mugirana utangire kuyireka

  • umva rero uri indaya nawe kandi uri umuhemu. ntago wambwirako wananiwe kumureka unless uri indaya nyine
    ndabyumva ko washukwa rimwe ariko ibintu bimaze umwaka ni uko uri umusambanyi kabuhariwe kandi nkaba mbabajwe numugabo wawe. kuki utasenga? ngo wigobotoreho icyo cyaha?hanyuma ukumva abari hano hari icyo bagufashamo mu gihe wowe nyirubwite wananiwe kwifasha? cyanwa se wasanga ukeneye abandi basambanyi hano ! c`est domage vraiment!!!!

  • Fata nomero ye uyishyire kuri black list ubundi naguhamagra bikanga nta mutima wo kongera gusambana nawe uzagira!!!kandi ikibazo nuko mutavuga ibintu mu mazina yabyo!! aho kuvuga ngo ndyamana ni nshuti y’umugabo wajye vuga uti nsambana n’……

  • icyaha icyaricyocyose iyo gitinze kigeraho kikamenyekana niyomwaba muzi guhishira gute iminsi y’igisambo burwa ngo ni mirongo ine umunsi umwe uzafatwa,none inama nakugira ibyobintu byikuremo hakirikare niba udashakako usenya urugorwawe, kandi nibawumvako umugabo wawe atabigukorera neza ni mwicare mubiganireho umubwireko mugomba kuvugurura uburyo mwabikoragamo kuko nibwo uzabona igisubiza cy’ikibazo ufite kandi ukaba umugoremwiza ubereye urugo rwawe

  • saidi jyewe ndacyari ingaragu gusa ndakugaye urasaba inama zicyi niba numutima wawe wara kunaniye mujye mushaka muzi icyibajyanye tekereza umunsi umugabo yagufashe harya umwana uzamubwirako warindaya ubeshya ngukunda umugabo wawe wirirwa umukora ibintu nkibyo murimo muraduhemukira muzatuma urubyiruko rudashaka komuba mwarabikoze mutara shaka niba utubashye umugabo wawe byibuze ubaha umwana kuko wowe byarakunaniye

  • sha wowe rwose nushaka witonde kuko iminsi y’igisambo ni mirongo ine kandi ndikubona ugiye gufatwa bitarenze ukwezi kumwe gusa kandi umugabo wawe azahita akwirukana

  • Umva nshuti, uretse umutimanama wawe wonyine niwo wabigufashamo ukabyihana, ikindi ukirinda kugirana imishyikirano n’uwomugabo w’abandi.

  • umva nkubwire shuti y`Imana iyo wambaye iyo meta yisezerano bivugako utagomba gucyainyuma uwo mwashakanye rero bivuzeko utuzuza izoshingano

  • muraho! ndagirango mungire

  • Ntimukajye mutera abantu agahinda ngo muragisha inama!ubwose ugarama 1,2,3ndetse n’izindi nyinshi warangiza ngo mumpe inama kukise utayatse ukigarama bwambere? muzigendere mwibanire n’uwanjye niko yabikoze kd ubu nibanira n’abana kd ntacyo mbaye.

  • Mushiki wacu baguhaye inama nyinshi ariko hari ikintu kizagutera kurekana n’uwo mugabo. Ni kimwe nukugira UMWUKA WERA OR ROHOMUTAGATIFU kuko niwe utubuza gukora icyaha watumbwiye ko nawe uba utabishaka kuko ari bibi isoni kwigaya n’ibindi natwe hari ibyari byaratunaniye birenze n’ibyo ariko naho twakuye imbaraga.Iyo biba bishoboka nakaguhaye Inama z’umwihariko.

  • KUMUBWIRA KO UMUGABO WAWE YABIMENYE SIBYO KUKO BAKORANA ASHOBORA KUZAGIRA IMFUMYWE BIKABA NGOMBWA KO HAKURIKIRA IBITARI BYIZA NKO KUTABANA MUKAZI KAMWE,NGE NTINYA N’ISI YAMWICISHA…….

  • Umva madamu nkugire Inama. Iki kibazo kirakomeye, kuko wamaze kwinjira neza kuri “network” nawe ubwawe udashobora kumenya imikorere yayo, kandi menya ko iyo network idashobora kukurekura kuko ni iy’imyuka mibi igamije kukubakiraho igikuta cyo kukurimbura. Icyo ugomba kumenya nuko iyo uryamanye n’umuntu, connection iba ibaye pour de bon ( ibi ni ikintu abantu batajya bamenya) kuburyo ibimubayeho byose nawe biba bikureba ( gusa nabyo ntabwo ushobora kubimenya). Rero muri macye, famille yawe yose (umugabo wawe, abana bawe, uwo mugabo wundi, abana be, umugore we) mwese mufatiye ku rufatiro rumwe ariko ntabwo mubizi. Ariko hari imbaraga zishobora guhagarika ibyo byose, ni Imbaraga z’Imana yo mw’Ijuru. Inama nakugira, uzafate iminsi igera kuri itatu, usenge Imana kugira ngo ice iyo ngoyi. Uzajye usenge saa cyanda za mugitondo ( cyangwa saa kumi, uko bizagushobokera), wongere usenge niwabyuka, wongere saa yine, wongere saa sita, wongere saa cyenda z’amanywa na saa cumi n’ebyiri. Uwiteka Imana azumva gutabaza kwawe kandi azakuvugisha, akubwire inzira. Umenye gusa ko hagati aho satani nawe hari icyo ashobora kuzakora, ukabona uwo mugabo aguhamagaye. Ntuzemere, uzabyange. Iyi tekinike nkubwoye itanga umusaruro mwiza wo kwiyegereza imbaraga z’Imana. Wibuke kandi ko imbaraga z’Imana tubana nazo ( ni Yesu Kristu waziduhaye bidasubirwaho). izere Yesu, kuko nta rindi zina Imana yaduhaye ryo gukirizwamo uretse Yesu. Ibi nanjye byari byarananiye kubyumva, ariko narasenze Ijwi ry’Imana rirabinyemeza, ubu simbishidikanyaho. Good luck.

  • Warakoze kumenya ko ufite ikibazo. Icyakabiri ni ugufata icyemezo wowe ubwawe kuko inama wazigiriwe bihagije.
    Ijambo ry’Imana rigira riti: NIMIBURA UBWENGE NANJYE NZABAREKA.

  • Warakoze kumenya ko ufite ikibazo. Kandi inama wazigiriwe bihagije. Igisigaye ni ugufata icyemezo wowe ubwawe.
    Ijambo ry’Imana rigira riti: “ni mutamenya ubwenge nanjye nzabareka”. Icyo uzahitamo nicyo uzaba. Tangira ubu tuvugana.

  • ese waba warakiranutse nicyo kibazo mada?

  • byara cyemutse c?

  • Uragapuuuu, wa ndaya wee. Sha uba warenzwe abandi bararushye. Umva nkubwire mada. Isi irabika ikanabikuura. Sha umugabo wawe ntugirengo iyo aguswera ntago amenyako harabandi baguswera. Abagore baroroshye cyane kubavumbura. Uzabona ishyano rya gicurasi nkubwire wowe. Warangiza ngo ukunda umugabo wawe. Uri ikigoryi gusa.

  • Uko byagenda kose ni wowe ufite umwanzuro ni wowe uwufite n’ubwo bisa n’ibigoye ,ariko umuntu muzima ni ushobora gufata icyemezo.mubwireko utazongera ukundi kadi ubikuye k’umutima nagukurikirana uzamuhe rendez-vs asange uri kumwe n’umugabo wawe,k’uburyo azabonako wabikoze ubishaka.

    • ukurikije ibyo Laurent akubwiye ikibazo ufite cyakemuka

Comments are closed.

en_USEnglish