Month: <span>January 2013</span>

Ni iki Bibiliya ivuga ku babana bahuje ibitsina?

Bibiliya itubwira neza ko kubonana kw’abahuje ibitsina ari icyaha. Bimwe mu byanditswe biri muri Bibiliya bitwereka neza ko ari ikizira ku Mana ko abahuje ibitsina babana nk’umugore n’umugabo   Imana yaremye umubago n’umugore, bafite imitere itandukanye kandi bafite ibitsina bitandukanye kugira ngo buzuze inshingano zabo nk’umugore n’umugabo. Bikwiye kumvikana neza ko ubusambanyi hagati y’abantu badahuje […]Irambuye

U Bufaransa, umwanzi wa mbere w’Intagondwa z’Abayisilamu

Kuba ingabo z’Abafaransa zarafashe iya mbere zikajya guhangana n’Intagondwa z’Abayisilamu muri Mali byatumye u Bufaransa bushya ubwoba ko isaha n’isaha bwagabwaho ibitero by’iterabwo. Ibi ngo ntibizaba mu gihe cya vuba ariko birashoboka cyane ko uko imyaka izagenda yicuma ariko izi ntagondwa zizashaka uko zahimura ku Bafaransa, nk’uko byatangajwe n’Umucamanza ushinzwe kurwanya ibyaha by’iterabwoba mu Bufaransa, […]Irambuye

Misiri: Abantu 21 bakatiwe urwo gupfa

Inkuru yasakaye ku isi yose kuri uyu wa 26 Mutarama 2013, ni uko Ubutabera bwa Misiri bwakatiye abantu 21 igihano cy’Urupfu nyuma yo gumwa n’icyaha cy’uko bagize uruhare rupfu rw’abantu 74, baguye kuri Stade ya Port-Saïd. Hari ku itariki ya Mbere Gashyantare 2012; ubwo abantu 74 bapfaga bazize imvururu zabaye nyuma y’umukino w’umupira w’amaguru wahuje […]Irambuye

Nyirakuberwa yabaye uwa mbere wasekewe n’amahirwe ya Airtel

Hashize iminsi Sosiyete y’Itumanaho ya Airtel ikoresha Tombola yise “Birahebuje” aho umuntu ushyira ikarita muri telefoni ashobora kwegukana ibintu bitandukanye.   Mu gutanga igihembo ku nshuro ya mbere, amahirwe yasekeye Umuturage wo muri Musanze witwaLaurentine Nyirakuberwa watomboye Inka . Nyirakuberwa, waberewe mbeye y’abandi yegukana iyi nka yavuze ko izamukemurira byinshi birimo kumuha amata we n’umuryango […]Irambuye

Akarere Gasabo kafunze Ishuri ribanza rya Girubuntu

Kuwa 25 Mutarama 2013; Ubuyobozi bw’Akarere ka Gasabo bwafunze Ishuri ribanza rya Girubuntu kubera inyubako zitujuje ibyangongwa zabangamiraga abanyeshuri basaga 300 bahigaga. Ubuyobozi bw’iri shuri ariko ntibwishimiye iki cyemezo. Iri shuri ryakusanyirizaga hamwe amashuri y’inshuke n’abanza (Nursery and Primary School) ryafunzwe nyuma y’isuzuma ryakoze bagasanga rifite inyubako zitujuje ibisabwa, nk’uko Umuyobozi w’Akarere ka Gasabo Willy […]Irambuye

Uburyo 10 bwo kuganiriza umukobwa umutereta

Hari abagabo cyangwa abasore batazi kuganiriza igitsina gore, ndetse ngo hari n’abatazi kuganira n’uwariwe wese. Kubera ibi, ubushobozi bwabo mu gukurura umukobwa mu biganiro ngo buba buri hasi. Nyamara ijambo ngo ni ikintu gikomeye cyane mu gihe uri gutereta umukobwa umushakaho urukundo, kuko ngo riruta byinshi wibwira nk’ubutunzi, ubwiza n’ibindi. Ibi byamuzana ariko iyo bishize […]Irambuye

Rayon Sports yazanye abagande Bagoole na Sserumaga

Mbere y’uko ikiciro cya kabiri cya shampionat gitangira ikipe ya Rayon Sport yameje ko yazanye abakinnyi babiri bo hagati Mike Sserumaga na Johnson Bagoole bose bakiniye ikipe y’igihugu ya Uganda. Oliver Gakwaya Umunyamabanga mukuru w’iyi kipe yatangaje ko basinyiye iyi kipe y’i Nyanza kugeza iyi shampionat irangiye, nyuma ngo nibwo bazicara bakareba niba basinya by’igihe […]Irambuye

‘mpanganye na buri wese ukora umuziki hano’ – Jay C

Jay C, aririmba hip hip ubusanzwe ariko kuri we ngo ‘competition’ nziza muri muzika ntireba injyana, niyo mpamvu ngo ahanganye na bose. Jay C ati “ abe umuhungu, abe umukobwa, aririrmbe Afro Beat, R&B, Reggae, Hip Hop byose n’inyarwanda apfa kuba ari mu gakino ntaho azancikira kuko turahanganye.” Kuri we ariko si uguhangana by’intambara, ni […]Irambuye

Liza Kamikazi yagarukanye muri muzika n’umutware we

Hashize iminshi umuhanzikazi Liza Kamikazi atumvikana, ni nyuma yo kurushinga no kwibaruka agafata umwanya yita ku muryango we, kuri uyu wa 24 Mutarama nibwo yongeye kugaragara muri muzika kuri Ishyo Art Center ku Kacyiru mu mujyi wa Kigali. Igitaramo yakoresheje, yavuze ko ari ikibanziriza kumurika Album ye azashyira ahagaragara mu minsi iri imbere. Uyu muhanzikazi […]Irambuye

RDB yasabye ama hotels na restaurant kunoza imikorere yabo

Hari aho bafunga ibikoni kubera isuku nke, hari abo abakiliya babo bajyanwa mu bitaro kubera ibiribwa bihumanyije bariye mu mahotel cyangwa za restaurant, hari aho bakira ababagana nabi n’ibindi birimo n’ibitamenyekana. Kuri uyu wa 25 Mutarama muri Serena Hotel, RDB yateranyije abakuriye ibi bigo bitanga izi servisi mu Rwanda ibasaba kuvugurura imikorere yabo. Ikigo cy’igihugu […]Irambuye

en_USEnglish