Ikipe y’igihugu Amavubi ntabwo yabashije gutsinda ikipe y’igihugu ya Benin, nyuma yo kwishyura yiyushye akuya igitego yari yatsinzwe na Benin umukino urangira ziguye miswi. Imbere y’abafana bagereranyije kuko stade Amahoro itari yuzuye neza, Amavubi yatangiye agerageza gukora ibitego, ndetse ku munota wa 9 w’umukino Fabrice Twagizimana yateye ishoti rikomeye rigarurwa n’igiti cy’izamu. Igice cya mbere […]Irambuye
Uyu mugabo yongeye kugaraga ko ari umunyamashyengo ukomeye ubwo yatebyaga ko agiye gusohora Album y’indirimbo. Aha hari mu muhango MTN yari yatumiye abanyamakuru ngo ibashimire imikoranire nayo, maze aba bamwegereye ababwira gahunda afite. Yatangiye avuga ati: “ Album izajya hanze mu cyumweru gitaha, hariho indirimbo nziza cyane nk’iyitwa ‘Huku Rwanda’ yabaye iya mbere muri East […]Irambuye
Uyu mwana witwa Liu Jiangli ni umushinwakazi akaba afite imyaka 6, yavukanye uburwayi budakunze kuboneka bugira uruhu umukara tsiritsiri, ukanameraho ubwoya bwinshi nk’ubwigisimba. Mu minsi ishize se yamujyanye mu gashuri k’abana ariko ahita azimira ntibongera kumuca iryera agaruka kureba umwana we.Iryo shuri ryatanze itangazo rirangisha uwo mwana, nyuma y’iminsi myinshi sekuru ubyara babyara be niwe […]Irambuye
Iki ni ikibazo abagore n’abakobwa benshi bibaza, kuko kibabangimiye ndetse rimwe na rimwe bikabaviramo no kureka imirimo bakora. Umuntu yavuga ko yavuye amaraso menshi ari uko byagenze gute ? • Umugore cyangwa umukobwa yavuga ko yavuye amaraso menshi aruko bimusaba guhindura icyo yibinze (cotex) byibuze buri saha, ibyo kandi akabikora mu gihe cy’amasaha menshi akurikiranye. Ibi […]Irambuye
Nyuma y’uko izi decodeur za MPEG2 bigaragaye ko zitajyanye n’igihe tugezemo, haba ku byerekeye ama ‘chaines’ ndetse no gucikagurika kwa network, Star Times ivuga ko yashatse uburyo bushya bwo gukemura iki kibazo bazana decodeur za MPEG4. KAMANZI Housein ushinzwe kwamamaza muri Star Times yabwiye abanyamakuru ko yavuze ko ubu bafite ama ‘shaines’ agera kuri 54 […]Irambuye
Abanyereje imitungo ya Leta barasabwa kuyigarura mu gihe batarakurikiranwa nkuko byatangajwe n’umushinjacyaha Mukuru Martin Ngonga mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa gatanu ku birebana n’inyerezwa ry’umutungo wa Leta. Jules Ntete umushinjacyaha mukuru w’imari ya Leta yashyize ku mugaragaro raporo y’abakurikiranywe ku inyerezwa ry’imari ya Leta, muri iyi Raporo hagaragaye ko benshi mu bayobozi badakurikinara neza ikoreshwa […]Irambuye
Mu gihe hagitegerejwe ko hakorwa iperereza ku cyaha Dr Hishamunda Bonaventure akurikiranyweho cyo kubaga Murekatete Zawadi akamusigamo ibikoresho by’ubuganga mu nda ibyara mu 2008, Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwafashe icyemezo cyo kumurekura by’agateganyo, naho urugaga rw’abaganga bagenzi be rwemeza ko ntacyo rushinja mugenzi wabo. Uru rukiko rwafashe iki cyemezo ku ya 5 Kamena 2012, nyuma […]Irambuye
Abahanzi baririmba indirimbo zihimbaza Imana ni bamwe mu bahanzi nabo bagaragara muri muzika nyarwanda mu bikorwa bitandukanye, nkuko byagiye bigaragara muzika ihimbaza Imana ni muzika ikomeye cyane mu Rwanda, ndetse benshi mu bahanzi baririmba indirimbo zisanzwe usanga abenshi barabanje kuririmba indirimbo zihimbaza Imana. Umwe mu bahanzi bazwi muri Gospel Dominic Nic nyuma yo gukora zimwe […]Irambuye
Itsinda ry’abadepite bo muri Zambia baje mu Rwanda kurebera impunzi z’abanyarwanda uko iwabo byifashe kugirango batahe, batangaje kuri uyu wa kane ko mu minsi bamaze mu Rwanda babonye nta mpamvu yatuma bakomeza kwitwa impunzi mu gihe iwabo ari amahoro. Aba badepite kuri uyu wa kane ubwo bari kiriwe na Ministre w’Ingabo Gen James Kabarebe, Hon. […]Irambuye
Mu minsi ishize umutoza w’ikipe y’igihugu y’abakinnyi bari munsi y’imyaka 17 Richard Tardy hamwe na Kanamugire Aloys bakoze igeragezwa ku bana batanduknaye bagiye batoranywa mu gihugu hose hagamijwe gushaka ikipe shya y’u Rwanda y’abakinnyi bari munsi y’imyaka 17 igomba gutangira kwitabira amarushanwa yo gushaka itike y’igikombe cy’Afurika ku bana bari munsi y’imyaka 17. Akazi aba […]Irambuye