Month: <span>June 2012</span>

Murugo Amavubi ntiyabashije gutsinda Benin

Ikipe y’igihugu Amavubi ntabwo yabashije gutsinda ikipe y’igihugu ya Benin, nyuma yo kwishyura yiyushye akuya igitego yari yatsinzwe na Benin umukino urangira ziguye miswi. Imbere y’abafana bagereranyije kuko stade Amahoro itari yuzuye neza, Amavubi yatangiye agerageza gukora ibitego, ndetse ku munota wa 9 w’umukino Fabrice Twagizimana yateye ishoti rikomeye rigarurwa n’igiti cy’izamu. Igice cya mbere […]Irambuye

Gasumuni cyangwa Gacumbitsi ati: “ Jay Polly nanjye tugwa miswi”

Uyu mugabo yongeye kugaraga ko ari umunyamashyengo ukomeye ubwo yatebyaga ko agiye gusohora Album y’indirimbo. Aha hari mu muhango MTN yari yatumiye abanyamakuru ngo ibashimire imikoranire nayo, maze aba bamwegereye ababwira gahunda afite. Yatangiye avuga ati: “ Album izajya hanze mu cyumweru gitaha, hariho indirimbo nziza cyane nk’iyitwa ‘Huku Rwanda’ yabaye iya mbere muri East […]Irambuye

Umwana wavukanye umubiri uteye ubwoba yanzwe n’ababyeyi be

Uyu mwana witwa Liu Jiangli  ni umushinwakazi  akaba afite imyaka 6, yavukanye uburwayi budakunze kuboneka bugira uruhu umukara tsiritsiri, ukanameraho ubwoya bwinshi nk’ubwigisimba. Mu minsi ishize se yamujyanye mu gashuri k’abana ariko ahita azimira ntibongera kumuca iryera agaruka kureba umwana we.Iryo shuri ryatanze itangazo rirangisha uwo mwana, nyuma y’iminsi myinshi  sekuru ubyara babyara be niwe […]Irambuye

Kuki mva amaraso menshi igihe cy’imihango ?

Iki ni ikibazo abagore n’abakobwa benshi bibaza, kuko kibabangimiye ndetse rimwe na rimwe bikabaviramo no kureka imirimo bakora. Umuntu yavuga ko yavuye amaraso menshi ari uko byagenze gute ? • Umugore cyangwa umukobwa yavuga ko yavuye amaraso menshi aruko bimusaba guhindura icyo yibinze (cotex) byibuze buri saha, ibyo kandi akabikora mu gihe cy’amasaha menshi akurikiranye. Ibi […]Irambuye

Star Times: Decodeur za MPEG2 ntizizongera gukoreshwa

Nyuma y’uko izi decodeur za MPEG2 bigaragaye ko zitajyanye n’igihe tugezemo, haba ku byerekeye ama ‘chaines’ ndetse no gucikagurika kwa network, Star Times ivuga ko yashatse uburyo bushya bwo gukemura iki kibazo bazana decodeur za MPEG4. KAMANZI Housein ushinzwe kwamamaza muri Star Times yabwiye abanyamakuru ko yavuze ko ubu bafite ama ‘shaines’ agera kuri 54 […]Irambuye

Basabwe kugarura imitungo ya Leta banyereje batarakurikiranwa – Martin Ngoga

Abanyereje imitungo ya Leta barasabwa kuyigarura mu gihe batarakurikiranwa  nkuko byatangajwe n’umushinjacyaha Mukuru Martin Ngonga mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa gatanu ku birebana n’inyerezwa ry’umutungo wa Leta. Jules Ntete umushinjacyaha mukuru w’imari ya Leta yashyize ku mugaragaro raporo y’abakurikiranywe ku inyerezwa ry’imari ya Leta, muri iyi Raporo hagaragaye ko benshi mu bayobozi badakurikinara neza ikoreshwa […]Irambuye

Urugaga rw’abaganga ntacyo rwo rushinja Dr Hishamunda

Mu gihe hagitegerejwe ko hakorwa iperereza ku cyaha Dr Hishamunda Bonaventure akurikiranyweho cyo kubaga Murekatete Zawadi akamusigamo ibikoresho by’ubuganga mu nda ibyara mu 2008, Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwafashe icyemezo cyo kumurekura by’agateganyo, naho urugaga rw’abaganga bagenzi be rwemeza ko ntacyo rushinja mugenzi wabo. Uru rukiko rwafashe iki cyemezo ku ya 5 Kamena 2012, nyuma […]Irambuye

Dominic Nic azanye Album nshya yise ‘UMUBAVU’

Abahanzi baririmba indirimbo zihimbaza Imana ni bamwe mu bahanzi nabo bagaragara muri muzika nyarwanda mu bikorwa bitandukanye, nkuko byagiye bigaragara muzika ihimbaza Imana ni muzika ikomeye cyane mu Rwanda, ndetse benshi mu bahanzi baririmba indirimbo zisanzwe usanga abenshi barabanje kuririmba indirimbo zihimbaza Imana. Umwe mu bahanzi bazwi muri Gospel Dominic Nic nyuma yo gukora zimwe […]Irambuye

Amavubi U 17: Abakinnyi batoranyijwe byatahuwe ko barengeje imyaka!

Mu minsi ishize umutoza w’ikipe y’igihugu y’abakinnyi bari munsi y’imyaka 17 Richard Tardy hamwe na Kanamugire Aloys bakoze igeragezwa ku bana batanduknaye bagiye batoranywa mu gihugu hose hagamijwe gushaka ikipe shya y’u Rwanda y’abakinnyi bari munsi y’imyaka 17 igomba gutangira kwitabira amarushanwa yo gushaka itike y’igikombe cy’Afurika ku bana bari munsi y’imyaka 17. Akazi aba […]Irambuye

en_USEnglish