Month: <span>April 2011</span>

Gisagara: imibiri 104 yarashyinguwe

Hakenewe amakuru kuhari imibiri itarashyingurwa Mu rwego rwo gukomeza guha icyubahiro imibiri y’abazize Genoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994, ubuyobozi bw’intara y’amajyepfo burasaba abaturage bose gutanga amakuru ku haba hakiri imibiri y’abazize Genoside itarashyingurwa mu cyubahiro kugira ngo nayo ishyingurwe. Ubuyobozi bw’iyi ntara bwabisabye abaturage ku wa gatanu tariki ya 22 Mata 2011, ubwo  mu […]Irambuye

Tugiye kubashishikariza gutaha :Francis N.

Itsinda ry’abanya Congo Brazaville bamaze iminsi mu Rwanda ngo rizashyira abanyarwanda b’impunzi babayo ubuhamya bwabo babanaga mu buhungiro bari kwiteza imbere mu Rwanda. Ni ibyatangajwe n’abagize iri tsinda bamaze iminsi mu Rwanda aho baje kwirebera uko leta y’u Rwanda ishyira mu bikorwa gahunda zo gusubiza mubuzima busanzwe abitandukanyije n’imitwe irwanya leta, mu rwego rwo kugeza […]Irambuye

Uzamukunda Elias Baby arasura U 17

Mugabo Alphred, Kakira Suleiman na Marcel Nzirorera mu mvune Amasaha make mbere y’uko ikipe y’igihugu U-17 ikina na AJ Auxerre, amakuru dukesha David Bayingana n’uko umukinnyi mukuru wabo ukina mu mavubi makuru bamenyeko azabasura ejo ku cyumweru. Hagati aho abakinnyi Alphred Mugabo, Suleiman Kakira na Marcel Nzarora umunyezamu wa mbere bafite utubazo tw’imvune bakaba batari […]Irambuye

Col Nizeyimana Wenceslas yatahutse

Col Nizeyimana Wenceslas umwe mu bari bagize ubuyobozi bw’umutwe wa RUD Urunana yatashye mu Rwanda nkuko tubikesha ORINFOR. Col Nizeyimana Wenceslas avugako atashye nyuma yo kurambirwa kurwana intambara abona atazatsinda kandi ko yari amaze kugira amakuru menshi amubwira ko mu Rwanda ari amahoro, bityo akaba abona nta mpamvu yo kuguma mu mashyamba ya RUCURU aho […]Irambuye

Schwarzenegger kuyobora UE ni igihuha

Kuri uyu wa mbere hakwiriye inkuru ko Arnold Schwarzenegger ngo yaba yifuza kuyobora umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’uburayi UE, bamwe mu bayobozi muri uyu muryango babisetse cyane ngo ni ibidashoboka kuko ngo byaba ari ugusuzugura uyu muryango. “Byaransekeje cyane, ni akumiro” ni amagambo yavuzwe  kuri uyu wa gatanu n’uwahoze ari Ministre w’intebe w’ububirigi Guy Verhosftadt uyobora […]Irambuye

Imiti ikoreshwa mu buhinzi yica abagore

Inkari z’ababyeyi zasanzwemo ibisigazwa by’iyi miti ikoreshwa mu buhinzi Ababyeyi batwite  bakunda kwegera imiti  ikoreshwa mu buhinzi mu kwica udukoko twangiza imyaka, bashobora gutuma abana baba batwite,iyo bamaze kuvuka bagira ubwenge buke ugereranije n’abandi batigeze begerezwa iyo miti. Ubushakashatsi bugaragaza ko bitangira kugaragara, iyo umwana ageze kukigero k’imyaka irindwi(7). Ibisubizo byavuye mu bushakashatsi bubiri bwakorewe […]Irambuye

Imiti ikoreshwa mu buhinzi yica abagore

Inkari z’ababyeyi zasanzwemo ibisigazwa by’iyi miti ikoreshwa mu buhinzi Ababyeyi batwite  bakunda kwegera imiti  ikoreshwa mu buhinzi mu kwica udukoko twangiza imyaka, bashobora gutuma abana baba batwite,iyo bamaze kuvuka bagira ubwenge buke ugereranije n’abandi batigeze begerezwa iyo miti. Ubushakashatsi bugaragaza ko bitangira kugaragara, iyo umwana ageze kukigero k’imyaka irindwi(7). Ibisubizo byavuye mu bushakashatsi bubiri bwakorewe […]Irambuye

Abatoza ba AS Kigali barwanye

Amakuru umwe mu bari  kuri Stade de Kigali i Nyamirambo aho imyitozo ya AS Kigali ikorera imyitozo, aratubwira ko umutoza wa AS Kigali Thierry Hitimana yarwanye n’umutoza w’abazamu SAFARI bapfa ikibuga cy’imyitozo mu masaha make ashize. Byabaye mukanya mu masaa yine ubwo ikipe y’abahungu ya AS Kigali  yazaga mu myitozo igasanga AS Kigali y’abakobwa nayo […]Irambuye

Abantu 100 bavuga rikijyana ku isi 2011

Ikinyamakuru Time Magazine gikorera New York muri USA cyaraye gisohoye urutonde rw’abantu 100 bavuga rikijyana kurusha abandi kw’isi yose (100 most influential people in the world) ni urutonde rusohoka buri mwaka. Uru rutonde rwa 2011 ruyobowe n’umwana w’imyaka 17 ari nawe muto ugaragara kuri uru rutonde, Justin Bieber umuhanzi w’umunya Canada. Abandi bantu bagaraga kuri […]Irambuye

Gerard H. ntazongera gutoza iyi saison

Uyu mufaransa utoza mu ikipe y’Aston Villa mu Bwongereza, afite imyaka 63 ku munsi wejo hashize ni bwo yageze mu bitaro by’umujyi wa Aston villa aho basanze afite ibibazo by’ububabare mu gatuza. Ubu burwayi buzatuma atonera gutoza imikino ya shampionat yari isigaye. Ibi biratuma umutoza wa kabiri wa Aston Villa, Gary McAllister ahita afata inshingano […]Irambuye

en_USEnglish