Tags : Yanga Africans

APR FC itsindiwe i Kigali na Yanga Africans 2-1

Kuri uyu wa Gatandatu, umutoza mushya Nizar Khanfir na APR FC ye batsinzwe na Yanga Africans SC ibitego 2-1 mu mukino ubanza wa 1/16 cya ‘Orange CAF Champions League’ wabereye kuri Stade Amahoro i Remera. Yanga Africans yinjiye mu mukino neza, ari nako APR FC ikora amakosa menshi. Ibi byatumye ku munota wa 20 Juma […]Irambuye

Nizar Kanfir afitiye icyizere abasore be ko bazasezerera Yanga

APR FC na Yanga Africans, zakoze imyitozo ku mugoroba wo kuri uyu wa kane zitegura umukino ugomba kuzihuza kuwa gatandatu muri CAF Champions League. Imihigo ni yose ku mpande zombi. Umutoza wa APR FC ngo afitiye icyizere abasore be. Umuseke waganiriye n’umutoza wa APR FC, Nizar Kanfir atubwira aho ageze yitegura uyu mukino. Nizar Kanfir […]Irambuye

Yanga Africans igeze i Kigali, ije guhangana na APR FC

Yanga Africans bita Wana-Jangwani igeze i Kigali ahagana saa yine n’igice kuri uyu wa kane, ije mu Rwanda gukina na APR FC umukino ubanza mu marushanwa y’amakipe yabaye aya mbere iwayo muri Africa, izanye abasore bayo bazwi mu Rwnada nka Haruna Niyonzima na Mbuyu Twite. Umukino uzaba kuwa gatandatu kuri Stade Amahoro. Yanga ije mu […]Irambuye

Yanga Africans izahangana na APR FC iragera mu Rwanda kuri

Biteganyijwe ko ikipe ya Yanga Africans muri Tanzania bita Wana-Jangwani igera mu Rwanda kuri uyu wakane, ije kwitegura APR FC bazakina kuwa gatandatu mu mikino nyafrica y’amakipe yabaye aya mbere iwayo ategurwa na CAF. Yanga Africans ya kapiteni w’Amavubi Haruna Niyonzima na Mbyu Twite bombi baciye muri APR FCizahangana na APR FC kuwa gatandatu kuri […]Irambuye

Haruna mu myitozo muri APR FC no muri Studio kwa

Haruna Niyonzima umukinnyi mpuzamahanga ukomoka i Rubavu agakina mu ikipe ya Yanga Africans muri Tanzania, hari amakuru avuga ko yaba agiye kugaruka mu ikipe ya APR FC yahozemo, gusa we yabwiye Umuseke ko ubu kuba ari kugaragara mu myitozo ya APR FC ari uko ari mu biruhuko. Muri ibi biruhuko arimo avuga ko mu gitondo […]Irambuye

en_USEnglish