Tags : WHO

Ubushake bw’abaturage, icyerekezo cyiza nizeye ko bizateza imbere u Rwanda

Umuyobozi uhagarariye Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (WHO/OMS) muri Africa, Dr Matshidiso Moeti yavuze ko urugendo yagiriye mu Rwanda rwamubereye agatangaza, ngo yizeye ko u Rwanda ruzakomeza gutera imbere binyuze mu bushake bw’abaturage n’icyerekezo cyizima na politiki ubuyobozi bugenderaho. Nyuma yo kubonana na Perezida Paul Kagame ejo ku wa kane, kuri uyu wa gatanu […]Irambuye

Bwa mbere Umunyafurika yatorewe kuyobora OMS

Tedros Adhanom Ghebreyesus wo muri Ethiopia yatorewe kuyobora Ishami ry’Umuryango Mpuzamahanga ryita ku Buzima (World Health Organization, WHO/OMS). Abaye uwa mbere ukomoka muri Africa utorewe kuyobora uyu Muryango Mpuzamahanga wita ku Buzima, nyuma yogutsinda n’amajwi 186 y’ibihugu binyamuryango bwa UN. Tedros Adhanom azasimbura Margaret Chan, uzasoza igihe cye cy’imyaka 10 yari amaze ayobora uyu muryango, […]Irambuye

Burundi: Malaria imaze guhitana abasaga 800 kuva muri Mutarama 2017

Ku wa mbere Minisitiri w’Ubuzima, no kurwanya Sida, Dr. Josiane Nijimbere, yatangaje ko aho bigeze Malaria ari icyorezo cyugarije igihugu. Nijimbere yavuze ko guhera muri Mutarama 2017 abantu 800 bamaze gupfa bazira Malaria abandi miliyoni 1,8 bafashwe n’iyo ndwara. Imibare igereranya abarwaye Malaria n’abo yahitanye muri aya maze, yerekana ko Malaria mu Burundi yazamutseho 13 […]Irambuye

Urukingo rwa Zika ruri kugeragezwa ariko ngo 2020 izagera hataraboneka

Ubwoko 40 bw’urukingo rwa virus itera Zika buri kugeragezwa, gusa ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima OMS riratangaza ko nta rukingo rwizewe ruzaterwa abagore mbere ya 2020. Umuyobozi w’iri shami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima, Margaret Chan avuga ko iyi virus ituma umwana avukana inenge kuri zimwe mu ngingo z’umubiri we ikomeje kugaragara mu bice […]Irambuye

Urukingo rwa Ebola rwemejwe 100%

Kuri uyu wa Gatanu, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, OMS ryemeje urukingo rwa Ebola ko rushobora kwizerwa 100%. OMS ivuga ko bishobotse uru rukingo rwatangira kuboneka ahantu hose mu mwaka wa 2018. Mu igerageza ryakozwe mu bitaro bikomeye, ryarangiye abantu ibihumbi bitandatu bo muri Guinea bahawe uru rukingo mu mwaka ushize nta n’umwe wanduye […]Irambuye

Uganda: Bashyizeho itegeko ryo gufunga ababyeyi badakingiza abana

*Hari idini ryitwa 666 ryigisha ababyeyi kudakingiza abana Ababyeyi badakingiza abana muri Uganda bazajya bafungwa amezi atandatu muri gereza, hagendewe ku itegeko rishya riheruka gusinywa na Yoweri Museveni. Iri tegeko risaba ko abana bajya ku ishuri bagomba kugira ikarita igaragaza ko bakingiwe. Iri tegeko nk’uko bitangazwa na Minisitiri w’Ubuzima, Sarah Achieng Opendi ngo rizafasha Leta […]Irambuye

en_USEnglish