Tags : WB

Nigeria: Indege ebyiri zegenewe Umukuru w’igihugu zashyizwe ku isoko

Ubuyobozi bwa Nigeria  bwemeje ko bugiye kugurisha indege ebyiri mu ndege 10 Umukuru w’igihugu yari yemerewe kugendamo n’abandi bayobozi bakuru. Umuvugizi wa Perezida Muhammadu Buharu, Garba Shehu  yabwiye BBC ko ibi bigamije kugabanya amafaranga yatangwaga mu kugura amavuta y’izi ndege no kuzitaho bikaba byahendaga Leta. Hahise hasohorwa itangazo ryamamaza ngo abaguzi baze kwigurira izi ndege […]Irambuye

Tariki ya 1/5/2016 Kigali Convention Center na Hoteli yayo bizatangira

Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Amb. Gatete Claver yabwiye abadepite ko imirimo y’ibanze ku nyubako ya Kigali Convention Center na Hotel yayo igeze kure, Leta ikaba yaramaze kwishyura asaga miliyari 26 z’amafaranga y’u Rwanda, ngo bigenze neza tariki 1 Gicurasi 2016, iyi nyubako izaba yatangiye gukorerwamo. Kigali Convention Center na Hotel yayo ni inyubako yagenewe kuzajya iberamo […]Irambuye

U Rwanda mu bihugu 10 bikurura abashoramari muri Africa

Icyegeranyo gishya kigaragaza uko ibihugu 54 bya Africa bikurikirana mu gukurura abashoramari, u Rwanda ruyoboye ibihugu byo muri Africa y’Uburasirazuba, muri Africa igihugu cya Africa y’Epfo kiyoboye ibindi. Iki cyegeranyo cyakozwe n’ikigo, Rand Merchant Bank, kizobereye mu kugaragaza uko ibigo bihagaze mu mitungo, kigaragaza ko Africa y’Epfo iyoboye ibindi bihugu byose muri Africa mu gukurura […]Irambuye

U Rwanda mu bihugu 13 bifite ubukungu buzamuka cyane ku

Raporo ya Banki y’Isi yo mu cyumweru cyashize, yashyize u Rwanda ku mwanya wa 12 mu bihugu 13 bifite ubukungu buzamuka cyane ku isi, iyi raporo iyobowe n’igihugu cya Ethiopia. Iyi raporo igaragaza ko ubukungu bw’u Rwanda muri 2015 buziyongeraho 7,00%, bukazakura kuri iki kigero muri 2016, mu mwaka wa 2017 bukazazamukaho 7, 50%.  Impuzandengo […]Irambuye

en_USEnglish