Tags : USAID

Kayonza: Abana 1 645 bo mu miryango ikennye bahawe ibikoresho

 Kubera ibibazo by’ubukene biri muri imwe  mu miryango mu Karere ka Kayonza, imirenge ya Mwili, Kabare na Gahini, kubona ibikoresho by’ishuri  bihagije byo gufasha abana mu myigire yabo byari ikibazo. Umuryango w’abagore b’Abakiristu bakiri bato witwa YWCA-Rwanda wahaye ibikoresho by’ishuri abana 1645 k’ubufatanye na Global Communities ku nkunga ya USAID. Umwe mu bakozi b’Ikigo YWCA […]Irambuye

Huye: Ambasaderi wa USA yahaye impamyabumenyi abize gusoma bakuze 614

Kuri uyu wa kane Ambasaderi Erica Barks-Ruggles wa USA mu Rwanda hamwe na Guverineri Alphonse Munyantwali w’Intara y’Amajyepfo batanze impamyabumenyi mu gusoma no kwandika ku babyize bakuze bo mu karere ka Huye bagera kuri 614 bose hamwe. Guverineri Munyantwali avuga koi bi bigaragaza umubano mwiza w’Amerika n’u Rwanda. Aba ni abasoje ikiciro cya gatandatu cy’aya […]Irambuye

Abana bafite ubumuga muri Nyaruguru na Nyamagabe, 90,2% ntibarangiza ishuri

Umushinga L3 Plus uharanira uburenganzira bw’abana bafite ubumuga ukorera mu Mirenge itandatu (6) yo mu Turere twa Nyaruguru na Nyamagabe uvuga ko ubushakashatsi wakoreye mu mirenge ukoreramo bwagaragaje ko abana 56,7% bafite ubumuga batajyanwa mu ishuri; 90,2% by’abarigezemo ngo barivamo batarangije. Umushinga L3 Plus unafite ibigo bibiri bishinzwe gutanga amakuru ku bana bafite ubumuga mu […]Irambuye

Kayonza: Abaturage barasaba kugabanyirizwa igiciro cy’amazi

Abaturage bo mu mirenge ya Rwinkwavu na Mwiri ho mu karere ka Kayonza nyuma yo guhabwa umuyoboro w’amazi meza, baravuga ko ubushobozi bwabo butabemera kugura ijerekani imwe y’amazi ku mafaranga y’u Rwanda 30, ubuyobozi bwo buravuga ko ikibazo atari ubushobozi ahubwo ngo ni imyumvire yo hasi y’abaturage. Nyuma y’igihe kirekire imerenge ya Mwiri na Rwinkwavu […]Irambuye

Kicukiro: Abahoze mu buraya ubu ni intangarugero aho batuye

Ahahoze hitwa ‘Sodoma’ i Gikondo mu karere ka Kicukiro, bamwe mu bagore bahoze batunzwe no gukora uburaya bakaza kubuvamo bakibumbira muri koperative ASSOFERWA, ibyo bamaze kugeraho, ibitekerezo n’icyerekezo bafite ubu ngo bituma bafatwa nk’intangarugero aho batuye. Kuri uyu wa 24 Nyakanga ubwo basurwaga n’abakozi b’ikigo cy’Abanyamerika cyita ku iterambere mpuzamahanga USAID gitera inkunga imishinga yabo, […]Irambuye

en_USEnglish