Tags : Transparency International

Ntawe ukwiye kwitwaza ubukene…Ntawe udakennye na Leta ni inkene -Ingabire

Umuyobozi w’Umuryango urwanya ruswa n’akarengane mu Rwanda, Transparency International Rwanda Ingabire Marie Immaculee avuga ko ntawe ukwiye gushakira impamvu yishora mu bikorwa bitemewe n’amategeko nka Ruswa cyangwa ibindi bigayitse ngo avuge ko abiterwa n’ubukene. Ati “ …Ntawe udakennye, na Leta ni inkene.” Yavugaga kuri raporo ya Transparency International yasohowe kuri uyu wa 25 Mutarama igaragaza uko […]Irambuye

Rwanda: Abagera kuri miliyoni 1,5 bafite imyaka 18 bahuye n’ikibazo

Karongi – Umuryango urwanya Ruswa n’akarengane Transparency International Rwanda, uravuga ko mu Ntara y’Iburengerazuba,  muri rusange ruswa igaragara cyane mu nzego zitanga service zikenerwa n’abantu benshi, nibura ngo abageze mu cyiciro cyo gushaka akazi bafite guhera ku myaka 18 kuzamura bagera kuri miliyoni 1,5 bahuye n’ikibazo cya ruswa. Hamurikwa ubushakashatsi bugaragaza uko ruswa yifashe mu […]Irambuye

Umuyobozi wa Transparency ku Isi wari mu Rwanda yanenze ruswa

*Yasuye inzego zifite zishinzwe kurwanya ruswa nk’Urwego rw’Umuvunyi na Police, *Ibyo yabonye ku rwibutso rwa Genocide ku Gisozi ngo ni igisobanuro cy’ibigomba gukorwa *Yanenze inzego z’ubuyobozi muri Sport kudatangaza amakuru arimo n’ibitagenda neza. Mu ruzinduko ari kugirira mu karere ka Afurika y’Uburasirazuba, Umuyobozi mukuru wungirije wa Transparency International ku rwego rw’Isi, Elena A. Ponfilava wari […]Irambuye

Abanyarwanda bagira uruhare mu bibakorerwa baracyari bacye – Transparency

Mu bushakashatsi bwamuritswe kuri uyu wa Kane n’Umuryango mpuzamahanga urwanya ruswa n’akarengane “Transparency International-Rwanda” wakoreye mu Turere tune (4) tw’u Rwanda mu rwego rwo kureba uko Abanyarwanda bahabwa Serivise mu nzego zitandukanye, bwagaragaje ko hakiri ibikeneye kunozwa ngo abaturage bahabwe Serivise zinoze mu nzego z’ubuhinzi, uburezi, ubuzima, ibikorwa remezo no mu kugira uruhare muri za […]Irambuye

Rwanda: Hashinzwe ihuriro rirwanya icuruzwa ry’abantu

Umuryango utegamiye kuri Leta uharanira uburenganzira bwa muntu, ukanafasha abantu batishoboye mu by’amategeko FAAS Rwanda wahurije hamwe inzego zitandukanye z’abikorera kuri uyu wa25 Gashyantare kugira ngo ikibazo cyo gucuruza abantu cyugarije abana b’Abanyarwanda gishakirwe umuti. Icuruzwa ry’abantu (Human Trafficking) ryatangiye kuvurwa cyane mu gihugu cy’u Rwanda mu mwaka ushize maze Perezida wa Repulika Paul Kagame […]Irambuye

en_USEnglish