Tags : Sugira Ernest

APR yambereye umubyeyi – Sugira Ernest

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi  na APR FC Sugira Ernest wari umaze umwaka n’amezi ane(4) adakina kubera imvune yongeye kugaruka mu kibuga kuri uyu wa kane nubwo yagarutse ikipe ye igatsindwa. Auvga ko APR yamubereye umubyeyi mu bihe bibi avuyemo. Hari mu mukino w’ikirarane w’umunsi wa gatandatu wa shampionat bakiriyemo Mukura, Sugira yawukinnye iminota 22 yinjiye […]Irambuye

Sugira Ernest ashobora gusinyira Vita Club muri iki cyumweru

Rutahizamu w’Amavubi na AS Kigali, Sugira Ernest ashobora kuba umukinnyi mushya wa Vita Club yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) mu mpera z’iki cyumweru. Sugira Ernest yatangiye gushakwa na Vita Club yo muri DR Congo muri Gashyantare, nyuma yo kwitwara neza mu gikombe cya Afurika cy’abakina imbere mu gihugu “CHAN 2016” yatsinze mo […]Irambuye

Amavubi yihimuye bikomeye kuri Iles Maurices yari yayakoze mu jisho

Amavubi y’u Rwanda yakoze ibyo ataherukaga, bitanu ku busa bw’ibirwa bya Maurices biheruka kuyatsinda kimwe ku busa. Mu mukino wari ubuntu kwinjira kuri stade kugira ngo bongere kugarura abantu ku kibuga nyuma y’umusaruro mubi, Amavubi yabigezeho, ariko urugendo rwo kujya muri CAN 2017 ruracyakomeye… Amavubi yarushije cyane Iles Maurices, buri wese wabonye uyu mukino yibaza […]Irambuye

en_USEnglish