Tags : Stephen Constantine

Stephen Constantine watozaga Amavubi yasezeye ku mirimo ye

15 Mutarama 2015 – Umwongereza watozaga Amavubi mu gihe cy’amezi umunani ashize yeguye ku mirimo ye kuri uyu wa kane akoresheje ibaruwa yanditse kuri Internet imenyesha ubwegure bwe nk’uko byemezwa na FERWAFA. Akaba ubu yari akiri mu biruhuko by’akazi iwabo. Mu minsi ishize byavuzwe ko uyu mutoza yifuzwa cyane n’ikipe y’igihugu y’Ubuhinde. FERWAFA yatangaje nyuma […]Irambuye

Week end mbi ku Amavubi. Congo 2 – 0 Rwanda

Nyuma y’uko Amavubi y’abatarengeje imyaka 17 atsinzwe ibitego 4 -0 kuwa gatandatu i Kampala, Amavubi makuru nayo kuri iki cyumweru yaguwe nabi i Pointe Noir n’ikipe y’igihugu ya Congo iyatsinda ibitego bibiri ku busa mu mukino ubanza wo gushaka tike yo kujya mu gikombe cya Africa cy’ibihugu kizaba mu 2015 muri Maroc. Ikipe y’igihugu Amavubi […]Irambuye

Sina Jerome yagaruwe mu Amavubi azakina na Gabon

Mu bakinnyi 30 ,mutoza w’ikipe y’igihugu Stephen Constantine yamaze gushyira ahagaragara   yifuza kuzakoresha mu mikino 2 ikipe y’igihugu Amavubi yitegura gukina muri uku kwezi kwa 7, harimo umukino ukomeye uzahuza u Rwanda na Congo Brazza mu gushaka itike y’igikombe cy’Africa ndetse n’uzawubanziriza wa gicuti uzahuza Gabon n’u Rwanda hagaragayemo rutahizamu w’ikipe ya Police FC Sina […]Irambuye

Mashami niwe wagizwe Ass. Coach mu Amavubi. Ariko ntarabibwirwa

10/06/2014 – Mashami Vincent usanzwe  utoza ikipe ya APR FC niwe FERWAFA yemeje ko aba umutoza wungirije mu ikipe y’igihugu Amavubi nk’uko ubuyobozi bwa FERWAFA bwabitangarije Umuseke. Uyu mutoza ariko we yatubwiye ko atarabimenyeshwa kugeza ubwo twandikaga iyi nkuru. Kayiranga Vedaste visi perezida akaba n’umuvugizi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda yabwiye Umuseke ko nyuma yo […]Irambuye

Umushahara w’umutoza mushya w’Amavubi wateje impaka

Mu kiganiro n’abanyamakuru mu muhango wo kumurika umutoza mushya w’ikipe y’igihugu Stephen wasinye amasezerano y’imyaka ibiri kuri uyu wa 21 Gicurasi, abanyamakuru bifuje kubwirwa umushahara uyu mwongereza azajya ahabwa umuyobozi muri Ministeri ababwira ko bidashoboka uretse nyirawo awivugiye. Stephen Constantine we yavuze ko aje kubakira u Rwanda ikipe nziza izakina amarushanwa ya CHAN 2016. Uyu […]Irambuye

en_USEnglish