Tags : Silas Lwakabamba

Ngoma: Kiliziya na Kaminuza byumvikanye ku ikoreshwa ry’ubutaka

Kuwa kabiri, Diyoseze Gatolika ya Kibungo na Kaminuza ya Kibungo (UNIK) basinye umukono ku masezerano yemerera iyi kaminuza kubyaza umusaruro ubutaka bwa Diyosezi hagamijwe guteza imbere abaturage. Aya masezerano yasinyiwe mu biro bya Diyoseze ya Kibungo hagati y’umuyobozi wayo  Mgr Antoine Kambanda n’umuyobozi wa Kaminuza ya Kibungo Prof Silas Lwakabamba, ni amasezerano ngo agamije gukoresha […]Irambuye

Ruhango: Abarimu mu mashuri abanza barasaba kwigishwa mudasobwa

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 12 Kamena 2015, mu Karere ka Ruhango hashojwe amahugurwa y’Ikoranabuhanga ku bariumu 30 bahuguwe n’ishuri rikuru rya ISPG, abahuguwe biyemeje kurushaho gukunda ikoranabuhanga ndetse bakitwa abasangwabutaka muri ryo. Muri gahunda y’Ubutore ishuri rikuru rya ISPG ryashyizeho umurongo wo gutanga umusanzu waryo mu guhindura mu by’ubumenyi abaturanye naryo cyane hibandwa […]Irambuye

Uburezi budahindura ubuzima bw’abantu ntacyo bumaze – Kagame

12 Mata 2015 – Mu ruzinduko yagiriye muri Kaminuza y’u Rwanda, Ishami rya Huye kuri iki cyumweru, President Paul Kagame yabwiye abanyeshuri n’abayobozi ko niba ubumenyi bahabwa budakoreshejwe mu guhindura imibereho y’abanyarwanda ikiri mibi nyuma y’imyaka 60 u Rwanda rubonye ubwigenge, ubwo bumenyi bwaba ari impfabusa. Mu ijambo rye President Kagame yibajije kandi abaza abari aho impamvu […]Irambuye

84% muri ‘primaire’ baratsinze, 86% muri ‘tronc commun’ nabo baratsinda

Kacyiru, 12 Mutarama 2015 – Minisiteri y’uburezi yatangaje ko muri rusange abitabiriye ibizamini bya Leta mu mashuri abanza ari 95.05% by’abari biyandikishije kubikora, mu mwaka ushize hakoze 94,04% by’abari biyandikishije. Naho mu mashuri yisumbuye ikiciro cya mbere uyu mwaka hitabiriye 97,77% by’abiyandikishije mu gihe mu mwaka ushize hari hitabiriye 97,32%. Minisiteri y’ubuzima ikaba ivuga ko […]Irambuye

Dr Biruta yahaye ububasha Prof Lwakabamba muri MINEDUC

Ku gicamunsi cya none kuwa 30 Nyakanga nibwo ku kicaro cya Ministeri y’Uburezi ku Kacyiru Dr Vicent Biruta yahererekanyije ububasha na Prof Silas Lwakabamba Ministre w’Uburezi mushya w’u Rwanda. Dr Biruta wari umaze imyaka itatu kuri uyu mwanya yavuze ko uburezi ari ikintu gihindagurika kugirango hagenderwe ku ngamba nshya na politiki nshya hagamijwe kunoza ireme […]Irambuye

“Ntawe ukwiye kumva ko ari Umunyarwanda kurusha undi” – Kagame

Mu mihango yo gusoza icyiciro cya karindwi cy’Itorero Indangamirwa cyigizwe n’abanyeshuri b’Abanyarwanda 269 baturutse mu bihugu 21 bigize isi bari mu kigo cya Gabiro, Perezida Kagame yabwiye urubyiruko ko aho ruri hose rugomba kwiyumvamo Abanyarwanda kandi ko nta Munyarwanda kurusha undi. Mu ijambo ry’ikaze, umuyobozi w’Itorero ry’igihugu, Rucagu Boniface yavuze ko mbere muri Leta zabanje […]Irambuye

Abubaka urugomero i Mushishiro bahawe ukwezi kumwe ko kurangiza

Mu ruzinduko  Minisitiri w’ibikorwa remezo, Prof Lwakabamba Silas   yakoreye   ku rugomero rw’amashanyarazi rwa Nyabarongo  ruherereye  mu Murenge wa Mushishiro mu Karere ka Muhanga,  kuri uyu wa gatatu taliki ya 09/07/2014  yasabye  abashinzwe imirimo yo kubaka   uru rugomero  ko  bazaba  barangije bitarenze  uku kwezi kwa Nyakanga. Muri uru rugendo Minisitiri  w’ibikorwa remezo  Professeur  Lwakabamba, hamwe n’abandi […]Irambuye

en_USEnglish