Tags : S. Sudan

S.Sudan: Raporo ya UN ishinja leta ya Salva Kirr kwicisha

Raporo ya UN igaragaza ko bashingiye ku bushakashatsi bwakozwe na UN guhera muri Nyakanga 2016,  ibibera muri Sudan y’Epfo byerekena ko abo mu bwoko bw’aba Dinka bari kwica uruhongohongo aba Nuer bakoresheje uburyo butandukanye harimo no gukumira imfashanyo z’ibiribwa. Ubwoko bw’aba Dinka ni bwo Perezida Salva Kirr akomokamo, burashinjwa gukora ibikorwa UN ivuga ko bikorerwa […]Irambuye

“Igihe kirageze ngo tugarukire Imana, dusengere igihugu”- Salva Kiir

Kuri uyu wa Gatatu Perezida wa Sudani y’epfo Salva Kiir yabwiye abaturage ko ibyaha bakoze bihagije kandi byababaje Imana bikomeye, bityo ko igihe kigeze ngo bayigarukire, bayisabe imbabazi kandi basengere igihugu kugira ngo kigire amahoro. Sudani y’Epfo imaze imyaka ikabakaba itanu iri mu ntambara yakurikiye ibihe by’ubwigenge kandi ibigo mpuzamahanga byita ku burenganzira bwa muntu […]Irambuye

Ba Minisitiri muri EAC (Uganda n’u Rwanda) barasura Abarundi i

Kuri uyu wa gatanu mu gitondo, Minisitiri uhagarariye u Rwanda mu muryango wa Africa y’Iburasirazuba (EAC) n’uhagarariyemo Uganda barasura impunzi z’Abarundi ziri mu nkambi ya Mahama mu rwego rwo kureba imibereho yazo. Ku makuru Umuseke wahawe n’ushinzwe gutanga amakuru muri Minisiteri ishinzwe Impunzi n’Ibiza, Ntawukuriryayo Frederic, yavuze aba bayobozi bahaguruka i Kigali mu gitondo ku […]Irambuye

Sudan: Ingabo za RDF n’inshuti z’u Rwanda bibutse Jenoside yakorewe

Ingabo z’u Rwanda zikorera mu muryango w’Abibumbye i Darfur muri Sudan (UNAMID), umuryango mugari w’Abanyarwanda bahakorera, hamwe n’inshuti z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’amahoro bibutse ku nshuro ya 21 Jenoside yakorewe Abatutsi taliki ya 7 Mata 2015. Icyo gikorwa cyabereye mu mujyi mukuru wa Darfur, ahitwa El Fashir. Ushinzwe ibikorwa by’ambasade y’u Rwanda muri Sudan, […]Irambuye

en_USEnglish