Tags : #Rwanda Minagri

Gicumbi: Inyanya zari zageze kuri 8 000 Frw ubu zasubiye

*Igiciro cy’inyanya cyari cyarazamutse cyane, 100 Frw ryaguraga Ebyiri, ubu ni umunani! Abacururiza mu isoko  ry’ akarere ka Gicumbi riherereye mu murenge wa Byumba, baratangaza ko  ibiciro by’inyanya byari bimaze iminsi byarazamutse ubu byagabanutse ku buryo izo bamaze iminsi barangura 8 000 Frw ziri kurangurwa 3 000 Frw. Abasanzwe bahahira mu isoko rya Gicumbi bamaze […]Irambuye

Abadepite basabye BRD korohereza abahinzi babuze ubwishyu kubera ‘Kabore’

Abadepite bagize Komisiyo y’ubukungu n’ubucuruzi basabye ubuyobozi bwa Banki Nyarwanda y’Iterambere (BRD) kwegera abahinzi b’imyumbati bo mu turere twa Ruhango, Muhanga, Gisagara na Nyanza kugira ngo bumvikane uko inyungu ku nguzanyo bari bagurijwe n’iyi banki yazishyurwa buhoro kuko batewe igihombo n’ibiza by’indwara ya ‘Kabore’. Ni mu biganiro byahuje izi ntumwa za rubanda n’ubuyobozi bwa BRD, aho […]Irambuye

U Rwanda rufite intego yo kwinjiza Miliyoni 104 $ avuye

Mu nama nyungurabitekerezo yahuje abafatanyabikorwa baturutse mu gihugu cy’ubuyapani , umushinga wa Bloom Hills Rwanda Ltd hamwe na Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi ( MINAGRI) , umunyamaganga uhoraho muri iyo Minisiteri Tony Nsanganira yatangaje ko mu 2018, Leta yifuza ko izaba ifite ubushobozi bwo kwinjiza amafaranga agera kuri Miliyoni 104 z’amadolari ya Amerika ($) ku mwaka aturutse […]Irambuye

Musanze: Aborozi babonye hafi uruganda rukora ibiryo by’amatungo

Uruganda ‘Zamura Feeds’ rw’Umunyamerika Donnie Smith rukaba rukora ibiryo by’amatungo, rwitezweho kuzamura umusaruro w’ibikomoka ku matungo nyuma yo kuzura rutwaye muliyoni 1,1 z’amadolari ya America. Mu muhango wo kurutaha ku mugaragaro kuri uyu wa kane, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi, Tony Nsanganira yavuze ko uru ruganda ari igisubizo ku Banyarwanda mu nzira nyinshi […]Irambuye

en_USEnglish