Tags : Richard Muhumuza

Ngo hari ibihugu byibagiriwe mu tubati impapuro zo gufata abashinjwa

*Ngo gusaba gufata aba bantu ni umuzigo uba uhaye igihugu kibacumbikiye, *DRC, France,…Ngo impapuro zo gufata abakekwaho Jenoside zibagiriwe mu tubati. Umushinjacyaha Mukuru w’u Rwanda, Muhumuza Richard avuga ko bitoroha gufata aba bantu baba bashakishwa kandi nabo bazi ko bashakishwa, nubwo ngo ari umuzigo uba uhaye ibyo bihugu, ariko ngo hari n’ibibigiramo ubushake bucye. Mu […]Irambuye

Ibyaha bimunga umutungo w’igihugu: Haakurikiranywe asaga MILIYARI 11

*Mu kuzamura abaturage hanyerejwe miliyoni 687, arimo 264 za ‘Girinka’, *Ubushinjacyaha ngo ntibwakurikirana Minisitiri Kaboneka busize Gitifu, *Mu myaka 7, imanza Ubushinjacyaha butsinda ziyongereyeho 16%. Ubushinjacyaha Bukuru uyu munsi bwamuritse ibyo bwagezeho mu mwaka w’Ubucamanza wa 2015-2016, bugaragaza ko mu byaha bimunga umutungo w’igihugu haakurikiranywe amafaranga n’imitungo bifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda asaga miliyari 11, […]Irambuye

2014-2015: Ubushinjacyaha bwatsinze 92,9% bya Dosiye bwaburanye

Ni imibare umushinjacyaha mukuru Richard Muhumuza yatangaje ko bishimira cyane kuko ngo bazamutseho 5% ugereranyije n’uko bari bakoze umwaka ushize wa 2013-2014. Avuga ko gutsinda imanza ari intambwe bateye nyuma yo guhugurirwa akazi abashinjacyaha mu gihugu bakora. Ni ibyo batangaje mu nama yabahuje uyu munsi igamije kwisuzuma. Richard Muhumuza yabwiye itangazamakuru ko muri rusange muri […]Irambuye

2014-2015: Miliyoni hafi 500 yagenewe kuzamura abakene yaranyerejwe

*Abantu 311 bahamwe no kurigisa umutungo wa Leta urenga miliyoni 925 *Abantu 69 bakurikiranyweho kurigisa Rwf 492,007,219 yari agenewe imibereho myiza *Ubushinjacyaha bwatsinze ku kigereranyo cya 92.9% *Ikigereranyo cya dosiye zakozwe ku zakiriwe kingana na 99.2% Mu muhango wo gutangiza umwaka w’Ubucamanza wa 2015-2016; agaragaza ishusho y’ibyagezweho n’Ubushinjacyaha Bukuru mu mwaka wa 2014-2015; Umushinjacyaha Mukuru; […]Irambuye

Ntiwakurikirana ibifi binini udafite ibimenyetso –Muhumuza

Mu kiganiro Umushinjacyaha mukuru wa Repubulika Richard Muhumuza yahaye abanyamakuru kuri uyu wa gatanu yavuze ko igituma bigora gukurikirana abantu bagize uruhare mu kunyereza cyangwa gucunga nabi umutungo wa Leta  basohowe muri raporo y’umugenzuzi w’imari ya Leta biterwa n’uko ababivuga akenshi baba nta bimenyetso bafite ubushinjacyaha bwaheraho mu kazi kabwo. Richard Muhumuza yabwiye abanyamakuru ko mu […]Irambuye

en_USEnglish