Tags : Polisi y’Igihugu

Abagore mu bujura bwa moto, ubuhamya bw’abamotari babiri bibishije

*Abagore batega moto bwije cyane bakagusha umumotari mu gico cy’amabandi, *Andi mayeri ni ugusinziriza umumotari bakoresheje ibinini ubundi bakamwiba Ubujura bwo kwiba moto mu Rwanda hakoreshejwe amayeri bumaze igihe buvugwa, ariko ubu abamotari baravuga ko abagore cyangwa abakobwa binjiye muri ubu bujura, bakaba bakoresha imiti (ibinini) bagasinziriza abamotari nk’uko biri mu buhamya bw’abamotari babiri baganiriye […]Irambuye

Gatsibo: Umusore yaraye yiciwe mu gishanga cya Kanyonyomba

Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Uburasirazuba, IP Emmanuel Kayigi yatangarije Umuseke ko mu gishanga cya Kanyonyomba ahitwa ‘barrage’ mu kagali ka Rwarenga, umurenge wa Remera muri Gatsibo bahasanze umurambo w’umusore wishwe ariko ngo abakekwaho kumwica ntibarafatwa ngo bavuge icyo bamujijije. IP Kayigi avuga ko aho nyakwigedera yiciwe ari mu gishanga kirimo akayira nyabagendwa ariko ngo […]Irambuye

Rusizi: Abayobozi b’ibanze basabwe kuba maso bakirinda ko FDLR yabinjirana

Abayobozi b’inzego z’ibanze kuva mu midugudu itandukanye igize imirenge y’akarere ka Rusizi, ubwo bari mu nama ya bose, bibutswaga zimwe mu nshingano zabo zo kuba hafi abo bayobora no kubatega amatwi buri munsi kuko ari bo bafatanyabikorwa ba buri munsi, basabwe kuba maso bakirinda ko FDLR yabameneramo igahungabanya umutekano. Bamwe muri aba bayobozi batunzwe agatoki […]Irambuye

Kirehe: Abagenzi basabwe gusaba ababatwara kugabanya umuvuduko

Mu gihe impanuka zikomeye zikomeje gutwara ubuzima bw’abantu cyane cyane mu mihanda yo mu ntara, mu karere ka Kirehe hatangijwe ukwezi kwahariwe kubahiriza amategeko y’umuhanda abantu barengera ubuzima, ubuyobozi bw’akarere bwibukije abatwara ibinyabiziga bose kwirinda kwiyahura bagendera ku muvuduko ukabije, busaba n’abagenzi kwibutsa ababatwaye kwirinda umuvuduko ukabije mu gihe babonye bagenda cyane. Mu gihe hirya […]Irambuye

Rusizi: Polisi yamennye L 620 z’inzoga yitwa TAMBAWICAYE 

Polisi y’igihugu kuri uyu wa kane yamennye litilo 620 z’inzoga z’inkorano yatahuye mu tubari two muri centre ya Bugarama no mu ngo z’abahatuye, imwe muri izo nzoga ngo yitwa TAMBAWICAYE. Polisi kandi yanataye muri yombi abantu icyenda bacuruzaga izonzoga, inafata abanywarumogi barindwi n’udupfunyika umunani twarwo. Ubuyobozi burasaba abaturage kureka gukora no kunywa izo nzoga kuko […]Irambuye

en_USEnglish