Tags : Peace Cup

Uko byari byifashe mu Kabagari aho Police FC byayigoye gutsinda

Umukino w’igikombe cy’amahoro warutegerejwe n’abaturage benshi bo mu Kabagali ka Ruhango, Police F.C yatsinze biyigoye United Stars FC igitego kimwe ku busa cyabonetse ku munota wa 88 w’umukino. Abafana bari benshi ku kibuga ntibigeze bacika intege kuva ku munota wa mbere. Ku kibuga cya United Stars mu Kabagali, abaturage bari benshi baje kwihera ijisho uyu […]Irambuye

Peace Cup: United Stars yarahiye ko izatsindira Police FC mu

*Ibiciro byo kwinjira ni uguhera kuri 200 Frw, *Uyu mukino wabaye inkuru ishyushye mu Kabagali ka Ruhango… Ruhango-Mu Kabagali nta yindi nkuru iri mu bakunzi b’umupira w’amaguru uretse umukino w’igikombe cy’amahoro ugiye guhuza United Stars F.C yo muri aka gace na Police F.C kuri uyu wa gatatu tariki ya 19 Mata. Abayobozi b’iyi kipe imaze […]Irambuye

Umutoza wa Rayon Sports yanenze cyane imisifurire ya Issa Kagabo

Nyuma y’aho ikipe ya Rayon Sports itsinzwe ku mukino wa nyuma y’Igikombe cy’Amahoro kuri uyu wa gatandatu, umutoza Kayiranga Jean Baptiste w’iyi kipe yanenze cyane umusifuzi Issa Kagabo amushinja kubogamira kuri Pilisi FC yatsinze 1-0. Mbere y’umukino ikipe ya Police FC yahabwaga amahirwe menshi yo kwegukana iki gikombe, ahanini bigaterwa n’uko yabashije gukuramo ikipe ya […]Irambuye

en_USEnglish