Tags : Obadiah Biraro

Mu Rwanda bamwe babaye ‘Abashumba’ b’imitungo itari iyabo – Umuvunyi

*Cash less economy (kutagira amafaranga mu mufuka) byaca ruswa, *Amategeko aracyajenjekera abahombya Leta mu mishanga mfabusa, *Abantu biyambura imitungo bakayitirira abandi bayobya uburari. *Ngo hari dosiye abazikurukirana basabwa kuzireka n’ “inzego zo hejuru” kandi hari ibimenyetso! Mu biganiro bikomeje kubera mu Nteko Nshingamategeko bijyanye no kurwanya ruswa, mu kiganiro cya kabiri cyatanzwe n’Umuvunyi Mukuru, Ubugenzuzi […]Irambuye

Amateka y’imiyoborere mibi muri RBC aracyagira ingaruka ku buyobozi buriho

*RBC yisobanuye imbere ya PAC ku mafaranga miliyari 2,5 atarasobanuriwe Umugenzuzi w’Imari *Mu buyobozi ngo haracyarimo abagitsimbaraye ku mikorere ya kera. Kuri uyu wa mbere abayobozi b’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (Rwanda Biomedical Center, RBC) bitabye Komisiyo ishinzwe gukurirkirana imikoreshereze y’umutungo wa Leta mu Nteko Nshingamategeko, (PAC) basobanura aho miliyari 2,5 z’amafaranga y’u Rwanda bateretse Umugenzuzi Mukuru […]Irambuye

Ibisobanuro by’abayobozi ba Rusizi na Rubavu ntibyanyuze PAC

Komisiyo mu Nteko nshinga Amategeko ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu (PAC)  kuri uyu wa 13 Nyakanga 2015 ubwo yakiraga abayobozi bo mu Karere ka Rusizi na Rubavu kugira ngo batange ibisobanuro ku mikoreshereze n’imicungire mibi y’ibya Leta bagaragajweho na raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’imari ya Leta ya 2012-13, ibisobanuro byabo ntibyemeje abadepite. Abadepite bagize PAC basabye […]Irambuye

RSSB, EWSA, RRA, na RBC byahombeje Leta za miliyari, abo

Ubwo umugenzunzi mukuru w’imari ya Leta yagezaga raporo igaragaza uko ingengo y’imari y’umwaka wa 2013-2014 yakoreshejwe ku bagize inteko ishinga amategeko imitwe yombi kuri uyu wa 11 Gicurasi 2015, abagize inteko bavuze ko niba ibyo iyi raporo igaragaza ari ukuri, byaba ari agahomamunwa bitewe n’ibigo bitandukanye nka Rwanda Revenue, RSSB, EWSA n’ibindi byahombeje Leta amafaranga […]Irambuye

“Inyerezwa ry’umutungo wa Leta riteye impungenge,” – Umugenzuzi w’Imari ya

Raporo ya 2012-2013 ku ikoreshwa ry’umutungo wa Leta, Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta yashyikirije Inteko Nshingamategeko y’u Rwanda kuri uyu wa 26 Gicurasi 2014, EWSA iri ku isonga mu gukora amakosa menshi y’icungamutungo, naho ngo Inyerezwa ry’umutungo wa Leta riteye impungenge. Iyi raporo Umugenzuzi Mukuru w’imari ya Leta yagejeje mu Nteko Nshingamategeko guhera ku isaha […]Irambuye

en_USEnglish