Tags : Nyamasheke District

Nyamasheke: Umugabo bamusanze yiyahuje inzitiramibu…Ngo ni uruhererekane

Nsengimana Daniel uri mu kigero cy’imyaka 32 wakomokaga mu murenge wa Kanjongo ho mu karere ka Nyamasheke bamusanze yimanitse mu mugozi uboshye mu nzitiramubu, abazi umuryango wa nyakwigendera bavuga ko hari abandi bene wabo bagiye bapfa biyahuye. Mu minsi ishize umukecuru wo muri uyu muryango na we yapfuye yiyahuye nk’uko byemezwa n’ubuyobozi bw’umurenge. Twagirayezu Zachee uyobora […]Irambuye

Nyamasheke: Umugore udoda inkweto yiyubakiye inzu ya 4 000 000

Muri iki cyumweru cyahariwe abagore, hari abakomeje kugaragaza byinshi bamaze kugeraho babikesha kwitinyuka no kwigobotora imyumvire yo kumva ko hari imirimo batagenewe, mu karere ka Nyamasheke uwitwa Mukahigiro Pascasie ukora umurimo wo kudoda inkweto avuga ko yamaze kubikuramo inzu nziza iri ku muhanda ifite agaciro ka miliyoni 4. Hari undi winjiye mu bucuruzi bw’amasaka afite 2 […]Irambuye

Nyamasheke: Ishyamba si ryeru mu bitaro bya Bushenge…Abakozi 8 barasezeye

Mu bitaro bya Bushenge byo Mu karere ka Nyamasheke haratutumba umwuka mubi nyuma y’aho ubuyobozi bw’ibi bitaro bukuriyeho agahimbazamusyi kahabwaga abakozi ndetse hakabaho n’impinduka mu guhembwa kuko bari guhabwa 1/2 cy’umushahara andi ngo bakazaba bayahabwa. Uyu mwuka mubi watumye abakozi umunani barimo abaganga batandatu n’ababyaza babiri basezera ku kazi. Abazi umuzi w’iki kibazo bavuga ko […]Irambuye

Uburengerazuba: Ba Gitifu 7 ngo beguye kubera ‘gutinya umuvuduko w’iterambere’

Kuri uyu wa 13, Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’imirenge irindwi yo mu karere ka Nyamasheke na Rusizi baraye beguye. Benshi muri bo bavuga ko bumvaga badafite imbaraga zihagije zo kugendana n’umuvuduko w’Iterambere u Rwanda rufite. Aba banyamabanga Nshingwabikorwa, barimo batanu bo mu mirenge yo mu karere ka Nyamasheke n’abandi babiri bo mu mirenge ya Rusizi. Bose banditse […]Irambuye

Nyamasheke: 263 barangije kaminuza ngo biteguye guhangana ku isoko ry’umurimo

Abarangije mu ishuri rikuru rwa Kibogora Polytechnic ryo mu karere ka Nyamasheje, baravuga ko ibyo bize bagiye kubibyaza umusaruro bityo ko bizabfasha kwitwara neza ku isoko ry’umurimo kugira ngo biteze imbere banateze imbere igihugu cyababyaye. Aba basoje amasomo yabo muri Kibogora Polytechnic, bishimira ko iri shuri ryabegerejwe, bakavuga ko ryaje ari igisubizo kuko mbere hari abakoraga […]Irambuye

en_USEnglish