Tags : Nkurunziza

Angela Merkel ‘aziyamamariza’ manda ya 4 mu 2017

Ikinyamakuru cyo mu Budage Der Spiegel, kiravuga ko Chancelliere w’iki gihugu Angela Merkel yatangiye ibiganiro byo kuziyamamaza mu matora y’umwanya ariho ashaka manda ya kane. Angela Merkel aziyamamaza muri manda ya kane mu matora azaba mu mwaka wa 2017, nk’uko Der Spiegel, kibivuga ariko ngo ntashobora kuzatangaza umugambi we umwaka wa 2016 utaragera. Aya makuru iki […]Irambuye

Ba Minisitiri muri EAC (Uganda n’u Rwanda) barasura Abarundi i

Kuri uyu wa gatanu mu gitondo, Minisitiri uhagarariye u Rwanda mu muryango wa Africa y’Iburasirazuba (EAC) n’uhagarariyemo Uganda barasura impunzi z’Abarundi ziri mu nkambi ya Mahama mu rwego rwo kureba imibereho yazo. Ku makuru Umuseke wahawe n’ushinzwe gutanga amakuru muri Minisiteri ishinzwe Impunzi n’Ibiza, Ntawukuriryayo Frederic, yavuze aba bayobozi bahaguruka i Kigali mu gitondo ku […]Irambuye

“Abavuga ko Nkurunziza atemerewe kwiyamamaza barata igihe,” – CNDD-FDD

Nyuma y’inama isadanzwe y’abarwanashyaka ba CNDD-FDD kuri uyu wa gatandatu, Perezida Nkurunziza yemejwe nk’umukandida uzahagararira iryo shyaka mu matora y’umukuru w’igihugu agiye kuza, Pascal Nyabenda umuyobozi w’iri shyaka akaba yavuze ko abavuga ko Nkurunziza atemerewe kwiyamamaza barimo guta igihe. Imyigaragambyo y’abamagana iki cyemezo yabikurikiye kuri iki cyumweru yaguyemo abantu babiri. Pascal Nyabenda yemeje ko Nkurunziza ari […]Irambuye

Abacamanza bo muri EAC bariga ku mbogamizi zabangamira ubucuruzi

Kigali: 20/4/2015 Abacamanza baturutse mu bihugu bitanu bigize Umuryango uhuza ibihugu byo muri Africa y’Iburasirazuba (EAC), barasuzuma uburyo bwo gukemura amakimbirane n’impaka bishobora kubangamira ubuharirane n’ubucuruzi ku banyamuryango b’ibi bihugu. Prof Sam Rugege watangiye iyi nama izamara iminsi itatu, yavuze ko abacamanza baziga uko imanza z’ubucuruzi zigomba gucibwa, muri uyu muryango wa EAC ngo kuko […]Irambuye

en_USEnglish