Tags : Munyagishari Bernard

Urubanza rwa Munyagishari rwapfundikiwe, yasabiwe gufungwa BURUNDU

*Amaze hafi umwaka aburanishwa atitaba Urukiko…Yari yikuye mu rubanza… Mu rubanza Ubushinjacyaha buruku bw’u Rwanda bukurikiranyemo Munyagishari Bernard ukekwaho ibyaha bya Jenoside birimo gufata ku ngufu abagore muri Jenoside yakorewe Abatutsi, kuri uyu wa 21 Gashyantare uru rubanza rwapfundikiwe Ubushinjacyaha bumusabira igihano cyo gufungwa burundu. Ubushinjacyaha bumaze iminsi buburana n’abanyamategeko bahagarariye inyungu z’ubutabera muri uru […]Irambuye

Mu rw’Ikirenga, Munyagishari yashinje Ubushinjacyaha gutinza urubanza

Munyagishari Bernard ukekwaho ibyaha bya Jenoside n’ibyibasiye Inyokomuntu birimo Gusambanya ku gahato abagore bo mu bwoko bw’Abatutsi mu 1994, kuri uyu wa 05 Ukuboza mu rukiko rw’Ikirenga yavuze ko Ubushinjacyaha bukomeje gutinza urubanza yarujuririye. Munyagishari wabaye ahagaritse (mu gihe kitazwi) kwitaba urugereko rwihariye ruburanisha Ibyaha Mpuzamahanga n’ibyambukiranya imbibi rumuburanisha ku byaha akekwaho, muri iyi minsi […]Irambuye

Urw’Ikirenga rwemeje ko ruzaburanisha Munyagishari n’ubwo yanze kwisobanura

*Ngo umwanzuro ntiwari gusomwa adafite umusemuzi… Mu rubanza rw’Ubujure bwatanzwe na Munyashari Bernard asaba Urukiko rw’Ikirenga kumurenganura ku mwanzuro wafashwe n’Urukiko Rukuru ko abavoka be yahoranye bikuye mu rubanza akagenerwa abandi, kuri uyu wa 18 Ugushyingo, urukiko rw’Ikirenga rwemeje ko ruzakomeza gusuzuma ubujurire bwe n’ubwo yavuze ko atazasobanura ubujurire bwe. Munyagisha Bernard ukurikiranyweho ibyaha bya […]Irambuye

MDE yashinje Munyagishari gusambanya umukobwa, nyuma amujugunya muri Sebeya ari

*MDE yahoze ari ‘Escort’ (umurinzi) wa Munyagishari, ngo yari akunzwe ku Gisenyi, *Uyu mutangabuhamya avuga ko yiboneye Munyagishari arasa umugore nyuma yo kumutegeka gukuramo imyenda akanga, *Ngo Munyagishari yatozaga Interahamwe, yategekaga ko Abatutsi bicirwa kuri ‘Komini Rouge’, *Ngo yakanguriraga Abahutu kwitwaza ubuhiri bwo gukubita uwo basanze ari Umututsi. Mu rubanza ruregwamo Munyagishari ukurikiranyweho kugira uruhare […]Irambuye

Abunganira Munyagishari basabye ko agirwa umwere, n’ubufasha bwa 12 000

*Abunganira Munyagishari (atemera) bareguuye umukiliya wabo adahari; *Ku cyaha cy’Ubufatanyacyaha mu gukora icyaha cya Jenoside, Me Bikotwa ati “uwo bafatanyije ari he?” *Me Bikotwa ngo Ubushinjacyaha bwatubuye ibyaha,Ati “Ubushinjacyaha buvuga ibyo butazi;” *Abavoka barasaba ko umukiliya wabo akagirwa umwere, n’ubufasha bwa Miliyoni 12 Frw. Mu rubanza Ubushinjacyaha bukuru bukurikiranyemo Munyagishari Bernard ibyaha birimo gusambanya ku […]Irambuye

Urukiko Rukuru rwakoze amakosa kudatumira Minisitiri w’Ubutebera- Munyagishari

Mu bujurire yagejeje ku rukiko rw’Ikirenga bwagombaga kuburanishwa kuri uyu wa 28 Nzeri; Bernard Munyagishari ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yamenyesheje Urukiko ko mu rwego rw’amategeko Urukiko Rukuru rwakoze amakosa kuko rutatumije abarebwa n’ibyo yita akarengane yakorewe ko kwamburwa Abavoka. Bernard Munyagishari akurikiranyweho ibyaha birimo gufata abagore ku ngufu muri Jenoside yakorewe Abatutsi, ndetse no gushinga […]Irambuye

en_USEnglish