Tags : Monique Mukaruriza

‘Abazunguzayi’ bashyizwe mu masoko basonewemo Imisoro n’ubukode mu mwaka

Kuri uyu wa Gatandatu, Ubuyobozi bw’Umugi wa Kigali bwatashye amasoko agezweho yubatswe hagamijwe gukemura ikibazo cy’abacururiza ku mihanda mu buryo butemewe n’amateko. Ubu buyobozi buvuga ko aba bari basanzwe bazwi nk’abazunguzayi bemerewe gucururiza muri aya masoko batabazwa amafaranga y’ubukode, imisoro n’amahooro mu gihe cy’umwaka. Aya masoko yubatswe n’andi ateganyijwe kubakwa mu turere tugize umugi wa Kigali, […]Irambuye

Umujyi wa Kigali tugiye kuwujyana mu cyerekezo 2020 – Mayor

Umuyobozi mushya w’Umujyi wa Kigali Monique Mukaruriza n’abayobozi bashya b’umujyi n’uturere dutatu tuwugize bari kumwe mu Itorero ry’abayobozi i Gabiro babonye umwanya uhagije wo kuganira no kumvikana ku buryo bagiye gukura Umujyi aho wari bakawugeza mu cyerekezo 2020. Kuwa kane, abayobozi bashya baherutse gutorerwa imyanya inyuranye y’ubuyobozi ku rwego rw’uturere n’Umujyi wa Kigali basoje itorero […]Irambuye

Inzego zibishinzwe zikwiye kubona ko Abanyarwanda bakeneye kwidagadura – Massamba

*Kuki Umujyi wa Kigali udashyiraho igishushanyo mbonera cy’ahagenewe kubera ibitaramo? *Abahanzi bakwiye kujya berekana icyemezo bahawe n’inzego z’umutekano mu itangazamakuru mbere y’igitaramo Amaze imyaka isaga 35 mu muziki, ni umwe mu bahanzi bafatwa nk’inararibonye ndetse bubashywe n’abahanzi bato dore ko benshi bifuza kuzatera ikirenge mu cye. Massamba Intore asanga hari igikwiye gukorwa ku ihagarikwa n’ifungwa […]Irambuye

en_USEnglish