Tags : MINEAC

Amagepfo: Abagore ngo kutamenya amahirwe ari muri EAC biri mu

Abagore  bahagarariye abandi mu nzego zitandukanye zo  mu ntara y’Amagepfo, bavuga ko kutamenya amakuru ahagije ku mahirwe yo kuba u Rwanda ruri mu muryango w’Ibihugu bigize Afurika y’Uburasirazuba (EAC) bibadindiza mu nzira yo kwiteza imbere no guteza imbere igihugu cyabo. Mu mahugurwa aba bagore bateguriwe na Minisiteri y’Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba (MINEAC), aba bagore bafite […]Irambuye

U Rwanda ruritegura inama izahuza abacuruzi ba Tanzania n’ab’u Rwanda

Inama ya mbere izaba ku itariki ya 20/5/2016  izahuza abacuruzi ba Tanzania n’ab’u Rwanda mu ihuriro ryitwa  Tanzania Rwanda Trade Forum (TRTF). Mu ruzinduko rwa Perezida wa Tanzania  John Pombe Magufuli mu Rwanda mu minsi ishize ku butumire bwa Perezida Paul kagame, abakuru b’ibihugu byombi bafunguye inyubako y’umupaka wa Rusomo ihuriweho n’ibi bihugu n’ikiraro mpuzamahanga […]Irambuye

Abanyeshuri ngo bitekereza isoko ry’umurimo mu Rwanda gusa – MINEAC

Ugereranyije n’umubare w’abarangiza kaminuza bashaka akazi n’abatagafite ubu isoko ry’umurimo mu Rwanda ubu ni rito, muri iki cyumweru cyahariwe gusobanura akamaro n’ibikorwa by’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba kuri uyu wa kabiri abayobozi muri iyi Minisiteri baganiriye n’abanyeshuri bo muri Kaminuza y’Abadventiste iherereye i Masoro mu karere ka Gasabo bababwira ko bakwiye kwagura ibitekerezo byabo ku byerekeranye no […]Irambuye

Abanyarwanda 44% gusa nibo bazi amahirwe bakura muri EAC

Mu kwitegura icyumweru cyahariwe gusobanura ibikorwa by’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba kuva 6-14 Ugushyingo 2015,  Minisiteri ishinzwe uyu muryango yatangaje ko hari intambwe igaragara wateye harimo no guhuza za gasutamo mu bihugu biwugize, isoko rusange, ibikorwa byo guhuza ifaranga na politiki imwe, ariko ngo Abanyarwanda 44% gusa nibo bazi amahirwe ari mu Muryango wa Africa y’Iburasirazuba […]Irambuye

PSF na MINEAC bagiye guhura n’abikorera bo gihugu hose

Guhera kuri uyu wa kane, tariki 17 Nzeri, Urugaga rw’abikorera mu Rwanda (PSF) na Minisiteri Ishinzwe umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba (MINEAC) baratangira gahunda yo kuzenguruka uturere twose uko ari 30 tugize igihugu baganira n’abikorere kugira ngo barebera hamwe ibibazo abikorera bahura nabyo, ndetse no kureba uko babyaza umusaruro amahirwe agaragara mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba (EAC). […]Irambuye

en_USEnglish
en_USEnglish