Tags : Mani Martin

Mani Martin arerekana impinduka za gi-star…

Ngo nta gihoraho nk’impinduka, ibi ni ukuri, umuhanzi Mani Martin umuheruka mu myaka itanu ishize ubu yakwibaza ko yabaye ‘rock star’. Agaragara nk’umuhanzi ugezweho rwose, kurusha uko byari mu minsi ishize. Mani Martin, kimwe n’abandi bahanzi nka Christopher, DJ Zizou, abasore bagize Active, Urban Boys, Gabiro the Guitar n’abandi…nawe yari yaje kureba umuhanzi WizKid i […]Irambuye

Bimwe mu bya nyuma MWITENAWE aheruka kubwira UM– USEKE

*Mwitenawe Augustin yiberaga mu Ruhengeri ahitwa Kinkware *Yari amaze imyaka 40 mu muziki nyarwanda *Umuhanzi w’umuhanga yavuze ko yemera cyane ni Cecile Kayirebwa  *Yasabaga ko abasaza bakoze umuziki mu Rwanda hajyaho uburyo bwo kubashyigikira Tariki 2 Kamena 2015 yaganiriy n’umunyamakuru w’Umuseke aho yarimo aririmba muri Hotel. Mwitenawe Augustin yavuze byinshi ku buzima bwe mu muziki no mu […]Irambuye

Inkera ya "Hobe Rwanda". Igitaramo cyanyuze benshi bakitabiriye

Inkera y’umuco gakondo yiswe “Hobe Rwanda” y’uyu mwaka yabereye muri Serena mu ijoro ryo kuri uyu wa gatandatu tariki 13 Nzeri yitabiriwe n’Abanyarwanda babarirwa mu bihumbi bibiri, byatumye abahanzi nka Mani Martin, Mariya Yohana, Inganzo Ngari, Gakondo, Mighty Popo n’abandi batarama bashishikaye. Inkera (igitaramo) “Hobe Rwanda” ni igitekerezo cy’Abanyarwanda batandukanye biganemo abahanzi bakora indirimbo mu […]Irambuye

Mani Martin yaba yagiye mu Bufaransa gushaka akazi

Mu gitondo cyo kuwa mbere tariki 28 Nyakanga nibwo Manirakiza Martin uzwi cyane nka Mani Martin yahagurutse i Kigali yerekeza mu Bufaransa, bamwe mu nshuti ze za hafi baravuga ko yaba yahabonye uburyo bwo gukorerayo akagumayo, nubwo we atabivuze gutyo agenda. Mani Martin ni umuhanzi wagiye kenshi mu bihugu by’amahanga kuririmba no kurushanwa agataha. Bamwe […]Irambuye

Amafoto: igitaramo gihebuje cya KAYIREBWA i Kigali

Kicukiro – Nyuma y’imyaka irenga 25, Cecile Kayirebwa wamamaye cyane mu muziki mu Rwanda, umuhanzi ariko uba mu Ububiligi, yaraye ataramiye abanyarwanda. Bitandukanye n’ibindi bitaramo bimenyerewe mu Rwanda, mbere gato ya saa moya z’umugoroba wo kuri uyu wa 16 Werurwe abantu bari bamaze kwitahira igitaramo cyarangiye kandi banyuzwe cyane. Kayirebwa yizihizaga isabukuru y’imyaka 30 amaze […]Irambuye

Greenwich igaruye Mani Martin na Ambasaderi w'abaguzi

Greenwich Hotel nk’uko isanzwe iha abayigana serivise nziza no kubafasha kumererwa neza, yabateguriye igitaramo ngaruka kwezi kizajya kiba kirimo umuhanzi w’icyamamare mu Rwanda no mu Karere Mani Martin n’umunyarwenya ukunda kwiyita Ambasaderi w’abaguzi “Ambasaderi w’Aba-Consomateur”. Iki gitaramo cy’umwimerere wa muzika no kugorora imbavu kizajya kiba buri wa gatanu usoza ukwezi. Umuhanzi Mani Martin azajya aba […]Irambuye

en_USEnglish