Tags : Komisiyo y’amatora

Abakandida bemejwe by’AGATEGANYO ni babiri gusa, Kagame na Habineza

Komisiyo y’igihugu y’amatora imaze gutangaza kuri uyu mugoroba ko Abakandida babiri aribo bemejwe by’agateganyo nk’abujuje ibisabwa bibemerera kwiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu. Abo ni Paul Kagame watanzwe na FPR-Inkotanyi na Frank Habineza wa Democratic Green Party of Rwanda. Abandi bari batanze ibyangombwa bifuza kwiyamamaza bose ngo ntabwo babyujuje neza. Gusa bafite kugeza tariki 06 Nyakanga kuba […]Irambuye

Ku munsi w’AMATORA imbuga nkoranyambaga zishobora gufungwa

* Tuzamenya abakandida bazahatana ku itariki 07/07 * Iby’amafoto yambaye ubusa y’uwifuza kuba umukandida ngo bazabyigaho * Komisiyo imaze kubona miliyari 5,2 kuri miliyari 6,6 bifuza gukoresha *Abatora ngo bazatore badakurikije ubwoko, idini cg abo basangira… Umuyobozi wa Komisiyo y’amatora mu Rwanda yabwiye abanyamakuru kuri uyu wa kane ko ubu bari hejuru ya 90% mu myiteguro y’amatora […]Irambuye

Amatora y’Ibanze: Abakandida 2 068 barahatanira imyanya 832 ya Njyanama

*Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu NEC yahagaritse burundu kwakira ‘Candidatures’ *Abahatanira imyanya mu bajyanama rusange ni 1 233,  89.5% ni abagabo, 10.5% ni abagore, *Abahatanira 30% by’abagore muri njyanama z’uturere ni 835, *NEC ivuga ko hari abiyamamaje bararangije manda bagenerwa n’amategeko ‘candidatures’ zabo zigasubizwa inyuma Mu kiganiro n’Abanyamakuru kuri uyu wa 29 Mutarama […]Irambuye

Bwa mbere mu matora Facebook, WhatsApp na Twitter bizakoreshwa mu

-Imyiteguro yase yamaze gukorwa -Ni yo matora ya mbere hazakoreshwa imbuga nkoranyambaga mu kwiyamamaza. Kuri uyu wa gatatu mu kiganiro Komisiyo y’igihugu y’Amatora yahaye abagize Inteko ishinga amategeko umutwe wa Sena, ndetse n’abandi bakozi b’inteko ku myiteguro y’amatora y’inzego z’ibanze n’izihariye ateganyijwe mu kwezi gutaha, n’ukwa gatatu, Perezida wa Komisiyo y’igihugu y’amatora yavuze ko hari […]Irambuye

Nta gitutu twashyizweho na RPF ku itariki ya Referendum –

*Mu gutora Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryavuguruwe mu 2015 ni “Yego” cyagngwa “Hoya” *Kuwa 21 Ukuboza; Abanyarwanda bazaba bamenye niba Iri tegeko Nshinga ryatowe cyangwa ritatowe *Komisiyo y’amatora ivuga ko itashyizweho igitutu na RPF-Inkotanyi mu kugena Itariki y’amatora; *Miliyari 2.2 z’amafaranga y’u Rwanda niyo azakoreshwa muri aya matora. Mu kiganiro n’Abanyamakuru kuri uyu […]Irambuye

en_USEnglish