Tags : Kiyovu

Kiyovu Sports yategetswe kwishyura Miliyoni 6 Seninga wari umutoza wayo

Nyuma yo kwirukana Seninga Innocent mu buryo bunyuranyije n’amategeko, FERWAFA yahanishije Kiyovu Sports kumuha Miliyoni esheshatu (6) z’amafaranga y’u Rwanda. Akanama gashinzwe imyitwarire k’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’ kategetse Kiyovu Sports kwishyura Seninga Innocent, amafaranga yose yagombaga guhembwa mu mwaka w’amasezerano yari afite muri Kiyovu Sports. Mu itangazo ryamenyeshejwe Kiyovu Sports, FERWAFA yavuze ko […]Irambuye

Mukura VS itsindiwe i Bugesera, Lomami afasha Kiyovu gutsinda Gicumbi

Mukura Victory Sports yari iyoboye urutonde rwa Shampiyona by’agateganyo, itsinzwe na Bugesera 1-0, mu gihe ku Mumena harumbutse ibitego, ubwo Kiyovu Sports yatsindaga Gicumbi ibitego 4-3. Mukura Victory Sports  yari imaze iminsi icumi ya Shampiyona yikurikiranya idatsindwa, itsikiriye mu Karere ka Bugesera. Uyu, wari umukino wo ku munsi wa 15 wa Shampiyona, usoza imikino ibanza […]Irambuye

AS Kigali ku mwanya wa 1, Rayon, APR, Kiyovu nazo

Imikino ya Shampiyona y’icyiciro cya mbere cy’umupira w’amaguru yabaye kuri uyu wa gatandatu tariki 31 Ukwakira, isize nta kinini gihindutse ku rutonde rw’agateganyo kuko amakipe makuru yose yabonye amanota atatu. Mu mikino yabaye kuri uyu wa gatandatu, Rayon Sports yatsindiye Rwamagana City FC iwayo igitego kimwe ku busa (0-1), cyatsinzwe na Kwizera Pierrot. Ni umukino wabereye […]Irambuye

Exclusive: Ali Bizimungu watozaga Kiyovu yeguye

Update: Mu kiganiro kuri telefoni, umutoza Ali Bizimungu yatangarije Umunyamakuru w’Umuseke ko atakiri umutoza wa Kiyovu Sports. Yavuze ko amagambo yatangaje ubwo Kiyovu yatsindwaga na As Kigali ku mukino wa nyuma wa shampiyona, aho yashinjaga ubuyobozi bw’ikipe yatozaga kuba bwaragize uruhare mu kuza ku mwanya mubi wa 9 muri shamipiyona y’uyu mwaka w’imikino, atakiriwe neza […]Irambuye

APR 3 – 1 Kiyovu. Imituku 3 ku mukino w’igikombe

Mu mukino ubanza wa ½ cy’igikombe cy’amahoro  wabereye kuri stade ya Kigali  i Nyamirambo kuri uyu wa 11 Kamena,  ikipe ya APR FC yatsinze ikipe ya Kiyovu Sport umukino ibitego 3-1. Kuri uyu mukino hatanzwe amakarira atatu arukura. Watangiranye ishyaka ku makipe yombi buri ruhande rushaka gutsinda kare, APR FC niyo yabanje gufungura amazamu ku […]Irambuye

en_USEnglish