Tags : Judith Uwizeye

Imitangire y’imirimo ya Leta sinahakana ko irimo ikibazo – Min

*Prof Nkusi Laurent yibaza itandukaniro ry’ikizamini cy’akazi na concours (isuzumabumenyi), *Hon Sen Dr.Ntakuliryayo asanga hakwiriye kujyaho Ikigo cya Leta kihari gishinzwe gutanga ibizamini by’akazi ka Leta, *Hari ubwo usanga ngo nk’Abarimu bakoreshwa ibizamini n’abatazi iby’uburezi, cyangwa bakabazwa ‘definitions’, *Ministeri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo ngo ifite ingamba ariko inakeneye inama za buri wese zakemura iki kibazo. […]Irambuye

IMIHIGO y’ibigo n’uturere: PAC iti “Ntawe ukwiye guhiga ibyo ashinzwe

* Imyaka 10 ishize mu Rwanda hatangijwe gahunga yo gusinya imihigo * Gusa nta tegeko ryayigengaga * Hari kwigwa umushinga w’itegeko ryayo * Iri tegeko rizagena ingaruka zirimo ishimwe n’ibihano Abadepite bagize Komisiyo Ishinzwe Gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo by’Igihugu (PAC) bavuga ko nta muyobozi ukwiye guhiga ibiri mu nshingano ze nk’uko bikunze kugenda, Minisiteri y’abakozi […]Irambuye

Impaka mu Nteko ku kugabanya ibihabwa Abayobozi Bakuru bavuye mu

*Umuyobozi Mukuru wo mu cyiciro cya kabiri, yakomezaga guhembwa adakora umwaka wose *Uwabonaga akazi gahemba munsi y’umushahara yahabwaga, Leta yamwongereragaho ikinyuranyo *Guverinoma irashaka ko ibigenerwa Abayobozi bakuru bajya babihabwa mu mezi 6, *Hon Bamporiki we ntiyumva impamvu ba ‘Nyakubahwa’ bahembwa amezi 6 badakora kandi Leta ibwira abantu kwigira. Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurirmo, Mme Uwizeye Judith, […]Irambuye

“E-recruitment” ngo izaca kugendana impapuro zisaba akazi na RUSWA

*Minisiteri y’Abakozi ba Leta ngo yizeye ko ‘E-recruitment’ izaca ruswa n’ikimenyane. *Nta tangazo ry’akazi ka Leta rizongera gucisha mu binyamakuru, ubu ni kuri Internet, *Minisitiri w’Umurimo avuga ko kwiga imyuga ku warangije Kaminuza bitakuraho impamyabumenyi afite, aho kumara imyaka mu bushomeri. Kuri website ya Minisiteri y’Abakozi ba Leta (www.mifotra.gov.rw) niho amatangazo yose y’akazi ka Leta […]Irambuye

Abakozi ba Leta barasabwa gukora amasaha y’ikirenga nubwo batayahemberwa

27 Mata 2015 – Mu ibaruwa Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’umurimo yandikiye ibigo bya Leta ijyanye no gutegura umunsi mpuzamahanga w’umurimo, abakozi ba Leta basabwe gukora batitaye ku masaha kugira ngo bagere ku ntego bihaye. Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa mbere Minisitiri w’Abakozi ba Leta ariko yibukije ko amasaha y’ikirenga abakozi ba Leta batayahemberwa kubera […]Irambuye

en_USEnglish