Tags : John Gara

Hatangijwe uburyo buzafasha kugaragaza icyahindurwa mu mategeko yo muri EAC

Komisiyo y’Igihugu ishinzwe kuvugurura amategeko yatangije uburyo bw’ikoranabuhanga bwitwa ‘EAC Legislative Compliance Tool’ buzafasha abanyamategeko bo mu bigo bitandukanye n’abandi bantu bose gutanga ibitekerezo ku mategeko yo mu bihugu bigize Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba. John Gara uyobora iyi Komisiyo avuga ko imiryango ifunguye kuri buri wese waba ashaka kugaragaza ikimubangamiye mu mategeko yo mu bihugu bya […]Irambuye

Uwemerewe gukuramo inda azajya ahabwa uruhushya mu minsi 5

*Hari impamvu zizwi zizagenderwaho mu kwemererwa gukuramo inda, *Icyemezo cyo gukuramo ugihabwa azabanza arahire imbere ya Perezida w’urukiko, *Umwana wasambanyijwe azajya akurirwamo inda aherekejwe n’umubyeyi kandi ntajye mu nkiko. *Ubutinganyi si ikibazo kiri mu mategeko y’u Rwanda. Komisiyo y’Igihugu yo kuvugurura amategeko kuri uyu wa kane yagaragarije abanyamakuru bimwe mu byavuguruwe mu gitabo mpanabyaha cy’u […]Irambuye

Leta igeze kure ivugurura igitabo cy’Amategeko ahana mu Rwanda

Komisiyo ishinzwe kuvugurura amategeko iratangaza ko igeze muri bibiri bya gatatu (2/3) ivugurura rusange ry’igitabo cy’amategeko ahana mu Rwanda, ngo kirimo kuvugururwa kugira ngo amategeko n’ibyaha bihuzwe n’igihe u Rwanda rugeraho. Mu kiganiro yahaye Umuseke, umuyobozi wa Komisiyo y’u Rwanda ishinzwe kuvugurura amategeko (Law Reform Commission) John Gara, yavuze ko bari gukorana n’izindi nzego nka […]Irambuye

Abanyarwanda n’amategeko….haracyarimo kutamenya -John Gara

“Ku Isi hose; abantu benshi bibuka ko hari itegeko iyo bagize ikibazo”; “Umuntu wese yari akwiye kumenya nibura bimwe mu bikubiye mu Itegeko Nshinga…”; Mu kiganiro kihariye Umuseke wagiranye n’umuyobozi mukuru wa Komisiyo y’u Rwanda ishinzwe ivugurura ry’amategeko John Gara, yavuze ko mu bihugu hafi ya byose ku Isi; abaturage baba batazi amategeko agenderwaho n’ibihugu […]Irambuye

en_USEnglish
en_USEnglish