Tags : Jean Uwinkindi

Uwinkindi umaze imyaka hafi ibiri mu nkiko yavuze ko ATIGEZE

*“ Ntacyo nabivugaho kuko jye ntigeze mburana”. Niyo magambo yonyine Pasitoro Jean  Uwinkindi ukurikiranyweho ibyaha birimo ibya Jenoside n’ibyibasiye inyokomuntu yavuze mu iburanisha ryo mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki 16 Werurwe 2015 ubwo inteko y’Urukiko Rukuru yamubazaga icyo avuga ku byari bimaze gutangazwa n’Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bumukurikiranyeho ibi byaha. Ku isaha ya […]Irambuye

Ushinjura Uwinkindi yavuze ko Abatutsi ibitero babimeneshaga

Kuri uyu wa 11 Werurwe 2015 ubwo Urukiko rukuru rwumvaga ubuhamya bw’abatangabuhamya batanzwe na Pasitoro Jean Uwinkindi ukurikiranywe n’Ubushinjacyaha bw’u Rwanda kugira uruhare mu iyicwa ry’Abatusti biciwe kuri paruwasi ya ADEPR Kayenzi mu cyahoze ari muri komini Kanzenze, umutangabuhamya wahawe izina rya ICF yavuze ko igitero yari arimo cyari kerekeje ahitwa Cyugaro cyameneshejwe n’Abatutsi bari […]Irambuye

Urw’ikirenga rwanze kuburanisha Uwinkindi kuko yazanye Abavoka bafite ICYASHA

 “ Abavoka wazanye Urukiko Rukuru rwabaciye ibihumbi 500, ntibarabitanga, bityo ntibemerewe kungira uwo ariwe wese” “ Kuba batarubahiriza icyemezo ndakuka cyafashwe n’Urukiko ntibakwiye no guhabwa ijambo muri uru ruabanza”, Ubushinjacyaha “ Icyo cyemezo tukimenye ubu, twaje tuzi ko tuje kuburana ubujurire twatanze”, Me Gashabana. Izi ni imvugo zagarutsweho n’impande zombi kuri uyu wa 09 Werurwe […]Irambuye

Jean Uwinkindi ntiyanyuzwe n’icyemezo cyo guhindurirwa abunganizi

Mu iburanisha ry’urubanza ubushinjacyaha bukurikiranyemo Pasiteri Jean Uwinkindi ku byaha bijyanye na Jenoside, kuri uyu wa gatatu tariki 21 Mutarama 2015, urukiko rwategetse ko Me Gatera Gashabana na Me Niyibizi Jean Baptiste bunganiraga Uwinkindi basimbuzwa kuko bivanye mu rubanza, ariko Jean Uwinkindi yavuze ko nta kifuzo yagejeje mu rukiko cyo gushakirwa abandi bunganizi. Jean Uwinkindi […]Irambuye

Uwinkindi yavuze ko Abatutsi 23 ari bo azi biciwe ku

Mu rubanza Urukiko Rukuru ruburanishamo Ubushinjacyaha na Pasitoro Uwinkindi Jean ku byaha bya Jenoside yakorewe Abatututsi n’ibyibasiye inyoko muntu akurikiranyweho, kuri uyu wa 15 Ukwakira 2014 Pasitoro Jean Uwinkindi yavuze ko Abatutsi 23 aribo azi biciwe ku rusengero rwe i Kayenzi nabo ngo ntako atagize ngo abarwaneho. Ubushinjacyaha bumurega uruhare mu rupfu rw’amagana y’abatutsi bari […]Irambuye

en_USEnglish