Tags : Ingagi

Ingagi zo mu birunga by'u Rwanda na Congo ziyongereyeho 26%

*Ziyongereyeho 124 mu myaka umunani ishize. Ibarura rishya ryakozwe ku bufatanye bw’u Rwanda, DR Congo na Uganda bwagaragaje ko ingagi zo mu birunga zikomeje kwiyongera, zikaba zaravuye kuri 480 mu 2010 ubu zigeze kuri 604 nk’uko bivugwa na Gorilla Fund. Abashakashatsi bakurikiranira hafi izi ngagi zo mu Birunga bishimiye iyi mibare mishya yatanzwe n’iri barura […]Irambuye

Ingagi zo mu birunga by’u Rwanda na Congo ziyongereyeho 26%

*Ziyongereyeho 124 mu myaka umunani ishize. Ibarura rishya ryakozwe ku bufatanye bw’u Rwanda, DR Congo na Uganda bwagaragaje ko ingagi zo mu birunga zikomeje kwiyongera, zikaba zaravuye kuri 480 mu 2010 ubu zigeze kuri 604 nk’uko bivugwa na Gorilla Fund. Abashakashatsi bakurikiranira hafi izi ngagi zo mu Birunga bishimiye iyi mibare mishya yatanzwe n’iri barura […]Irambuye

Abana b’ingagi 19 bavutse nyuma yo Kwita izina, uyu mwaka

Kwita izina ku nshuro ya 12, biza bifite inzanganya matsiko igira iti “dufatanye kwita ku bidukikije tugamije iterambere”.   Uyu muhango wo kwita izina ingagi uzaba tariki 2 Nzeri 2016 ukazabera muri Pariki y’Ibiringa (Kinigi). Abana b’ingagi 19 bavutse nyuma y’umuhango wo kwita izina mu mwaka ushize ni bo bazitwa. Iki gikorwa kizaberamo imurikagurisha ry’ibidukikije  no […]Irambuye

Kinigi: Isomero rigezweho hafi y’Ingagi, abazituriye ku ikoranabuhanga…

Musanze – Centre ya Bisate nirwo rusisiro rwa nyuma rutuwe rwegereye ibirunga, ni mu murenge wa Kinigi mu kagali ka Kaguhu ni munsi neza y’ikirunga cya Bisoke. Kuri uyu wa 02 Nzeri 2015 kuri iyi centre hafunguwe isomero rigezweho ririmo za mudasobwa n’ibitabo. Barihawe n’ikigo cya RDB ku bufatanye na Dian Fossey Foundation nk’umwe mu musaruro w’amafaranga […]Irambuye

30 000Rwf ku munyarwanda ngo arebe ingagi bamwe ngo ababuza

Musanze – Bamwe mu baturage baturiye ibyiza nyaburanga birimo ibirunga n’ingagi bavuga ko ibi byiza badafite ubushobozi bwo kubisura kuko bacibwa amafaranga 30 000 bo bavuga ko ari menshi. Mu kigo cy’igihugu cy’iterambere, RDB, ishami rishinzwe ubukerarugendo bo bavuga ko ayo mafaranga atari menshi ugereranyije n’agaciro k’ibyiza baba bashaka gusuura. Esperance Mukandayisenga atuye mu murenge […]Irambuye

KWITA IZINA ku nshuro ya 10. AMAFOTO

Umuhango wo Kwita Izina ubera mu kigo cy’umuco kiri munsi y’umusozi wa Sabyinyo, Abanyakinigi nk’uko bisanzwe ababa babukereye kuva mu gitondo cya kare baba bari ku mihanda bareba abashyitsi baza muri uyu muhango, ariko no kuwitabira bawitabira ku bwinshi. Abatuye mu Kinigi bavuga ko amashuri, amavuriro n’imihanda myiza babonye byinshi babikesha iterambere ry’ubukerarugendo mu Rwanda, […]Irambuye

Umwana w’Ingagi yiswe bwa mbere na Jeannette Kagame nawe agiye

Mu bana b’ingagi 18 bazitwa amazina kuri uyu wa kabiri tariki 01 Nyakanga, harimo n’umwana w’ingagi yitwa Byishimo yiswe mu myaka 10 ishize ubwo hatangiraga umuhango wo kwita izina, by’umwihariko ikaba ngo yariswe n’umufasha w’umukuru w’Igihugu Jeannette KAGAME. Iyi ngagi Byishimo ivuka ari impanga hamwe n’indi ngagi yitwa Impano, uretse kuba ifite ako gashya kuko […]Irambuye

Ubuvumo bwa Musanze bwatangiye kwinjiriza igihugu amafaranga

Mu gihe gito ubuvumo bw’Akarere ka Musanze bumaze, kuko bwafunguwe mu mpera z’umwaka wa 2013, Ababucunga bavuga ko bwatangiye kwinjiriza igihugu amafaranga, bavuga ko nibura buri munsi bakira abantu bari hagati 20-50 baje kubusura. Ubuvumo bwo mu Karere ka Musanze bugizwe n’ibice bitatu bituruka mu Kinigi kugera ku muhanda wa Kaburimbo unyura imbere y’Ikigo cy’amashuri cya […]Irambuye

Ku ncuro ya 10 abana b’ingagi 18 bagiye kwitwa amazina

Ku ncuro ya cumi, umuhango ngarukamwaka wo kwita amazina abana b’ingagi bashya baba bavutse mu miryango 10 y’ingagi zo muri Pariki y’Ibirunga y’u Rwanda uzaba tariki 01 Nyakanga, kuri iyi ncuro hazitwa ingagi 18. Nk’uko bisanzwe uyu muhango uzabera muri Parike y’igihugu yo mu Birunga ari naho zibarizwa. Insanganyamatsiko yo “Kwita Izina” muri uyu mwaka […]Irambuye

en_USEnglish