Tags : GAERG

Nyaruguru: Abagize AERG na GAERG bubakiye inshike za Jenoside, banagabira

Mu mpera z’iki cyumweru, urubyiruko rwibumbiye mu muryango w’abanyeshyri barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi – AERG  n’abahoze muri uwo muryango barangije kwiga bibumbiye muri ‘GAERG’ batangirijwe ibikorwa ngaruka mwaka bya ‘’AERG GAERG Week’’ mu Karere ka Nyaruguru, aho bubakiye ababyeyi babiri b’inshike ndetse bakanagabira uwarokotse n’uwarokoye Abatutsi. Uru rubyiruko rwa AERG na GAERG rwakoze ibikorwa bitandukanye […]Irambuye

Past. Rutayisire yamaganye ababyeyi bitambika mu rukundo rw’abana ngo ntibahuje

Kigali- Mu giterane, gihuza abanyamadini batandukanye mu matorero biyemeje gusengera igihugu Rev Past. Antoine Rutayisire yamaganye ababyeyi bitambika mu rukundo rw’abana bashaka kubana ngo kuko badahuje ubwoko, avuga ko umuzi w’amacakubiri ukwiye kurandurwa kandi ababyeyi bakabigiramo uruhare rukomeye. Igiterane cyabereye mu mujyi wa Kigali mu nyubako yo kwa Rubangura kiswe ISANAMITIMA, cyateguwe n’abantu batandukanye b’abanyamasengesho […]Irambuye

Gasabo: Umuyobozi wungirije w’akarere yatanze inama ku rubyiruko rwa AERG

Kuri uyu wa gatandatu tariki 12 Werurwe 2016 Umuyobozi w’akarere ka Gasabo wungirije ushizwe ubukungu Mberabahizi Chretien Raymond yabwiye urubyiruko rwibumbiye mu muryango w’abanyeshuri n’abarangije kwiga barokotse Jenocide yakorewe Abatutsi AERG & GAERG ko rutandukanye n’urubyiruko rwasenye ibyo igihugu cyari cyaragezeho. Uyu muyobozi yabivugiye mu murenge wa Jabana mu karere ka Gasabo ubwo urubyiruko rwa […]Irambuye

‘AERG/GAERG Week’ yakomereje Jabana, hasukurwa urwibutso n’imihanda

Kuri uyu wa gatandatu tariki 12 Werurwe, ibikorwa by’icyumweru cya ‘AERG na GAERG’ byabereye mu Murenge wa Jabana, Akarere ka Gasabo, aho abanyeshuri n’abahoze ari abanyeshuri barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bakoze umuganda wo gufasha abatishoboye, basukura urwubutso, ndetse batunganya imihanda.   Imirimo y’uyu munsi yaranzwe no kubakira inzu Sebahutu Saturin w’imyaka 60 warokotse Jenoside utishoboye […]Irambuye

“Muri Camp Kigali hiciwe Abatutsi benshi, nta we uzi aho

Mu mihango yo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi muri Kaminuza y’u Rwanda Koleji y’Ubuvuzi n’Ubuzima (CMHS) ndetse no muri Koleji ya Siyansi na Takinoloji (CST) biri ahahoze Ishuri rya Gisirikare (ESM), uwaharokokeye yavuze ko hiciwe Abatutsi benshi ku buryo kumenya aho bajugunywe bizagorana. Iyi mihango yabaye ku mugoroba wo ku wa gatanu tariki 10 Mata 2015, […]Irambuye

Perezida Kagame yakiriye urubyiruko rugize EGAM na AERG – GAERG

08 Mata 2015 – Kuri uyu wa gatatu  Perezida Paul Kagame yakiriye mu biro bye Urubyiruko rugize umuryango w’abanyeshuri barokotse Jenoside, AERG na bakuru babo barangije bibumbiye muri GAERG bari kumwe n’urubyiruko ruturutse ku mugabane w’uburayi rwibumbiye muri EGAM (The European Grassroots Anti-Racism Movement).  Abagize EGAM baherutse kwakindikira Perezida w’Ubufaransa bamusaba gutanga ukuri ku ruhare […]Irambuye

AHEZA “Talent competition”, Xaverine niwe wabaye uwa mbere

Kigali – Umushinga AHEZA w’ishyirahamwe ry’abanyeshuri bacitse ku icumu rya Jenoside (AERG) kuri uyu wa 20 Werurwe watanze ibihembo ku bahataniraga kugaragaza impano bafite bashobora gufashwa guteza imbere, Mukarurangwa Xaverine niwe warushije abandi mu bihangano by’ubugeni yemuritse. Mukarurangwa yahembwe ibihumbi 150 by’amanyarwanda ndetse anemererwa gufashwa guteza imbere impano ye, bamwe mu bamukurikiye nabo bemerewe gufashwa […]Irambuye

en_USEnglish