Tags : Frank Joe

Kidumu waherukaga muri 2015 ari mu bibazo ni we uzaza

Nimbona Jean Pierre wiyise Kidumu nk’izina ry’ubuhanzi, niwe muhanzi uzitabira Kigali Jazz Junction y’ukwezi kwa Kamena 2017. Uyu muhanzi w’Umurundi yaherukaga mu Rwanda muri 2015 ubwo yaje no kugirana ibibazo na mugenzi we w’Umunyarwanda Frank Joe. Kidumu ni umwe mu bahanzi bafatwa nk’inararibonye mu Burundi no mu karere muri rusange. Yanakunzwe mu ndirimbo nyinshi zitandukanye. […]Irambuye

OFFICIAL: Arthur na Frank Joe bemerewe kujya muri Big Brother

 Ku rutonde rw’ibihugu bizitabira irushanwa rya BIG BROTHER AFRICA hiyongereye u Rwanda, Rukundo Frank (Joe) na Nkusi Arthur nibo bazaserukira u Rwanda nk’uko bigaragazwa n’abategura iri rushanwa. Umuseke wari wamenye amakuru ko aba basore bombi bahagurutse i Kigali kuwa 23 Nzeri bagiye kugerageza amahirwe yo kwinjira muri iri rushanwa kuko ubwa mbere u Rwanda rwari […]Irambuye

Frank Joe na Nkusi Arthur bagiye kugerageza kwinjira muri Big

Mu minsi ishize u Rwanda rwavanywe ku rutonde rw’ibihugu bizitabira irushanwa rya Big Brother Africa kubera impamvu zo gutinda kubona ibyangombwa ku bashoboraga kuryitabira, inkongi y’umuriro yibasiye aho rizabera yatumye ryigizwayo, bisa n’ibyahaye umwanya abanyarwanda bari batoranyijwe kuzaryitabira. Frank Joe na Arthur Nkusi amakuru agera k’Umuseke ni uko bamaze kwerekeza muri Africa y’Epfo muri gahunda […]Irambuye

“Naba mpagarariye igihugu, ntabwo naba ngiye nk’umunyarwenya”- Arthur

Nkusi Arthur, Umunyarwenya ukunzwe cyane akaba n’umunyamakuru, agaragara mu  bitaramo byinshi asusurutsa imbaga, avuga ko mu gihe yaba agize amahirwe yo kujya muri Big Brother Africa yagenda ahagarariye igihugu aho kwitwa umunyarwenya ‘Comedian’. Big Brother Africa ni irushanwa mpuzamahanga ribera muri Africa y’Epfo ryitabirwa n’abantu baturutse mu bihugu bitandukanye, bakabana mu nzu bakagenda bavanwamo kubera imibanire […]Irambuye

Ni inde ukwiye guhagararira u Rwanda muri Big Brother Africa?

Mu Rwanda, abakunzi b’imyidagaduro cyane cyane abazi irushanwa rya Big Brother Africa bashimishijwe no kumva ko u Rwanda ku nshuro ya mbere rugiye kwitabira iri rushanwa. Gusa haribazwa ni inde ukwiye guhagararira u Rwanda muri iri rushanwa ribera muri Africa y’Epfo. Abategura iri rushanwa batangaje ko bari gushakisha abantu bazaryitabira, mu bigenderwaho harimo kuba uri […]Irambuye

en_USEnglish