Tags : EUROPE

Intambara yongeye gututumba hagati ya OTAN n’u Burusiya

Muri iki gihe Syria yahindutse ikibuga ibihugu bikomeye byerekaniramo ingufu za gisirikare bifite. Kuri uyu wa Kabiri u Burusiya bwohereje ubwato bwa gisirikare bugwaho indege mu nkengero z’Inyanja ya Mediteranee aho ingabo zabwo zizajya zihagurukira zitera muri Syria guhashya inyashyamba zirwanya Perezida Bashar Assad harimo na Islamic State. Uku kwegera u Burayi bikozwe n’u Burusiya […]Irambuye

Belgium: Abapolisi 3 batewe icyuma barakomereka mu gikorwa cy’iterabwoba

Babiri muri abo bapolisi batewe icyuma mu gikorwa kiswe icy’iterabwoba nk’uko byemejwe n’abashinjacyaha mu Bubiligi. Umupolisi umwe yatewe icyuma mu ijosi, undi agiterwa mu nda, mu gihe umupolisi wa gatatu yari aje gutabara aho habeyere ibyo, mu karere ka Schaerbeek yakomerekejwe ku zuru. Uwakoze ibyo yarashwe mu kaguru, ajyanwa kwa muganga n’imbangukiragutabara. Abayobozi batangaje amazina […]Irambuye

Abimukira bajya i Burayi bagiye gutuma hahangwa imirimo 100 000

U Bwongereza, Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi na Banki y’Isi, byatangaje umugambi wo guhanga imirimo mishya 100 000 mu gihugu cya Ethiopia mu rwego rwo kugira icyakorwa ku kibazo cy’abimukira bagana i Burayi ari benshi. Muri iki gihugu ngo hazubakwa ahantu habiri hagenewe guhsyirwa inganda, ibikorwa bizatwara akayabo ka miliyoni $500 (£385m). Igihugu cya Ethiopia, cyatanze igitekerezo […]Irambuye

Turkey: Imvururu za Coup d’Etat zahitanye 265 abasirikare 3 000

UPDATE: Leta ya Turukiya yatangaje ko abaguye muri izi mvuru zatangiye ku wa gatanu nijoro zigamije guhirika ubutegetsi ari abasivile n’abapolisi 161, na bamwe mu gatsiko k’abasirikare bashatse gukora Coup d’Etat 104 baguye mu mirwano, abakomeretse ni 1 440. Abasirikare 3 000 batawe muri yombi nyuma y’icyo gikorwa, naho abacamanza 2 700 birukanywe ku kazi […]Irambuye

U Burusiya bwamenyesheje Amerika ko bwatangiye kurasa kuri IS muri

Uburusiya bwatangaje ko indeje zabwo z’intambara zatangiye kurasa ku barwanya b’umutwe wa Leta ya kisilam (Islamic State, IS) urwanya ubutegetsi buriho muri Syria. Nkuko byatangajwe na Minisiteri y’ingabo indege zigomba kurasa ku hantu hose hari ibirindiro by’uyu mutwe, ku mamadoka yawo ndetse no ku bubiko bw’intwaro n’ibikoresho n’inzira z’itumanaho ryabo. Ngo ibyo bitero byatangiye kugabwa […]Irambuye

en_USEnglish