Tags : Eritrea

Umurwa mukuru wa Eritrea wagizwe umurage ndangamateka w’Isi

Abahanga mu mateka bawita ‘Roma Ntoya’.  Asmara umurwa mukuru wa Eritrea. Nyuma y’ubusabe bw’abahagarariye iki gihugu mu muryango w’abibumbye bwamaze igihe kirekire, kuri uyu wa Kabiri Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku bumenyi, ubushakashatsi n’umuco(UNESCO) ryemeye ko Asmara ishyirwa mu bigize umurage ndangamateka w’Isi. Asmara ibaye ikintu cya 48 muri Africa kigiye mu bigize umurage ndangamateka […]Irambuye

Team Rwanda: Batandatu (6) bitabiriye Tour of Eritrea

Kuri uyu wa gatatu tariki 13 Mata 2016, abakinnyi batandatu b’ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umukino w’amagare “Team Rwanda” yitabiriye isiganwa rizenguruka igihugu cya Eritrea. Abakinnyi bagiye kwitabira iri rushanwa ni Patrick Byukusenge, Camera Hakuzimana, Joseph Areruya, Ephrem Tuyushime, Jean Claude Uwizeye na Samuel Mugisha berekeje i Asmala muri Eritrea, bayobowe n’umutoza wabo, akaba n’umuyobozi wa […]Irambuye

Nsengimana Jean Bosco yegukanye Tour du Rwanda 2015

Kuri iki cyumweru tariki 22 Ugushyingo, Nyuma yo kuzenguruka ibice binyuranye by’Umujyi wa Kigali mu gace ‘etape’ ka nyuma k’irushanwa kareshya n’Ibilometero 120, umusore w’Umunyarwanda Nsengimana Jean Bosco w’imyaka 22 niwe wegukanye ‘Tour du Rwanda 2015’ yabaga ku nshuro ya 7, akoresheje 23h54’50’’ mu minsi Umunani (8) bamaze bazenguruka ibice binyuranye by’u Rwanda. Kuva kuri Stade […]Irambuye

Teshome Meron wa Eritea yegukanye Etape ya 5 ya Tour

Bagihaguruka i Muhanga igikundi cyahise cyitura hasi, irushanwa ribanza guhagarara. Isiganwa ryongeye riratangira, gusa mu nzira batararenga akarere ka Muhanga umusore wo muri Eritrea Debretsion Aron yituye hasi arakomereka ndetse ajyanwa kwa muganga ahita ava mu irushanwa. Isiganwa ryakomeje riyobowe n’abasore b’abanyarwanda ariko bageze i Rubavu  Teshome Meron kapiteni w’ikipe ya Eritrea yasize abandi igare […]Irambuye

en_USEnglish