Tags : Dr John Pombe Magufuli

Tanzania: Magufuli yirukanye Minisitiri w’amabuye y’agaciro

Kuri uyu wa Gatatu Perezida wa Tanzania, Dr. John Magufuli yirukanye ku mirimo Sospeter Muhongo wari Minisitiri w’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro n’umugenzuzi wa Leta w’iyi mirimo. Ngo barazira ibyavuye mu iperereza ryagaragaje ko hari kompanyi zohereza amabuye y’agaciro hanze ariko ntizigaragaze ingano ya nyayo y’ibyo zohereza kugira ngo zinyereze imisoro. Iyirukanwa ry’aba bari muri Guverinoma ya […]Irambuye

Tanzania: Abantu bitwaje intwaro bishe Abapolisi 8

Mu ijoro rya ryakeye rishyira kuri uyu wa Gatandatu, mu gace ko mu burasirazuba bw’igihugu cya Tanzania, abantu bitwaje intwaro baraye bagabye ku abapolisi bicamo abapolisi umunani. Ibiro by’Umukuru w’igihugu byasohoye itangazo ryihanganisha imiryango y’aba bapolisi. Muri iri tangazo Perezida Magufuli yavuze ko yatunguwe kandi akababazwa n’iki gikorwa cyaraye kibaye mu ijoro ryo kuri uyu […]Irambuye

Tanzania: Perezida Magufuli yirukanye Minisitiri w’Itangazamakuru

Perezida wa Tanzania John Pombe Magufuli yirukanye Minisitiri w’Itangazamakuru, Nape Nauye uherutse gutangaza ko hakwiye gukorwa iperereza ku myitwarire ya bamwe mu bayobozi mu nzego za Leta bashinjwa gutera ubwoba ibitangazamakuru byigenga bikunzwe mu mujyi wa Dar es Salaam. Mu itangazo rito yasohoye mu gitondo cyo kuri uyu wa kane, Perezida Magufuli ntiyatangaje impamvu yirukanye […]Irambuye

Tanzania: Hakusanyijwe Miliyari Sh 1.4 yo gufasha abagizweho ingaruka n’umutingito

I Dar es Salaam muri Tanzania, kuri uyu wa Kabiri, hakusanyijwe miliyari 1.4 z’amashilingi yo gufasha abagizweho ingaruka n’umutingito wabaye mu mpera z’icyumweru gishize ukanahitana ubuzima bwa benshi. Iyi nkunga yakusanyijwe n’abanyamuryango muri za Ambasade z’ibihugu bitandukanye muri iki gihugu cya Tanzania n’abandi bantu basanzwe bakora ubucuruzi bunyuranye muri iki gihugu. Ni igikorwa cy’ikigega cyazamuwe […]Irambuye

Ba Perezida Magufuli, Mu7, Seretse na Desalegn bagiye kuza mu

Abakuru b’ibihugu barimo Perezida Paul Kagame w’u Rwanda, Yoweri Museveni wa Uganda, Dr John Pombe Magufuli na Seretse Khama Ian Khama wa Botswana, bari ku rutonde rw’abakuru b’ibihugu na Guverinoma bemejwe ko bazitabira inama ya ‘Global African Investment Summit’ izabera I Kigali ku italiki ya 05 na 06 Nzeri 2016. Iyi nama izahuza abayobozi b’ibigo […]Irambuye

en_USEnglish