Tags : Dr Bizimana Jean Damascene

Ku bateguye Jenoside: Hon Mukabalisa ati “Biyitaga intiti ariko njye

*Dr Bizimana ngo abatagaragaza imibiri y’abazize Jenoside ni ingengabitekerezo ikibajengamo Mu muhango wo kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu karere ka Gasabo, kuri uyu wa Gatandatu Perezida w’Umutwe w’Abadepite, Donatille Mukabalisa yanenze abateguye umugambi wa Jenoside kuko barimo abize ndetse bakiyita abahanga we akavuga ko nta bantu bajijutse bashobora gukora nk’ibyo bakoze ahubwo ko ari […]Irambuye

CNLG ivuga ko  urubyiruko rwa Nyuma ya Jenoside rukwiye kwigishwa

Ngoma- Ubwo Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo yo kurwanya Jenoside, Dr Bizimana Jean Damascene yatangaga ikiganiro muri kaminuza ya Kibungo, yavuze ko urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside ari rwo rukwiye kwigishwa ku guhangana n’ingengabitekerezo ya Jenoside kuko baba badafite amakuru ahagije ku mateka mabi yaranze u Rwanda rwo hambere. Uyu muyobozi muri CNLG watangaga ikiganiro muri […]Irambuye

CNLG yishimiye igihano cya ‘Burundu’ cyakatiwe Barahira na Ngenzi

Mu itangazo rigenewe Abanyamakuru, Komisiyo yo kurwanya Jenoside, CNLG ivuga ko yakiriye neza umwanzuro w’Urukiko rw’I Paris rwaraye rwemeje ko Ngenzi Octavien na Barahira Tito bahamwa n’icyaha cya Jenoside rukabatira igihano cyo gufungwa burundu. Octavien Ngenzi na Tito Brahira baasimburanywe ku mwanya wa Burugumesitiri mu cyahoze ari komini ya Kaborondo (ubu ni mu karere ka […]Irambuye

CNLG yakoze inama itegura Kwibuka ku nshuro ya 22

Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jenoside (CNLG) kuri uyu gatatu tariki yaganiriye n’abafatanyabikorwa bayo ku bikorwa bizaranga icyunamo no kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 22, havuzwe ko mu kwibuka hazibandwa ku kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside no kwigisha ububi bwayo. Muri uyu mwaka gahunda yo kwibuka Jenoside ku nshuro ya 22 ibiganiro bizajya byibanda ku kwigisha […]Irambuye

Ihungabana, ikibazo kigikomereye abarokotse Jenoside n’abayikoze

*Iki kibazo gifite umuzi ku ngaruka za Jenoside yakorewe Abatutsi ngo gikora ku byiciro byose by’Abanyarwanda, *Abarokotse ahanini ihungabana ngo bariterwa n’ibyo banyuzemo n’ubuzima babayemo, *Abakoze Jenoside bo ngo bibuka urusaku rw’abo bicaga bikabasubiza muri bya bihe bya Jenoside, *Abayiteguye bahunze n’Abanyamahanga bayigizemo uruhare ngo na bo bibuka uruhare rwabo. Kuri uyu wa kabiri ubwo […]Irambuye

Abasenateri barasaba ko MINALOC ikurwa mu bibazo by’imitungo y’abana barokotse

Kuri uyu wa kabiri tariki 10 Kamena, ubwo Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) yamurikiraga Sena y’u Rwanda aho igeze mu gukemura ibibazo by’imitungo y’abana barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bikagaragara ko hakiri ibibazo byinshi bitarakemuka, Abasenateri basabye ko hashyirwaho Komisiyo yigenga kuko ngo gusaba abayobozi b’inzego z’ibanze kuba aribo bakemura ibi bibazo bisa no kurega uwo uregera, […]Irambuye

en_USEnglish