Tags : Charles Munyaneza

Ku munsi w’AMATORA imbuga nkoranyambaga zishobora gufungwa

* Tuzamenya abakandida bazahatana ku itariki 07/07 * Iby’amafoto yambaye ubusa y’uwifuza kuba umukandida ngo bazabyigaho * Komisiyo imaze kubona miliyari 5,2 kuri miliyari 6,6 bifuza gukoresha *Abatora ngo bazatore badakurikije ubwoko, idini cg abo basangira… Umuyobozi wa Komisiyo y’amatora mu Rwanda yabwiye abanyamakuru kuri uyu wa kane ko ubu bari hejuru ya 90% mu myiteguro y’amatora […]Irambuye

Nabonye Abanyarwanda benshi bashaka kuba Perezida – Munyaneza ES/NEC

Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Amatora (National Electoral Commission, NEC) yavuze ko kimwe mu byihariye bishobora kuzaranga amatora ya Perezida ateganyijwe muri Kanama 2017 harimo n’umubare munini w’abashaka kwiyamamariza kuyobora u Rwanda. Mu kiganiro yahaye abanyamakuru 34 bagiye kujya mu Ntara kongera ubumenyi mu gukora inkuru ku matora kuri uyu wa gatatu, Charles Munyaneza yasobanuye aho imyiteguro […]Irambuye

Karongi: Uwatorewe kuyobora Umudugudu ahozwa ku gitutu ngo yegure

Umuyobozi w’umudugudu wa Gitwa mu kagari ka Mataba mu murenge wa Rubengera, avuga ko we n’abandi babiri batowe tariki 8 Gashyantare 2016 ngo bayobore imidugudu, ubu bahozwa ku gitutu n’abayobozi b’Umuryango FPR Inkotanyi mu kagari no ku murenge babasaba kwegura, bamwe ngo bareguye. Uyu muturage avuga ko tariki ya 8 Gashyantare, yitabiriye amatora nk’abandi baturage, […]Irambuye

UK: Umucamanza yanzuye ko abagabo 5 bakekwaho Jenoside batoherezwa mu

Umucamanza wo mu mujyi wa London yafashe icyemezo cyo kutazohereza abagabo batanu b’Ababanyarwanda bakekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Aba Banyarwanda ni Emmanuel Nteziryayo, Charles Munyaneza na Celestin Ugirashebuja bose bari ba Bourgmestres mu gihe cya Jenoside. Undi ni Dr Vincent Bajinya, wari umuganga i Kigali na Dr Celestin Mutabaruka, wakoraga mu […]Irambuye

Nta gitutu twashyizweho na RPF ku itariki ya Referendum –

*Mu gutora Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryavuguruwe mu 2015 ni “Yego” cyagngwa “Hoya” *Kuwa 21 Ukuboza; Abanyarwanda bazaba bamenye niba Iri tegeko Nshinga ryatowe cyangwa ritatowe *Komisiyo y’amatora ivuga ko itashyizweho igitutu na RPF-Inkotanyi mu kugena Itariki y’amatora; *Miliyari 2.2 z’amafaranga y’u Rwanda niyo azakoreshwa muri aya matora. Mu kiganiro n’Abanyamakuru kuri uyu […]Irambuye

en_USEnglish