Tags : Cameroon

Muri Cameroon bari kwamagana Igifaransa, bane bahasize ubuzima

Abanyamategeko n’abarimu bahanganye bikomeye n’icyo bita ‘ikandamizwa’ (influence) bavuga ko bakorerwa n’abavuga Igifaransa, mu buzima bwabo bwa buri munsi mu gihe igihugu cyabo cyemera indimi ebyiri, Icyongereza n’Igifaransa. Ishyaka ritavuga rumw ena Leta ryitwa Social Democratic Front, riyobowe na John Fru Ndi rikaba rikomoka mu Majyaruguru y’Uburengerazuba bw’Ighugu, ryemeje ko abantu bane bamaze kugwa mu […]Irambuye

Cameroon: Boko Haram yahitanye abasirikare 6 barimo n’ubakuriye

Nibura abasirikare batandatu ba Cameroon barimo umuyobozi wabo birakekwa ko bishwe n’inyeshyamba za Boko Haram zagabye igitero mu gace ka k’Amajyaruguru y’icyo gihugu. Bulama Ali, umuyobozi w’abaturage mu idini ya Islam mu gace ka Darak hafi y’ikiyaga cya Chad, yatangarije BBC ishami rya Hausa ko yabonye iyo mirambo nyuma y’igitero cya Boko Haram. Inyeshyamba za […]Irambuye

USA yishyuye $1 700 ku mwana wagonzwe n’imodoka za Samantha

Cameroon – Leta ya Amerika yatanze impozamarira ku muryango w’umwana w’imyaka irindwi wagonzwe n’imodoka zari ziherekeje Amb. Samantha Power ubwo yasuraga inkambi ziri mu Majyaruguru ya Cameroon. Umuvugizi wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Jeffrey Loree  yavuze ko impozamarira bagomba gutanga igizwe n’ibintu byinshi bizahabwa abaturage bo muri aka karere. USA yageneye impozamarira ya $ […]Irambuye

CHAN 2016: U Rwanda na Cameroun byanganyije mu mukino wo

Rubavu, 06 Mutarama 2016 – Kuri stade Umuganda ivuguruye izakira imikino ya CHAN 2016 ikipe y’u Rwanda y’abakinnyi bakina mu makipe y’imbere mu gihugu hamwe n’iya Cameroun zanganyije (1-1) mu mukino wari unogeye ijisho utegura aya makipe yombi mu iri rushanwa rigiye gutangira mu Rwanda kuva tariki 16 Mutarama kugeza 7 Gashyantare. Imbere y’abasaga ibihumbi […]Irambuye

Ikipe ya Cameroon yageze mu Rwanda mu mukino wa gicuti

Ikipe y’igihugu ya Cameroon, Lions Indomptables yageze i Kigali kuri uyu wa mbere aho yiteguye gukina umukino wa gicuti n’Amavubi ku wa gatatu tariki 6 Mutarama, zombie ziritegura irushanwa rya CHAN 2016 rizatangira mu Rwanda tariki 16 Muatara kugeza ku ya 7 Gashyantare 2016. Intumwa za Cameroon zigizwe n’abantu 35 bagizwe n’abakinnyi 26 zageze mu […]Irambuye

en_USEnglish