Tags : Byumba

Umugi wa Byumba wakeka ko wimutse, inzu nyinshi zafunzwe

Gicumbi – Kuva uyu munsi mu gitondo inzu z’ubucuruzi nyinshi mugi wa Byumba zirafunze, iziri gukora ni amagorofa macye  ari muri uyu mugi. Ubuyobozi burasaba abafungiwe kubaka izigezweho, bamwe bavuga ko badafite ubwo bushobozi. Ejo nibwo igikorwa cyo gufunga inzu z’ubucuruzi zimwe na zimwe cyatangiye, uyu munsi nibwo mu mugi wa Byumba wakeka ko abawubamo […]Irambuye

Gicumbi: Imyotsi iva ku bitaro iteye impungenge, ubuyobozi buti ‘nta

Abaturage bo mu Murenge wa Byumba, by’umwihariko abaturiye n’abakoresha umuhanda unyura ku bitaro bya Byumba bafite impungenge ku ngaruka z’imyotsi ngo bahumeka iyo ibitaro byatwitse imyanda n’ibikoresho byamaze gukoreshwa. Ubuyobozi bwo buravuga ko nta ngaruka yatera. Abaturage banyuranye bakoresha umuhanda unyura ku bitaro bya Byumba, bavuga ko iyo byatwitse imyanda bibasaba kugenda bipfutse amazuru kubera […]Irambuye

Abo muri FPR i Byumba biyemeje kugera ku 100% mu

Gicumbi – Kuri iki cyumweru ubwo abanyamuryango ba FPR-Inkotanyi mu murenge wa Byumba bicaraga ngo barebe ibyo bagezeho mu mwaka w’imari wa 2014-2015 bishimiye ko bageze kuri byinshi bari bahize, ariko bavuga ko bagiye kongera ubwitabire mu bwisungane mu kwivuza bakarenza 90% bariho ubu. Batangaje ko bishimiye kuba barazamuye cyane ubuhinzi bw’ingano n’ibirayi ibirayi, ko […]Irambuye

Gicumbi: Batwitse ibiyobyabwenge n’ibiti bya Kabaruka bihagaze miliyoni 242

Ibiyobyabwenge byiganjemo inzoga zisindisha cyane, kanyanga na chief warragi zitemewe mu Rwanda, urumogi ndetse n’ibiti bya kabaruka abandi bitea imishikiri bifite agaciro ka miliyoni zirenga 242 byatwikiwe mu murenge wa Byumba mu karere ka Gicumbi kuri uyu wa gatanu tariki 10 Ukwakira. Ibi byatwitswe birimo toni 20 z’ibiti bya kabaruka byafashwe bashaka kubijyana mu mahanga […]Irambuye

Gicumbi: Umusirikare yarashe abantu 4 barapfa akomeretsa abandi 7

Mu rukerera rwo kuri iki cyumweru, umusirikare wo ku rwego rwa private witwa Munyambabazi Theogene yarashe abantu 11, mu kabari kitwa Hunters Sport mu mujyi wa Gicumbi bane muri bo bahise bapfa abandi barindwi barakomereka. Uyu musirikare Pt Munyambabazi wakoze ibi yahise atabwa muri yombi. Umuvugizi wa Polisi mu ntara y’Amajyaruguru, Spt. Emmanuel Hitayezu yatangarije Umuseke […]Irambuye

Gicumbi: Hashize umwaka bugarijwe n’umwanda mu isoko!!

Mu isoko riri mu murenge wa Byumba mu mujyi wa Gicumbi abaguzi n’abacuruzi binubira ikibazo cy’umwanda umeze igihe kigera ku mwaka ndetse basabye ubufasha ku karere ariko ntikirakemuka. Nyamara abacuruzi bakavuga ko igihe cyo gutanga imisoro badashobora no kukirenzaho umunsi umwe, iyo misiro akaba ariyo igomba gukoreshwa bakiza umwanda mu isoko. Abaturage bacururiza mu isoko […]Irambuye

en_USEnglish